07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

wo kwandika Bibiliya mu Bwongereza no mu bihugu by’amahanga washinzwe. Ibi byaje<br />

gu<strong>ku</strong>rikirwa n’indi miryango ikora n’ibindi bijyanye n’icyo gikorwa ifite amashami menshi<br />

cyane <strong>ku</strong> mugabane w’Uburayi. Mu mwaka wa 1816, ha<strong>ku</strong>rikiyeho ishingwa ry’Umuryango<br />

wa Bibiliya muri Amerika. Igihe Umuryango wa Bibiliya mu Bwongereza washyirwagaho,<br />

Bibiliya yaracapwe yoherezwa mu ndimi mirongo itanu. Kuva icyo gihe yasobanuwe mu<br />

ndimi amaga<strong>na</strong> menshi.<br />

Mu myaka mirongo itanu yabanjirije umwaka wa 1792, ntibitaye cyane <strong>ku</strong> butumwa<br />

bwajyanwaga mu mahanga ya <strong>ku</strong>re. Nta yandi mashyirahamwe mashya yashyizweho, kandi<br />

habayeho amatorero make cyane yagize umuhati wo gukwirakwiza Ubukristo mu bihugu<br />

by’abapagani. Ariko ahaga<strong>na</strong> mu iherezo ry’ikinyeja<strong>na</strong> cya cumi n’umu<strong>na</strong>ni habayeho<br />

impinduka zikomeye. Abantu bazinutswe ingaruka zo kwishingikiriza <strong>ku</strong> bwenge maze<br />

babo<strong>na</strong> ko guhishurirwa n’Ima<strong>na</strong> ndetse n’idini igaragarira mu bikorwa ari ingenzi. Kuva<br />

ubwo umurimo wo kwamamaza ubutumwa mu mahanga wateye imbere mu buryo butigeze<br />

bubaho.<br />

Iterambere ry’amazu y’icapiro ryatumye umurimo wo gukwirakwiza Bibiliya ugira<br />

imbaraga nyinshi. Uburyo bwinshi bwo koherezanya ama<strong>ku</strong>ru hagati y’ibihugu bitandukanye,<br />

gusenyuka kw’inzitizi za kera zaterwaga n’urwikekwe no <strong>ku</strong>ba nyamwigendaho kw’ibihugu,<br />

ndetse no <strong>ku</strong>ba umuyobozi mu<strong>ku</strong>ru w’itorero ry’i Roma yari yatakaje imbaraga yahabwaga<br />

n’ubutegetsi bw’isi, ibyo byose byakinguriye amarembo Ijambo ry’Ima<strong>na</strong>. Mu myaka ru<strong>na</strong>ka<br />

Bibiliya yagiye igurishwa nta mbogamizi mu mihanda yose y’i Roma kandi ikwirakwizwa<br />

mu turere twose tw’isi twari dutuwe.<br />

Umunsi umwe Voltaire wahaka<strong>na</strong>ga Ima<strong>na</strong>, yavuganye ubwirasi agira ati: “Ndambiwe<br />

<strong>ku</strong>mva abantu basubiramo ko abagabo cumi <strong>na</strong> babiri ari bo bashinze idini rya Gikristo.<br />

Nzabereka ko umuntu umwe wenyine ahagije <strong>ku</strong>gira ngo arisenye.” Kuva Voltaire apfuye<br />

hashize imyaka myinshi. Abantu miliyoni nyinshi bagiye mu rugamba rwo <strong>ku</strong>rwanya<br />

Bibiliya. Nyamara ntawashoboye <strong>ku</strong>gera ubwo ayizimangatanya, <strong>ku</strong> buryo ahantu<br />

habarizwaga Bibiliya ija<strong>na</strong> mu gihe cya Voltaire, ubu hari amakopi ibihumbi ija<strong>na</strong> y’igitabo<br />

cy’Ima<strong>na</strong>. Mu magambo y’umugorozi umwe wavuze ibyerekeye itorero rya Gikristo,<br />

yaravuze ati, “Bibiliya ni ibuye ry’umucuzi ryasazishije inyundo nyinshi.” Uhoraho yaravuze<br />

ati: “Ariko nta ntwaro bacuriye <strong>ku</strong><strong>ku</strong>rwanya izagira icyo igutwara; kandi ururimi rwose<br />

ruzaguhagurikira <strong>ku</strong><strong>ku</strong>buranya uzarutsinda.” 327<br />

“Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> yacu rizahoraho iteka ryose.” “Amategeko ye yose ni ayo kwiringirwa.<br />

Ahoraho iteka ryose ntahindagurika, ashingiye <strong>ku</strong> murava no <strong>ku</strong> butungane.” 328 Ibyubakwa<br />

byose <strong>ku</strong> bushobozi bw’umuntu bizasenyuka; ariko ibyubakwa <strong>ku</strong> rutare ari ryo jambo<br />

ry’Ima<strong>na</strong> ridahinduka, bizahoraho iteka ryose.<br />

208

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!