07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

ikoresheje undi mugaragu wayo uwo ari we wese, mwitegure <strong>ku</strong>cyakira nk’uko mwabaga<br />

mwiteguye kwakira u<strong>ku</strong>ri kose <strong>na</strong>giye mbagezaho mu murimo wanjye; <strong>ku</strong>ko niringiye<br />

ndashidikanya ko Uhoraho afite u<strong>ku</strong>ri n’umucyo biruseho bitarahishurwa binyuze mu Ijambo<br />

rye ryera.” 335<br />

“Ku bwanjye, si<strong>na</strong>shobora <strong>ku</strong>babwira mu buryo buhagije uko mbabazwa n’amatorero<br />

amwe avuguruye yageze aho atakigira ikindi cyiyongera <strong>ku</strong> myizerere yayo, none ubu akaba<br />

adashobora gutera indi ntambwe irenze ibyo ubugorozi bwayo bwashingiyeho. Abayoboke<br />

ba Luteri ntibashobora kwemera gutezwa indi ntambwe ngo bamenye ibirenze ibyo Luteri<br />

yabonye; ... Murabo<strong>na</strong> ko abayoboke ba Kaluvini <strong>na</strong> bo basa n’ababoheye aho uwo muntu<br />

ukomeye w’Ima<strong>na</strong> yabasize, nyamara ntiyari azi ibintu byose. Ibyo ni ubuhanya buteye<br />

amaganya cyane; <strong>ku</strong>ko nubwo abo bantu baguruma<strong>na</strong>ga kandi bakamurika umucyo mu gihe<br />

cyabo, ntabwo bashoboye kwimbika ngo bamenye i<strong>na</strong>ma zose z’Ima<strong>na</strong>, ahubwo iyaba muri<br />

iki gihe bajyaga <strong>ku</strong>ba bariho, bajyaga <strong>ku</strong>gira ubwuzu bwo kwakira umucyo uruta uwo bari<br />

barakiriye mbere.” 336<br />

“Mwibuke isezerano ry’itorero ryanyu, iryo mwemereyemo <strong>ku</strong>gendera mu nzira zose<br />

z’Uhoraho, zaba izo yamaze <strong>ku</strong>bamenyesha n’izo azabamenyesha. Mwibuke amasezerano<br />

yanyu n’igihango mwagiranye n’Ima<strong>na</strong> ndetse no hagati yanyu ubwanyu yo kwakira umucyo<br />

uwo ari wo wose n’u<strong>ku</strong>ri kose muzamenyeshwa binyuze mu Byanditswe Byera. Ariko nubwo<br />

bimeze bityo, ndabinginze mujye mwitondera ibyo mwakira byose ko ari u<strong>ku</strong>ri maze<br />

mu<strong>ku</strong>gereranye kandi mu<strong>ku</strong>genzuze ibindi byanditswe mbere y’uko mubyemera; <strong>ku</strong>ko<br />

bidashoboka ko Ubukristo bwaba bwavuye mu mwijima w’icuraburindi wo <strong>ku</strong>rwanya Kristo<br />

vuba aha ngo maze ubumenyi butunganye kandi bushyitse buhite bujya ahagaragara<br />

icyarimwe.” 337<br />

Gushaka <strong>ku</strong>gira umudendezo wo gu<strong>ku</strong>rikiza umutima<strong>na</strong>ma ni byo byateye abo bagenzi<br />

kwiyemeza guca mu ma<strong>ku</strong>ba y’urugendo rurerure mu nyanja, bakihanganira imiruho n’akaga<br />

byo mu butayu, kandi <strong>ku</strong>bw’imigisha y’Ima<strong>na</strong>, bakabasha gushinga urufatiro rw’igihugu<br />

gikomeye <strong>ku</strong> nkengero za Amerika. Nyamara, nubwo bari abantu b’indakemwa kandi bubaha<br />

Ima<strong>na</strong>, abo Bagenzi bari batarasobanukirwa n’ihame rikomeye ryerekeye umudendezo mu<br />

by’iyobokama<strong>na</strong>. Umudendezo bari baritangiye <strong>ku</strong>geraho ntibari biteguye <strong>ku</strong>wuha n’abandi.<br />

“Bake cyane bo mu banyabwenge b’ibyamamare ndetse n’abaharaniraga imico mbonera bo<br />

mu kinyeja<strong>na</strong> cya cumi <strong>na</strong> karindwi, ntibari basobanukiwe n’iryo hame ry’ingenzi ryo guteza<br />

imbere Isezerano Rishya, kandi ryemeza ko Ima<strong>na</strong> ari yo mucamanza wenyine wo kwizera<br />

k’umuntu.” 338 Inyigisho yavugaga ko Ima<strong>na</strong> yahaye itorero uburenganzira bwo <strong>ku</strong>yobora<br />

umutima<strong>na</strong>ma, ndetse no gusobanura no guha<strong>na</strong> ibyo ryita ubuhakanyi, ni inyigisho imwe mu<br />

makosa y’ubupapa yashinze umuzi. Nubwo Abagorozi banze indangakwemera ya Roma,<br />

ntabwo bari bararetse burundu umutima wayo wo <strong>ku</strong>tihanganira abandi. Umwijima<br />

w’icuraburindi ubupapa bwari bwarashyizemo Abakristo mu myaka amaga<strong>na</strong> menshi<br />

y’ubutegetsi bwabwo wari utareyuka burundu. Umwe mu bagabura bari <strong>ku</strong> ruhembe<br />

rw’imbere mu ntara y’ubukoloni y’Ikigobe cya Massachusets yaravuze ati: “Kwihanganira<strong>na</strong><br />

211

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!