07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Igihe Ubufaransa bwangaga Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong> mugaragaro kandi bukamaga<strong>na</strong> Bibiliya, abantu<br />

b’abagome n’imyuka y’umwijima banejejwe n’uko bageze <strong>ku</strong> cyo bifuje <strong>ku</strong>va kera ari cyo:<br />

ubutegetsi butagira ibyo bubuzwa n’amategeko y’Ima<strong>na</strong>. Kubera ko iteka ricirwaho imigirire<br />

mibi ritihutishwaga, ni cyo cyatumye imitima y’abantu “ishishikarira gukora ibibi.” 320<br />

Nyamara <strong>ku</strong>gomera amategeko atunganye kandi y’u<strong>ku</strong>ri byanze bi<strong>ku</strong>nze bigomba<br />

gu<strong>ku</strong>rikirwa n’ingaruka mbi z’ubuhanya no <strong>ku</strong>rimbuka. Nubwo ibihano by’Ima<strong>na</strong> bitahitaga<br />

bibaho, ubugome bw’abantu ntibwabuze guteza ingaruka zabwo mbi. Ibinyeja<strong>na</strong> byinshi<br />

by’ubuhakanyi n’ubugome byagiye birundanya uburakari <strong>ku</strong>geza umunsi wo guhabwa<br />

ibihano; kandi ubwo ibicumuro byabo byabaga bimaze <strong>ku</strong>gwira, abasuzuguraga Ima<strong>na</strong><br />

basobanukirwaga batinze ko <strong>ku</strong>ba barakerenseje kwihanga<strong>na</strong> kw’Ima<strong>na</strong> ari ikintu giteye<br />

ubwoba. Mwuka w’Ima<strong>na</strong> u<strong>ku</strong>mira abantu, kandi utsinda imbaraga y’ubugome bwa Satani<br />

ya<strong>ku</strong>weho mu buryo bukomeye bityo Satani unezezwa n’ama<strong>ku</strong>ba y’abantu gusa ahabwa<br />

uburenganzira bwo gukora ibyo ashaka. Abantu bari barahisemo umurimo w’ubwigomeke<br />

bararetswe basarura ingaruka zabwo <strong>ku</strong>geza ubwo igihugu cyuzuyemo ubwicanyi bukabije<br />

umwanditsi atashobora <strong>ku</strong>rondora. Mu ntara zabaye umusaka n’imijyi yabaye amatongo<br />

humvika<strong>na</strong>ga ijwi ryo gutaka gukomeye — kwari ugutaka gutewe n’ishavu ryinshi.<br />

Ubufaransa bwahinze umushyitsi nk’ubutigishijwe n’umutingito w’isi. Idini, amategeko,<br />

gahunda mu bantu, umuryango, <strong>Leta</strong> n’itorero byose byasenywe n’ikiganza gihumanye cyari<br />

cyarahagurukiye <strong>ku</strong>rwanya amategeko y’Ima<strong>na</strong>. Umunyabwenge yavuze u<strong>ku</strong>ri ubwo<br />

yagiraga ati: “Umunyabyaha azagushwa n’ibyaha bye.” “Nubwo umunyabyaha ashobora<br />

gukora ibikorwa bibi ija<strong>na</strong> akarenga akaramba, nzi neza ko abubaha Ima<strong>na</strong> bazagubwa neza.”<br />

321 “Kuko banze <strong>ku</strong>menya, kandi ntibahisemo <strong>ku</strong>baha Uwiteka;” “ni cyo gituma bazarya<br />

ibiva mu ngeso zabo, kandi bazahazwa n’imigambi yabo.” 322<br />

Kwicwa kw’abahamya b’Ima<strong>na</strong> b’indahemuka bishwe <strong>na</strong> bwa butegetsi butuka Ima<strong>na</strong><br />

“bwavuye i<strong>ku</strong>zimu,” ntibyajyaga <strong>ku</strong>mara igihe kirekire bicecetswe. “Iyo minsi itatu n’igice<br />

ishize, umwuka w’ubugingo uva <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong> winjira muri bo, baherako barahaguruka: ubwoba<br />

bwinshi butera ababibonye.” 323 Mu mwaka wa 1793 ni ho itegeko ri<strong>ku</strong>raho iby’idini kandi<br />

rikabuzanya Bibiliya ryatowe n’I<strong>na</strong>ma n<strong>ku</strong>ru y’igihugu cy’Ubufaransa. Hashize imyaka itatu<br />

n’igice, iyo <strong>na</strong>ma yaje kwivuguruza maze iha umudendezo Ibyanditswe Byera. Abatuye isi<br />

bari baratewe ubwoba n’ibibi bikomeye byari byarabaye ingaruka zo kwirengagiza<br />

Ibyanditswe Byera, kandi abantu bamenya akamaro ko kwizera Ima<strong>na</strong> n’ijambo ryayo<br />

nk’ishingiro ry’ubutungane n’imico-mbonera. Uhoraho yaravuze ati: “Uwo watonganije<br />

ukamutuka ni nde? Ni nde wakanitse ukamureba igitsure? Ni Uwera wa Isirayeli.” 324 “Dore<br />

noneho ngiye <strong>ku</strong>bamenyesha, ni u<strong>ku</strong>ri ngiye <strong>ku</strong>bamenyesha u<strong>ku</strong>boko kwanjye n’imbaraga<br />

zanjye; <strong>na</strong> bo bazamenya yuko izi<strong>na</strong> ryanjye ari Yehova.” 325<br />

Ku byerekeye ba bahamya babiri umuhanuzi yongeraho ati: “Bumva ijwi rirenga rivugira<br />

mu ijuru ribabwira riti, “Nimuzamuke muze hano.” Nuko bazamukira mu gicu, bajya mu<br />

ijuru, abanzi babo babireba.” 326 Kuva igihe Ubufaransa burwanyirije abahamya babiri<br />

b’Ima<strong>na</strong>, nibwo barushijeho <strong>ku</strong>bahwa <strong>ku</strong>ruta mbere. Mu mwaka wa 1804 niho Umuryango<br />

207

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!