07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Igice Cya 16 – Aba<strong>ku</strong>rambere B’Abimukira<br />

Ubwo Abagorozi bo mu Bwongereza bangaga inyigisho z’i Roma, bakomeje gukora imwe<br />

mu migenzo y’itorero ry’i Roma. Bityo, nubwo bari baranze ubutegetsi n’indangakwemera<br />

bya Roma, hari byinshi mu migenzo n’imihango byinjijwe mu buryo bwo gusenga bw’<strong>Itorero</strong><br />

ry’Ubwongereza. Bavugaga ko ibyo atari ikibazo kireba umutima<strong>na</strong>ma; ko nubwo ibyo bitari<br />

bitegetswe n’Ibyanditswe Byera kandi bikaba bitari <strong>na</strong> ngombwa, nyamara kandi ntibibe<br />

bibuzanyijwe, ntabwo byo ubwabyo byari bibi. Kubi<strong>ku</strong>rikiza byerekezaga <strong>ku</strong> <strong>ku</strong>gabanya<br />

umworera watandukanyaga itorero ry’i Roma n’amatorero avuguruwe, ndetse bavugaga ko<br />

ibyo bishobora gutuma abayoboke b’itorero ry’i Roma bemera ukwizera<br />

kw’Abaporotesitanti.<br />

Ibyo bitekerezo byanogeye abadashaka <strong>ku</strong>va <strong>ku</strong> izima kandi bashaka ubwumvikane.<br />

Nyamara hari hariho irindi tsinda ritabibo<strong>na</strong>ga rityo. Uko babibo<strong>na</strong>ga, <strong>ku</strong>ba iyo migenzo ”<br />

yarerekezaga <strong>ku</strong> <strong>ku</strong>baka iteme rihuza Roma n’Ubugorozi”, 329 iyo yari impamvu ihagije yo<br />

gutuma barwanya <strong>ku</strong>yiguma<strong>na</strong>. Bafataga iyo migenzo nk’ibimenyetso by’uburetwa bari<br />

bara<strong>ku</strong>wemo kandi batashoboraga kongera gusubiramo rwose. Batekerezaga ko mu Ijambo<br />

ryayo Ima<strong>na</strong> yashyizemo amabwiriza agenga uko ikwiriye gusengwa, kandi ko abantu<br />

badafite umudendezo wo <strong>ku</strong>gira icyo bongeraho cyangwa bagabanyaho. Itangiriro<br />

ry’ubuhakanyi bukomeye ryatangiriye <strong>ku</strong> gushaka gufata ubutegetsi bw’Ima<strong>na</strong><br />

bugasimbuzwa ubw’<strong>Itorero</strong>. Roma yatangiye ibuzanya ibyo Ima<strong>na</strong> itigeze ibuzanya maze<br />

iherukiriza <strong>ku</strong> <strong>ku</strong>buzanya ibyo Ima<strong>na</strong> yategetse.<br />

Abantu benshi bashakaga cyane <strong>ku</strong>garuka <strong>ku</strong> butungane no kwiyoroshya byarangaga<br />

itorero rya mbere. Bafataga byinshi mu migenzo yahawe intebe mu <strong>Itorero</strong> ry’Ubwongereza<br />

nk’aho ari amashusho yo gusenga ibigirwama<strong>na</strong>, bityo mu mutima<strong>na</strong>ma wabo ntibashoboraga<br />

kwifatanya n’iryo torero mu masengesho yaryo. Ariko <strong>ku</strong>bera ko itorero ryari rishyigikiwe<br />

n’ubutegetsi bwa <strong>Leta</strong>, ntiryashoboraga kwemera ko habaho ibitekerezo bihabanye biba mu<br />

mihango yaryo. Itegeko ryasabaga ko abantu bose baboneka mu gihe cyo gusenga kandi<br />

rikabuzanya amateraniro yose mu by’idini atatangiwe uburenganzira, ubirenzeho wese akaba<br />

yahanishwa igifungo, gucibwa mu gihugu, cyangwa kwicwa.<br />

Mu itangira ry’ikinyeja<strong>na</strong> cya cumi <strong>na</strong> karindwi, umwami wari umaze kwima ingoma mu<br />

Bwongereza yatangaje ko yiyemeje guhatira “Abaharanira Ubutungane” 330 “gu<strong>ku</strong>rikiza<br />

amategeko y’<strong>Itorero</strong> ry’Ubwongereza, bitaba ibyo bakameneshwa mu gihugu cyangwa<br />

bakagerwaho n’ishyano.” 331 Kubera ko bahigwaga, bagatotezwa kandi bagafungwa,<br />

ntibabo<strong>na</strong>ga ko ahazaza hazigera haba heza <strong>ku</strong> buryo benshi muri bo bageze ubwo babo<strong>na</strong><br />

“ko Ubwongereza butakiri ahantu ho guturwa n’abantu bashaka gukorera Ima<strong>na</strong> ba<strong>ku</strong>rikije<br />

ibyo umutima<strong>na</strong>ma wabo ubategeka.” 332 Amaherezo bamwe biyemeje guhungira mu<br />

Buholandi. Bahuye n’ingorane, ibihombo, ndetse no gufungwa. Imigambi yabo yakomwaga<br />

mu nkokora maze bakagambanirwa bagashyikirizwa abanzi babo. Nyamara amaherezo<br />

209

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!