07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

yivuye inyuma uburenganzira abacamanza ba <strong>Leta</strong> bafite <strong>ku</strong> itorero, ndetse no gusaba ko<br />

abantu bagira umudendezo mu by’idini, ntibyari <strong>ku</strong>basha kwihanganirwa. Bakekaga ko<br />

gu<strong>ku</strong>rikiza izo nyigisho nshya bishobora “guhirika <strong>Leta</strong> ndetse n’ubutegetsi bwose<br />

bw’igihugu.” 343 Baherako bamucira urubanza rwo <strong>ku</strong>muca aga<strong>ku</strong>rwa muri koloni zabo,<br />

maze amaherezo atinye ko yafatwa, biba ngombwa ko ahungira mu mashyamba y’inzitane<br />

mu gihe cy’ubukonje bwinshi n’imiyaga ikaze.<br />

Yaravuze ati : “Mu byumweru cumi <strong>na</strong> bine <strong>na</strong>zereraga mu gihe kibi cyane, ntarya kandi<br />

ntagoheka. Ariko ibiko<strong>na</strong> ni byo byangabuririye mu butayu,” kandi akenshi ibiti<br />

by’inganzamarumbo bifite imyobo ni byo yikingagamo. 344 Nguko uko yakomezaga<br />

guhunga bimubabaje anyura mu rubura no mu mashyamba y’inzitane <strong>ku</strong>geza ubwo<br />

yashoboye <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> ubuhungiro mu bwoko bumwe bw’Abahinde baje <strong>ku</strong>mugirira icyizere<br />

kandi baramu<strong>ku</strong>nda ubwo yihatiraga <strong>ku</strong>bigisha u<strong>ku</strong>ri k’ubutumwa bwiza.<br />

Nyuma y’amezi menshi yo <strong>ku</strong>genda yimuka azerera hirya no hino, amaherezo yaje <strong>ku</strong>gera<br />

<strong>ku</strong> nkengero z’ikigobe cya Narragansett, aho ni ho yashinze urufatiro rwa <strong>Leta</strong> ya mbere<br />

y’ibihe by’amajyambere yemeraga uburenganzira bw’umuntu bwo <strong>ku</strong>gira umudendezo mu<br />

by’idini. Ihame shingiro y’iyo koloni ya Roger Williams ryari uko, “umuntu wese akwiriye<br />

<strong>ku</strong>gira umudendezo wo <strong>ku</strong>ramya Ima<strong>na</strong> a<strong>ku</strong>rikije umucyo w’umutima<strong>na</strong>ma we.” 345 Iyo <strong>Leta</strong><br />

ye ntoya yitwaga Rhode Island, yahereye ko ihinduka ubuhungiro bw’abakandamizwaga<br />

bose, maze ira<strong>ku</strong>ra, ira<strong>ku</strong>ngahara <strong>ku</strong>geza ubwo ya mahame yayo shingiro ari yo —<br />

umudendezo mu by’ubutegetsi bwa <strong>Leta</strong> n’umudendezo mu by’idini — byaje guhinduka<br />

amabuye-fatizo Repubulika ya Amerika ishingiyeho.<br />

Muri iyo nyandiko nini imaze igihe abashinze Repubulika ya Amerika basohoye yari<br />

i<strong>ku</strong>biyemo uburenganzira bwabo,- ari yo bise, “Itangazwa ry’Ubwigenge” 346 -bavuzemo<br />

batya bati: “Kuko ari u<strong>ku</strong>ri <strong>ku</strong>dashidikanywaho, twemera ko abantu bose baremwe kimwe;<br />

ko bose bahawe n’Umuremyi wabo uburenganzira budahinduka; kandi ko muri bwo harimo<br />

: ubuzima, umudendezo no gushakisha ibyabanezeza.” Kandi mu magambo asobanutse neza,<br />

itegeko-nshinga ryemeza ko umutima<strong>na</strong>ma w’umuntu utavogerwa rigira riti: “Nta genzura<br />

mu by’idini rizigera risabwa ngo ribe icyangombwa umuntu akwiriye <strong>ku</strong>zuza ngo abone<br />

umwanya cyangwa umurimo uwo ari wo wose mu butegetsi bwa <strong>Leta</strong> muri <strong>Leta</strong> Zunze<br />

Ubumwe za Amerika.” “I<strong>na</strong>ma n<strong>ku</strong>ru ntizigera ishyiraho itegeko ryerekeranye no gushyiraho<br />

idini cyangwa itegeko ribuzanya gukora iby’idini uko umuntu ashatse.”<br />

“Abatunganyije Itegeko-nshinga bazirikanye ihame rida<strong>ku</strong>ka rivuga ko imibanire<br />

y’umuntu n’Ima<strong>na</strong> ye iri hejuru y’amategeko ashyirwaho n’abantu, kandi ko uburenganzira<br />

bw’umutima<strong>na</strong>ma buda<strong>ku</strong>ka. Gushyiraho u<strong>ku</strong> <strong>ku</strong>ri ntibyasabaga <strong>ku</strong>banza <strong>ku</strong>garirwaho abantu<br />

bashyira mu gaciro, <strong>ku</strong>ko buri wese a<strong>ku</strong>zi mu mutima we. Uko <strong>ku</strong>ri k’umutima<strong>na</strong>ma ni ko<br />

kwakomeje abahowe ukwizera kwabo benshi cyane ubwo bicwaga urubozo kandi<br />

bagatwikwa <strong>ku</strong>bwo <strong>ku</strong>tumvira amategeko yashyizweho n’abantu. Bumvaga ko inshingano<br />

yabo <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong> iruta cyane amategeko y’abantu, kandi ko abantu badafite uburenganzira bwo<br />

213

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!