07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

y’uko Impinduramatwara itangira, intebe ya cyami yari yicaweho n’umwami Ludoviko wa<br />

15 (Louis XV), warangwaga no <strong>ku</strong>tagira icyo yitaho kandi wabashwe n’irari ndetse no muri<br />

ibyo bihe bibi. Kuba igihugu cyari kiyobowe n’agatsiko gato k’abantu basayishije mu bibi<br />

kandi b’abagome, hakabaho <strong>na</strong> rubanda rugufi rwashegeshwe n’ubukene n’ubujiji, <strong>Leta</strong> ikaba<br />

yari ifite ibibazo by’ubu<strong>ku</strong>ngu ndetse n’abaturage bakaba bari bararakaye cyane, ntabwo<br />

byasabaga amaso ya gihanuzi ngo umuntu abone akaga gakomeye kendaga <strong>ku</strong>baho. Ku<br />

miburo abajya<strong>na</strong>ma be bamuhaga, umwami yari afite akamenyero ko gusubiza ati:<br />

“Mugerageze gutuma ibintu bikomeza <strong>ku</strong>genda neza igihe cyose nkiriho; ubwo nzaba maze<br />

gutanga, bizabe uko bishatse.” Kwinginga umwami bamubwira ko ivugurura rikenewe<br />

byabaye iby’ubusa. Yabo<strong>na</strong>ga ibibi byugarije ingoma ye ariko nta butwari n’imbaraga yari<br />

afite byo <strong>ku</strong>birwanya. Ama<strong>ku</strong>ba yari ategereje <strong>ku</strong>gwirira Ubufaransa yagaragariraga mu<br />

gisubizo cy’Umwami cyereka<strong>na</strong>ga ko ntacyo yitayeho kandi yikanyiza agira ati: ” Ishyano<br />

rizagwa nyuma yanjye!”<br />

Ku bwo gukoresha ishyari ry’abami ndetse n’amatsinda yabaga ari <strong>ku</strong> butegetsi, Roma<br />

yari yarabateye <strong>ku</strong>gumisha abaturage mu buretwa. Yari izi neza ko ibyo bizatuma <strong>Leta</strong> icika<br />

intege, kandi igakoresha ubwo buryo igambiriye <strong>ku</strong>gumisha abategetsi <strong>na</strong> rubanda mu<br />

buretwa bwayo. Muri politiki yayo yo <strong>ku</strong>reba <strong>ku</strong>re, Roma yabo<strong>na</strong>ga ko <strong>ku</strong>gira ngo ishyire<br />

abantu mu bubata neza, iminyururu yagombaga <strong>ku</strong>shyirwa mu mitima y’abantu; kandi ko<br />

uburyo bwiringiwe bwo gutuma badacika ubwo bubata ari u<strong>ku</strong>bima umudendezo.<br />

Guhenebera mu mico-mbonera ni byo byabaye ingaruka ikomeye cyane iruta incuro igihumbi<br />

umubabaro wo <strong>ku</strong> mubiri watejwe n’iyo politiki. Abantu bari barambuwe Bibiliya, maze<br />

bashorwa mu nyigisho z’imyizerere idafashije no kwi<strong>ku</strong>nda. Bazimangataniye mu bujiji, mu<br />

migenzo idafite ishingiro, birundurira mu ngeso mbi, <strong>ku</strong> buryo kwitegeka byari<br />

bitakibashobokera.<br />

Ariko ingaruka z’ibyo byose zari zitandukanye cyane n’icyo Roma yari yaragambiriye.<br />

Aho gushobora <strong>ku</strong>gumisha abantu benshi mu <strong>ku</strong>mvira amahame yayo mu buryo<br />

bw’ubuhumyi, umurimo wayo wabateye <strong>ku</strong>ba abahaka<strong>na</strong>ma<strong>na</strong> n’abaharanira impinduka.<br />

Amahame n’inyigisho bya Roma barabisuzuguye babifata ko ari ibinyoma by’abapadiri.<br />

Babo<strong>na</strong>ga ko abayobozi b’idini ari ishyaka ribereyeho <strong>ku</strong>bakandamiza. Ima<strong>na</strong> yonyine bari<br />

bazi ni iy’i Roma kandi inyigisho za Roma ni zo zari idini yabo imwe ru<strong>ku</strong>mbi. Babo<strong>na</strong>ga ko<br />

umururumba wa Roma n’ubugome bwayo ari byo mbuto Bibiliya yera bityo ba<strong>ku</strong>mva<br />

batayikeneye.<br />

Roma yari yarerekanye imico y’Ima<strong>na</strong> mu buryo butari bwo kandi yari yaragoretse<br />

amategeko yayo bityo abantu banga Bibiliya n’Uwayandikishije. Roma yari yarategetse<br />

abantu kwizera inyigisho zayo mu buhumyi kandi yishingikirije <strong>ku</strong> Byanditswe. Ibyo<br />

byatumye Voltaire n’abo bari bafatanyije bangira hamwe ijambo ry’Ima<strong>na</strong> maze<br />

bakwirakwiza ahantu hose inyigisho z’uburozi zihaka<strong>na</strong> Ima<strong>na</strong>. Roma yari yararibatiye<br />

abaturage munsi y’ubutwaye bwayo bukomeye, noneho imbaga y’abantu basuzuguwe batyo<br />

kandi bagiriwe <strong>na</strong>bi, biganzuye igitugu cyayo nta rutangira <strong>na</strong> mba bafite. Barakajwe nuko<br />

203

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!