07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

<strong>ku</strong>manuka ngo yinjire mu nzu ye, bo<strong>na</strong> yemwe no kwinjiramo ajyanywe no <strong>ku</strong>va<strong>na</strong>mo<br />

ubutunzi burusha ubundi agaciro mu bwo yari <strong>ku</strong>ba afite bwose. Abari <strong>ku</strong>ba bari gukora mu<br />

mirima yabo cyagwa mu mizabibu yabo, ntibagombaga gusubira inyuma ngo bajye gufata<br />

imyambaro barambitse hasi mu gihe bari <strong>ku</strong>ba bahinga <strong>ku</strong> manywa hariho icyokere.<br />

Ntibagombaga <strong>ku</strong>gira akanya <strong>na</strong> gato bapfusha ubusa <strong>ku</strong>gira ngo batarimbuka<strong>na</strong> <strong>na</strong> rubanda<br />

rwose.<br />

Ku ngoma y’umwami Herode, ntabwo Yerusalemu yari yararimbishijwe gusa, ahubwo<br />

bitewe n’uko <strong>ku</strong>yubakaho imi<strong>na</strong>ra, inkike ndetse n’ibihome byari byarongereye gukomera<br />

yari isanganywe, byari byaratumye igaragara nk’idashobora guterwa no <strong>ku</strong>vogerwa. Muri<br />

icyo gihe, uwari <strong>ku</strong>vuga <strong>ku</strong> mugaragaro ko izarimbuka yari kwitwa umuterabwoba urwaye<br />

mu mutwe nk’uko Nowa yiswe n’abo mu gihe cye. Ariko Kristo yari yaravuze ati : «Ijuru<br />

n’isi bizashira, ariko amagambo yanjye ntazashira <strong>na</strong> hato”. Matayo 24:35. Ibyaha by’ab’i<br />

Yerusalemu ni byo byari byaratumye ibwirwa ko izagerwaho n’uburakari bw’Ima<strong>na</strong>, kandi<br />

kwi<strong>na</strong>ngira mu <strong>ku</strong>tizera kwabo kwatumye akaga kari kayirindiriye kaba impamo.<br />

Ima<strong>na</strong> yari yaravugiye mu muhanuzi Mika iti : « Nimwumve ibi batware b’inzu ya Yakobo<br />

n’abacamanza b’inzu ya Isirayeli, mwanga imanza zitabera mukagoreka ibitunganye byose.<br />

Bubakishije i Siyoni amaraso bavushije, n’i Yerusalemu bakahubakisha gukiranirwa.<br />

Abatware baho bacira imanza impongano, n’abatambyi baho bigishiriza ibihembo,<br />

n’abahanuzi baho baragurira ingemu, nyamara bisunga Uwiteka bakavuga bati « Mbese<br />

Uwiteka ntari muri twe ? Nta kibi kizatuzaho.” Mika 3:9-11.<br />

Aya magambo yereka<strong>na</strong>ga neza imiterere y’abaturage b’i Yerusalemu bari barasaye mu<br />

bibi kandi bakigira intungane. Nubwo bavugaga ko bubahiriza amategeko y’Ima<strong>na</strong><br />

badakebakeba, bacumuraga <strong>ku</strong> mahame yose aya<strong>ku</strong>biyemo. Banze Kristo bamuziza ko<br />

ubutungane n’ubuziranenge bwe bwashyiraga ahagaragara gukiranirwa kwabo; nuko<br />

bakamurega ko ari we n<strong>ku</strong>ruzi y’ibyago byose byari byarabagezeho nk’ingaruka z’ibyaha<br />

byabo. Nubwo bari bazi neza ko nta cyaha agira, bari baravuze ko akwiriye gupfa <strong>ku</strong>gira ngo<br />

bo nk’ishyanga babone umutekano. Abayobozi b’Abayuda baravuze bati: « Nitumureka dutya<br />

bose bazamwizera, kandi Abaroma bazaza barimbure umurwa wacu n’ubwoko bwacu. »<br />

Yoha<strong>na</strong> 11:48.<br />

Bumvaga ko Kristo <strong>na</strong>bambwa bazongera bakaba ishyanga rikomeye kandi rishyize<br />

hamwe. Nguko uko bibwiraga maze bashyigikira umwanzuro wafashwe n’umutambyi<br />

mu<strong>ku</strong>ru wabo, ko ibyiza ari uko umuntu umwe yapfa aho <strong>ku</strong>gira ngo igihugu cyose kirimbuke.<br />

Uko ni ko aba<strong>ku</strong>ru b’Abayuda bubakishije « Siyoni amaraso bavushije, n’i Yerusalemu<br />

bakahubakisha gukiranirwa.» Mika 3:10. Nyamara igihe babambishaga Umukiza bamuhora<br />

ko abacyaha <strong>ku</strong>bera ibyaha byabo, bigize intungane <strong>ku</strong> buryo bifashe nk’ishyanga Ima<strong>na</strong><br />

yatonesheje bityo bakibwira ko izabava<strong>na</strong> mu bubata bw’abanzi babo. Umuhanuzi<br />

yarakomeje aravuga ati « Kubera ibyo mukora, Siyoni izahinduka nk’intabire. Yeruzalemu<br />

izahinduka amatongo, umusozi wubatsweho Ingoro y’Uhoraho uzahinduka ishyamba.»15<br />

13

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!