07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Mu myaka hafi mirongo ine nyuma yuko Kristo ubwe avuze akaga kazagera <strong>ku</strong>ri<br />

Yerusalemu, Umukiza yagiye atinza ibihano yari yarakatiye uwo mujyi n’icyo gihugu.<br />

Kwihanga<strong>na</strong> Ima<strong>na</strong> yagiriye abantu banze ubutumwa bwayo bwiza kandi bakica Umwa<strong>na</strong><br />

wayo kwari agahebuzo. Umugani w’igiti cy’umutini kiteraga imbuto wereka<strong>na</strong>ga ibyo Ima<strong>na</strong><br />

yagiriye ishyanga ry’Abayuda. Hari haratanzwe itegeko rivuga ngo «Uwuce, urakomeza<br />

<strong>ku</strong>nyunyuriza iki ubutaka?» (Luka 3:17), nyamara imbabazi z’Ima<strong>na</strong> zari zaragiye zireka icyo<br />

giti kikagumya <strong>ku</strong>baho kitaranduwe. Mu Bayuda hari hakirimo benshi bari bataramenya<br />

imico n’umurimo bya Kristo. Aba<strong>na</strong> bari batarabo<strong>na</strong> amahirwe kandi batarakira umucyo<br />

ababyeyi babo bari baranze baka<strong>na</strong>suzugura. Binyuze mu gikorwa cyo <strong>ku</strong>bwiriza ubutumwa<br />

cy’intumwa ndetse n’abazifashaga, Ima<strong>na</strong> yari gutuma barasirwa n’umucyo. Yari <strong>ku</strong>bemerera<br />

kwibonera u<strong>ku</strong>ntu ubuhanuzi bwagiye busohora bitari gusa mu ivuka rya Yesu no mu<br />

mibereho ye, ahubwo no mu rupfu rwe no <strong>ku</strong>zuka kwe. Ntabwo abo ba<strong>na</strong> bahowe ibyaha<br />

by’abayeyi babo; ariko igihe bamaraga <strong>ku</strong>menya umucyo wose ababyeyi babo bahawe, maze<br />

bakanga kwemera uwiyongereyeho <strong>na</strong> bo ubwabo bahawe, bahindutse abafatanyacyaha<br />

n’ababyeyi babo, maze buzuza urugero rw’ibibi byabo.<br />

Kuba Ima<strong>na</strong> yarihanganiye ab’i Yerusalemu ntacyo byabamariye ahubwo byashimangiye<br />

Abayuda mu gutsimbarara <strong>ku</strong> <strong>ku</strong>tiha<strong>na</strong> kwabo. Mu kwanga abigishwa ba Yesu no <strong>ku</strong>bagirira<br />

<strong>na</strong>bi, banze kwakira imbabazi ziheruka bari bahawe. Icya<strong>ku</strong>rikiyeho rero ni uko Ima<strong>na</strong><br />

yaba<strong>ku</strong>yeho uburinzi bwayo kandi iba<strong>ku</strong>raho imbaraga yayo yabakingiraga Satani<br />

n’abamarayika be maze igihugu gisigara kiri mu maboko y’umuyobozi bihitiyemo. Abaturage<br />

bacyo bari barahinyuye ubuntu bwa Kristo bwajyaga <strong>ku</strong>babashisha gutsinda ingeso mbi zabo,<br />

none ni zo zari zisigaye zibitegekera. Satani yabyukije ibyifuzo by’ubugome n’ubuhenebere<br />

bukabije mu mitima yabo. Abantu ntibari bagitekereza, bari bararenze igaruriro—basigaye<br />

bayoborwa n’ibibajemo n’ibisazi. Babaye aba Satani mu bugome bwabo. Mu miryango no<br />

mu gihugu cyose, mu bantu bo mu nzego zo hejuru n’abo mu zo hasi, hariho <strong>ku</strong>tizera<strong>na</strong>,<br />

<strong>ku</strong>girira<strong>na</strong> ishyari, kwanga<strong>na</strong>, amakimbirane, ubwigomeke ndetse n’ubwicanyi. Nta hantu <strong>na</strong><br />

hamwe hari umutekano. Abari incuti ndetse n’abari bafitanye isano baragambanira<strong>na</strong>ga.<br />

Ababyeyi bahotoraga aba<strong>na</strong> babo, aba<strong>na</strong> <strong>na</strong> bo bagahotora ababyeyi babo. Abategetsi b’iryo<br />

shyanga ntibari bashoboye kwiyobora ubwabo. Ibyifuzo by‘abo batashoboraga gutegeka<br />

byari byarabagize abategetsi b’abanyagitugu. Abayuda bari baremeye ubuhamya<br />

bw’ibinyoma <strong>ku</strong>gira ngo bicishe Umwa<strong>na</strong> w’Ima<strong>na</strong> utagira inenge. Muri icyo gihe rero<br />

ibirego by’ibinyoma byari bitumye ubuzima bwabo bubura ishyikizo n’umutekano. Binyuze<br />

muri ibyo bikorwa byabo, bari bamaze igihe kirekire bavuga ngo «mutume Umuziranenge wa<br />

Isirayeli atuvamo rwose. »Yesaya 30:11. Icyo gihe bahawe icyo bifuzaga. Kubaha Ima<strong>na</strong><br />

ntibyari bikibahangayikishije. Satani ni we ubwe wari wiyoboreye icyo gihugu kandi ni we<br />

wakoreshaga abategetsi bo <strong>ku</strong> rwego rwo hejuru bayoboraga abaturage <strong>ku</strong> rwego rwa leta<br />

n’urw’idini.<br />

Hari igihe aba<strong>ku</strong>ru b’udutsiko twabaga duhanganye bishyiraga hamwe <strong>ku</strong>gira ngo<br />

banyage kandi bice urubozo abo bafashe mpiri, maze <strong>na</strong> none ingabo zabo zikongera<br />

14

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!