07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

ko hari idini ubarizwamo ari byo byashingirwagaho <strong>ku</strong>gira ngo ushobore gutora kandi ubone<br />

umwanya mu butegetsi, byatumye abantu benshi babaga ba<strong>ku</strong>ruwe n’impamvu za politiki<br />

y’isi gusa bifatanya n’itorero nyamara batigeze bahinduka mu mitima. Uko ni ko <strong>ku</strong> rwego<br />

ruhambaye amatorero yaje <strong>ku</strong>zurwa n’abantu batihanye by’u<strong>ku</strong>ri, ndetse no mu<br />

bavugabutumwa ntiharimo abemera inyigisho z’ibinyoma gusa, ahubwo ntibari ba<strong>na</strong>zi<br />

imbaraga ya Mwuka Muziranenge ihindura umuntu akaba mushya. Bityo hongeye <strong>ku</strong>garagara<br />

ingaruka mbi, nk’izagiye zigaragara kenshi mu mateka y’itorero uhereye mu gihe cya<br />

Konsitantine <strong>ku</strong>geza igihe cya none. Izo ngaruka zabaye izo <strong>ku</strong>gerageza <strong>ku</strong>baka itorero<br />

hakoreshejwe ubufasha bwa <strong>Leta</strong> ndetse no kwiyambaza imbaraga z’ab’isi mu gushyigikira<br />

ubutumwa bwiza bw’uwavuze ati: “Ubwami bwanjye si ubw’iyi si.” 350 Ukwifatanya<br />

kw’itorero <strong>na</strong> <strong>Leta</strong>, uko kwaba <strong>ku</strong>ri <strong>ku</strong> rwego ruto cyane kose, nubwo <strong>ku</strong>basha <strong>ku</strong>garagara ko<br />

kwatuma ab’isi begera itorero, mu by’u<strong>ku</strong>ri icyo gukora ni ugutuma itorero ari ryo ryegera<br />

isi.<br />

Ihame ry’ingenzi Robinson <strong>na</strong> Roger Williams bari bashyigikiye cyane, ryavugaga ko<br />

u<strong>ku</strong>ri guhora gutera imbere kandi ko Abakristo bakwiriye guhora biteguye kwemera umucyo<br />

wose ubasha <strong>ku</strong>rasa uva mu ijambo ryera ry’Ima<strong>na</strong>, ababakomotseho baje <strong>ku</strong>riteshukaho.<br />

Amatorero y’Abaporotesitanti muri Amerika n’ayo mu Burayi, nubwo yari yarahiriwe cyane<br />

<strong>ku</strong>bwo kwakira imigisha yakomotse <strong>ku</strong> Bugorozi, yaje <strong>ku</strong><strong>na</strong>nirwa gukomeza gu<strong>ku</strong>rikira inzira<br />

y’ubugorozi. Nubwo uko ibihe byahaga ibindi abantu b’indakemwa bahagurukaga<br />

bakamamaza u<strong>ku</strong>ri gushya kandi bakagaragaza amakosa yabaga yarabaye akarande, nk’uko<br />

byagendekeye Abayuda mu gihe cya Kristo cyangwa abayoboke ba Papa mu gihe cya Luteri,<br />

umubare munini w’abantu wishimiraga kwemera ibyo ba se<strong>ku</strong>ruza babo bemeraga no <strong>ku</strong>baho<br />

nk’uko babagaho. Bityo, idini ryongeye gusubira mu mihango gusa, bituma ryizirika kandi<br />

ri<strong>ku</strong>ndwakaza amakosa n’imigenzo y’ibinyoma, byagombaga <strong>ku</strong>ba byararetswe iyo rikomeza<br />

<strong>ku</strong>gendera mu mucyo w’ijambo ry’Ima<strong>na</strong>. Uko ni ko umwuka watangijwe n’Ubugorozi<br />

wagiye ukendera buhoro buhoro <strong>ku</strong>geza ubwo habayeho ubukene bukomeye cyane<br />

bw’ivugurura mu matorero ya Giporotesitanti nk’uko byari bimeze mu <strong>Itorero</strong> ry’i Roma mu<br />

bihe bya Luteri. Nk’uko byari biri mu gihe cya mbere, icyo gihe hariho gu<strong>ku</strong>nda iby’isi no<br />

gusinzira mu by’umwuka, hariho kandi guha agaciro ibitekerezo by’abantu no gusimbuza<br />

inyigisho z’ijambo ry’Ima<strong>na</strong> amahame y’abantu.<br />

Ikwirakwizwa rikomeye rya Bibiliya mu itangira ry’ikinyeja<strong>na</strong> cya cumi n’icyenda, ndetse<br />

n’umucyo utangaje wamurikishirijwe abatuye isi yose muri ubwo buryo, ntibya<strong>ku</strong>rikiwe<br />

n’amajyambere yo <strong>ku</strong>menya u<strong>ku</strong>ri kwahishuwe, cyangwa iyobokama<strong>na</strong> rigaragarira mu<br />

bikorwa. Nk’uko byari byaragenze mu bihe byabanje, Satani ntiyari agishoboye gu<strong>ku</strong>ra<br />

ijambo ry’Ima<strong>na</strong> mu bantu; ryari rifitwe <strong>na</strong> bose; ariko <strong>ku</strong>gira ngo agere <strong>ku</strong> mugambi we,<br />

yateye benshi <strong>ku</strong>riha agaciro gake. Abantu bakerensaga kwiga Ibyanditswe, maze <strong>ku</strong>bw’ibyo<br />

bakomeza kwemera ubusobanuro butari bwo ndetse no gukomera <strong>ku</strong> mahame adafite<br />

ishingiro muri Bibiliya.<br />

215

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!