07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

bari bamaze igihe kirekire bubaha ikinyoma cyasigirijwe, maze u<strong>ku</strong>ri n’ikinyoma babyangira<br />

icyarimwe. Kubera kwitiranya uburenganzira n’umudendezo, abantu bari barabaye imbata<br />

z’ingeso mbi bishimiye cyane umudendezo bibwiraga ko bafite.<br />

Mu itangira ry’Impinduramatwara, <strong>ku</strong>bw’uburenganzira bahawe n’umwami, abaturage<br />

bahawe amahirwe yo <strong>ku</strong>gira ababahagararira mu Nteko y’igihugu baruta ubwinshi umubare<br />

w’abakomeye ndetse n’abayobozi b’idini bose hamwe. Kubw’ibyo, uruhare runini<br />

rw’ububasha rwari mu maboko yabo nyamara ntabwo bari biteguye <strong>ku</strong>bukoresha mu buryo<br />

bw’ubwenge n’ubushishozi. Bari bashishikariye cyane gukosora ibibi byari byarabababaje<br />

maze biyemeza gutangira kongera <strong>ku</strong>baka umuryango mugari w’Abafaransa. Rubanda rwari<br />

rwarasuzuguwe kandi intekerezo zabo zuzuyemo ibitekerezo bibabaje kandi bibamazemo<br />

igihe kirekire by’ibibi bagiriwe, biyemeje kwiganzura ubutindi bari batagishoboye<br />

kwihanganira ndetse biyemeza no kwihorera <strong>ku</strong> bo bafataga ko ari bo ntandaro y’imibabaro<br />

bari barimo. Abari barakandamijwe bashyize mu bikorwa inyigisho bari barize igihe<br />

bategekeshwaga igitugu maze <strong>na</strong>bo bihimura <strong>ku</strong> bari barabakandamije.<br />

Ubufaransa bwasaruye amaraso mu mbuto bwari bwarabibye. Kumvira ubutegetsi bw’i<br />

Roma kwabubyariye ingaruka zibabaje cyane. Mu itangira ry’Ubugorozi, ahantu Ubufaransa<br />

bwari bwarashinze imambo zo gutwikiraho abantu bukoreshejwe n’ubupapa, ni ho<br />

Impinduramatwara yashinze icyuma cya mbere cyakoreshwaga mu guca abantu imitwe.<br />

Ahantu abazize kwizera kwabo ba mbere b’Abaporotesitanti batwikiwe mu kinyeja<strong>na</strong> cya<br />

cumi <strong>na</strong> gatandatu ni <strong>na</strong>ho abantu ba mbere baciriwe imitwe mu kinyeja<strong>na</strong> cya cumi<br />

n’umu<strong>na</strong>ni. Mu kwanga ubutumwa bwiza buba bwarazaniye Ubufaransa umuti w’ikibazo,<br />

Ubufaransa bwakinguriye amarembo guhaka<strong>na</strong> Ima<strong>na</strong> no <strong>ku</strong>rimbuka. Ubwo ibyo amategeko<br />

y’Ima<strong>na</strong> abuza abantu byari bi<strong>ku</strong>weho, byagaragaye ko amategeko yashyizweho n’abantu<br />

adashoboye gukoma mu nkokora ibyifuzo bibi bya muntu; maze igihugu kigwa mu kaga<br />

k’imyivumbagatanyo no kwigira ibyigenge. Urugamba rwo <strong>ku</strong>rwanya Bibiliya rwatangije<br />

igihe cyiswe “Ingoma y’Iterabwoba”mu mateka y’isi . Amahoro n’umunezero byari<br />

bitakirangwa mu mitima y’abantu no mungo zabo. Nta muntu n’umwe wari ufite umutekano.<br />

Umuntu wabaga afite insinzi uyu munsi, ejo yarakekwaga maze agacirwa urwo gupfa.<br />

Ubugizi bwa <strong>na</strong>bi no gutwarwa n’irari byari gikwira.<br />

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera<br />

amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe<br />

cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa <strong>na</strong>bo baramu<strong>ku</strong>rikira.<br />

Ha<strong>ku</strong>rikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho <strong>ku</strong>temera Impinduramatwara.<br />

Gereza zuzuye abantu <strong>ku</strong> buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi maga<strong>na</strong><br />

abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba.<br />

Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanga<strong>na</strong>ga n’irindi maze Ubufaransa<br />

buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi<br />

n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimbura<strong>na</strong>ga, abaturage<br />

bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwica<strong>na</strong> ubwabo bakamara<strong>na</strong>.”<br />

204

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!