07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

ni ko kwatumye abatuye isi baba abahaka<strong>na</strong> Kristo, kandi ubwo itorero ryaha<strong>na</strong>ga abahakanyi<br />

nta kibi ryakoze.” 339 Abakoloni bari batuye muri Amerika batoye itegeko rivuga ko abantu<br />

babarizwa mu itorero ari bo bonyine bagomba <strong>ku</strong>gira ijambo mu butegetsi bwa <strong>Leta</strong>.<br />

Hashyizweho ubutegetsi bwa <strong>Leta</strong> bugendera <strong>ku</strong> mahame y’itorero, abaturage bose basabwa<br />

gutanga umusanzu wo <strong>ku</strong>nganira ubuyobozi bw’idini kandi abacamanza bahabwa<br />

uburenganzira bwo gu<strong>ku</strong>raho ubuhakanyi. Muri ubwo buryo, ubutegetsi bw’iby’isi bwari buri<br />

mu maboko y’itorero. Ntibyatinze izo ngamba ziza <strong>ku</strong>byara itoteza ari ryo ryabaye ingaruka<br />

simusiga.<br />

Imyaka cumi n’umwe hamaze gushingwa intara ya mbere y’ubukoloni, nibwo uwitwa<br />

Roger Williams yaje muri Amerika (Icyo gihe bayitaga Isi Nshya). Kimwe <strong>na</strong> ba Bagenzi<br />

bahageze mbere, yari azanwe n’umugambi wo gushaka umudendezo mu by’iyobokama<strong>na</strong>;<br />

ariko ibinyuranye n’ibyabo, yabashije <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> ibyo bake cyane bari barashoboye <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> mu<br />

gihe cye, yuko uwo mudendezo ari uburenganzira butavuguruzwa bwa buri muntu hatitawe<br />

<strong>ku</strong> myizerere ye. Yashakashakaga u<strong>ku</strong>ri abishishikariye, kandi akizera kimwe <strong>na</strong> Robinsons<br />

ko bidashoboka ko umucyo wose wo mu ijambo ry’Ima<strong>na</strong> waba waramaze kwakirwa.<br />

Williams “yabaye uwa mbere mu turere twari tugezweho tw’Ubukristo, washingiye<br />

ubutegetsi bwa <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> ihame ryo <strong>ku</strong>gira umudendezo mu gu<strong>ku</strong>rikiza umutima<strong>na</strong>ma ndetse<br />

n’uburinganire bwo gutanga ibitekerezo imbere y’amategeko.” 340 Yavugaga ko inshingano<br />

y’abacamanza ari iyo gu<strong>ku</strong>mira ibyaha, ko atari iyo <strong>ku</strong>genga umutima<strong>na</strong>ma. Yaravuze ati:<br />

“Rubanda cyangwa abacamanza bashobora gufata umwanzuro <strong>ku</strong> cyo umuntu akwiriye<br />

gukorera mugenzi we; ariko igihe bagerageje gushyiraho inshingano umuntu afite <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong>,<br />

baba barengereye kandi iyo bimeze bityo nta mutekano ushobora <strong>ku</strong>boneka; <strong>ku</strong>bera ko<br />

byumvika<strong>na</strong> ko niba umucamanza afite ububasha, uyu munsi ashobora gushyiraho itegeko<br />

rishingiye <strong>ku</strong> bitekerezo ru<strong>na</strong>ka cyangwa imyizerere, ejo agashyiraho irindi nk’uko byagiye<br />

bikorwa n’abami n’abamikazi batandukanye mu Bwongereza ndetse bika<strong>na</strong>korwa n’abapapa<br />

banyuranye n’i<strong>na</strong>ma zitari zimwe mu itorero ry’i Roma, <strong>ku</strong> buryo imyizerere yahinduka<br />

uruhurirane rw’urujijo.” 341<br />

Kujya muri gahunda zo gusenga z’itorero ryariho byari bitegetswe abantu utabikoze<br />

agacibwa igihano cyangwa agafungwa. “Williams ntiyemeraga iryo tegeko. Ryari itegeko ribi<br />

<strong>ku</strong>ruta ayandi yose mu mategeko y’Ubwongereza <strong>ku</strong>ko ryahatiraga abantu <strong>ku</strong>jya gusenga mu<br />

itorero rya <strong>Leta</strong>. Guhatira abantu kwifatanya n’abo badahuje imyizerere we yabifataga ko ari<br />

u<strong>ku</strong>vogera uburenganzira bw’umuntu <strong>ku</strong> mugaragaro; kandi <strong>ku</strong>jya<strong>na</strong> gusenga abatizera<br />

n’abatabishaka <strong>ku</strong> ngufu, <strong>ku</strong>ri we byari u<strong>ku</strong>basaba gukora uburyarya. . . Yongeyeho ati: ‘Nta<br />

muntu ukwiriye guhatirwa <strong>ku</strong>jya gusenga, cyangwa kwemera uburyo bw’imisengere<br />

atabyiyemereye.’ Abataravugaga rumwe <strong>na</strong> we batangajwe n’ibyo yavugaga maze baravuga<br />

bati: ‘Bishoboka bite? mbese umukozi ntakwiriye igihembo cye?” Na we yarabasubije ati:<br />

‘Yee, ariko agihabwa n’abamukoresha.” 342<br />

Roger Williams yarubahwaga kandi aga<strong>ku</strong>ndirwa ko yari umugabura w’umwizerwa, ufite<br />

impano utabo<strong>na</strong> muri benshi, akaba indahemuka n’umunyabuntu; nyamara uko guhaka<strong>na</strong><br />

212

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!