07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

cyaramirijwe mu <strong>na</strong>ma n<strong>ku</strong>ru y’igihugu, kandi kiramywa n’abategetsi ba<strong>ku</strong>ru ba <strong>Leta</strong><br />

n’abahagarariye ubutabera! Umwanditsi umwe w’amateka yaranditse ati :“Umwe mu<br />

mihango wo muri iki gihe cy’ubupfapfa ntuzigera wibagira<strong>na</strong> <strong>ku</strong>bera urujijo rwari ruvanze no<br />

<strong>ku</strong>tubaha Ima<strong>na</strong>. Imiryango y’icyumba cyaberagamo iyo <strong>na</strong>ma yakinguriwe umutwe<br />

w’abaririmbyi wari ubanjirijwe <strong>na</strong> bamwe mu bayobozi b’imijyi binjiye bari <strong>ku</strong> mwiyereko<br />

bagenda baririmba basingiza umudendezo kandi, nk’umugambi wo <strong>ku</strong>ramya kwabo wo mu<br />

gihe cyari gu<strong>ku</strong>rikiraho, bari bashagaye umugore wari utwikirijwe umwenda w’ubukwe,<br />

ndetse uwo mugore ni we bitaga ikigirwama<strong>na</strong>kazi cy’Ubwenge. Ubwo bari bamugejeje<br />

imbere y’abari aho, wa mugore yatwi<strong>ku</strong>ruwe mu cyubahiro cyinshi, maze yicazwa iburyo<br />

bwa perezida. Ubwo ni bwo muri rusange abantu bamenye ko ari umukobwa wari umubyinnyi<br />

w’indirimbo zisekeje z’icyo gihe. . . . Nk’umuntu uhagarariye rwose bwa bwenge baramyaga,<br />

abari mu <strong>na</strong>ma n<strong>ku</strong>ru y’Ubufaransa bahaye icyubahiro uwo mukobwa mu ruhame.<br />

“Uwo muhango mubi kandi ukojeje isoni wamaze igihe ru<strong>na</strong>ka u<strong>ku</strong>nzwe; kandi guhabwa<br />

icyicaro kw’ikigirwama<strong>na</strong>kazi cy’Ubwenge byajyaga byongera gusubirwamo kandi<br />

bikiganwa mu gihugu hose, bigakorerwa ahantu abaturage bashakaga kwerekanira ko<br />

bashyigikiye Impinduramatwara.” 308<br />

Uwafunguye umuhango wo <strong>ku</strong>ramya ikigirwama<strong>na</strong>kazi cy’Ubwenge yaravuze ati: “Bantu<br />

bashinga amategeko! Ubwaka bwavuye mu nzira maze ubwenge bubo<strong>na</strong> icyanzu. Amaso<br />

y’ubwaka yanyenyezaga ntiyashoboraga kwihanganira u<strong>ku</strong>rabagira<strong>na</strong> k’umucyo. Uyu munsi<br />

imbaraga y’abantu yateraniye munsi y’iki gisenge, kandi <strong>ku</strong> nshuro ya mbere, ijwi rivuga<br />

u<strong>ku</strong>ri ryongeye <strong>ku</strong>mvika<strong>na</strong>. Aho ni ho Abafaransa bizihirije gusenga nya<strong>ku</strong>ri <strong>ku</strong>mwe ru<strong>ku</strong>mbi<br />

- ari ko gusenga Umudendezo, gusenga Ubwenge (gushyira mu gaciro). Aho ni ho twemereje<br />

ibyifuzo bizahesha inshya n’ihirwe ingabo za Repubulika. Aho ni ho twasezereye <strong>ku</strong><br />

bigirwama<strong>na</strong> bidafite ubuzima tubisimbuza Ubwenge, tuyoboka ya shusho ifite ubuzima, ari<br />

yo ifite agaciro gakomeye <strong>ku</strong>rusha ibindi bibaho.” 309<br />

Ubwo cya kigirwama<strong>na</strong>kazi cyagezwaga muri iyo Nteko, umuntu w’intyoza yagifashe<br />

u<strong>ku</strong>boko maze arahindukira areba iteraniro, aravuga ati: “Mwa bantu bapfa mwe,<br />

ntimuzongere guhindira umushyitsi imbere y’in<strong>ku</strong>ba zidafite imbaraga z’Ima<strong>na</strong> abapadiri<br />

banyu baremye. Kuva uyu munsi ntimuzongere <strong>ku</strong>gira izindi ma<strong>na</strong> mwemera uretse<br />

Ubwenge. Dore ndabereka ishusho yayo y’igitangaza, kandi itunganye rwose. Niba mugomba<br />

<strong>ku</strong>gira ibigirwama<strong>na</strong>, mujye mutambira iki cyonyine. . . Nimwubarare imbere y’I<strong>na</strong>ma<br />

y’Umudendezo! Igitwikirizo cy’Ubwenge!<br />

“Perezida amaze guhobera icyo kigirwama<strong>na</strong>kazi , bacyurije ifarashi y’akataraboneka,<br />

maze ikinyura<strong>na</strong> mu mbaga y’abantu bari aho ikijya<strong>na</strong> <strong>ku</strong>ri katederari ya Notre Dame, <strong>ku</strong>gira<br />

ngo gihabwe intebe y’Ima<strong>na</strong>. Aho muri iyo katedarari, icyo kigirwama<strong>na</strong> barakizamuye<br />

bagishyira <strong>ku</strong> ruhimbi rurerure cyane maze abari aho bose baragisenga.” 310<br />

Mu kanya gato, uwo muhango wa<strong>ku</strong>rikiwe no gutwikira Bibiliya mu ruhame. Igihe kimwe<br />

itsinda ry’abantu bashinzwe inzu ndangamurage binjiye mu cyumba cy’I<strong>na</strong>ma batera hejuru<br />

199

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!