07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

y’iterabwoba, byashoje intambara irwanya Ima<strong>na</strong> n’ijambo ryayo ryera mu buryo bukomeye<br />

abatuye isi batigeze babo<strong>na</strong>. I<strong>na</strong>ma N<strong>ku</strong>ru y’igihugu ya<strong>ku</strong>yeho gusenga Ima<strong>na</strong>. Ibitabo bya<br />

Bibiliya byara<strong>ku</strong>sanyijwe maze bitwikirwa mu ruhame kandi hakagaragazwa <strong>ku</strong>bisuzugura<br />

mu buryo bwose bushoboka. Amategeko y’Ima<strong>na</strong> yararibaswe. Ibigo byacapaga za Bibiliya<br />

birafungwa. Ikiruhuko cya buri cyumweru cyashyizwe <strong>ku</strong> ruhande, gisimburwa no kwinezeza<br />

no gutuka Ima<strong>na</strong> buri munsi wa cumi. Umubatizo no guhabwa ukarisitiya byarahagaritswe<br />

kandi <strong>ku</strong> marimbi hamanikwa amatangazo avuga ko urupfu ari ibitotsi by’iteka ryose.<br />

Byavuzwe ko <strong>ku</strong>baha Ima<strong>na</strong> atari itangiriro ry’ubwenge rwose ko ahubwo ari itangiriro<br />

ry’ubupfapfa. Gusenga kose mu by’idini kwarabuzanyijwe, hasigara <strong>ku</strong>ramya umudendezo<br />

n’igihugu. “Umwepisikopi w’i Paris ushinzwe itegeko-nshinga yararikiwe <strong>ku</strong>jya imbere<br />

agakora ikintu gikomeye kitigeze gikorerwa imbere y’abayobozi ba<strong>ku</strong>ru bo mu gihugu cyose.<br />

. . . Bamuzanye imbere agenda yiyereka abari aho bose <strong>ku</strong>gira ngo atangarize abari muri<br />

iyo <strong>na</strong>ma ko iby’idini yari yarigishije imyaka myinshi, mu ngingo zabyo byose, byari amayere<br />

y’abapadiri atari afite ishingiro haba mu mateka cyangwa mu <strong>ku</strong>ri kwera. Mu magambo<br />

aranguruye kandi asobanutse neza, yareruye avuga ko Ima<strong>na</strong> yari yariyeguriye gusenga ntayo<br />

ibaho, maze mu gihe cya<strong>ku</strong>rikiyeho yirundurira <strong>ku</strong>ramya umudendezo, uburinganire,<br />

n’umuco mbonera. Amaze <strong>ku</strong>vuga atyo yarambitse <strong>ku</strong> meza ibimenyetso yari yambaye<br />

biranga Abepisikopi maze uwari uyoboye iyo <strong>na</strong>ma n<strong>ku</strong>ru amuhobera nk’umuvandimwe.<br />

Abapadiri benshi b’abahakanyi <strong>na</strong>bo bahise ba<strong>ku</strong>rikiza urugero rw’uwo muyobozi mu<strong>ku</strong>ru.”<br />

303<br />

“Abari mu isi bazazishima hejuru, baziki<strong>na</strong> <strong>ku</strong> mubyimba, banezerwe, bohererezanye<br />

impano, <strong>ku</strong>ko abo bahanuzi bombi bababazaga abari mu isi.” (Ibyah. 11:10) Ubufaransa<br />

bwimuye Ima<strong>na</strong> bwari bwaracecekesheje ijwi ricyaha ry’abahamya bombi boherejwe<br />

n’Ima<strong>na</strong>. Ijambo ry’u<strong>ku</strong>ri ryari rirambaraye nk’intumbi mu nzira z’uwo mudugudu, kandi<br />

abantu bangaga ibyo amategeko y’Ima<strong>na</strong> ababuza n’ibyo abasaba bari bishimye. Abantu<br />

batukaga Umwami w’ijuru <strong>ku</strong> mugaragaro. Nk’uko abanyabyaha bo mu gihe cya kera<br />

babigenzaga, basa<strong>ku</strong>za bavuga bati: “Ima<strong>na</strong> ntizi ibyo dukora! Ese ubundi Usumbabyose hari<br />

icyo yiyiziye?” 304<br />

Afite gushira amanga <strong>ku</strong>zuye gutuka Ima<strong>na</strong> birenze ibyatekerezwa, umwe mu bapadiri<br />

bari bayobotse gahunda nshya yaravuze ati: “Ma<strong>na</strong> niba ubaho, horera izi<strong>na</strong> ryawe ritutswe.<br />

Ndagusuzuguye! Dore uricecekeye; Ntabwo u<strong>na</strong>tinyutse kohereza in<strong>ku</strong>ba zawe! Ni nde<br />

nyuma y’ibi uzizera ko ubaho?” 305 Mbega uburyo ibi bisa n’ibyo Farawo yavuze ati:<br />

“Yehova ni nde ngo numvire ibyo avuze?” “Yehova simuzi!”<br />

“Umupfapfa ajya yibwira ati: ‘Nta Ma<strong>na</strong> iriho.” 306 Kandi Uhoraho avuga iby’abagoreka<br />

u<strong>ku</strong>ri ati: “ubupfu bwabo buzagaragarira abantu bose.” 307 Ubufaransa bumaze kwanga<br />

<strong>ku</strong>ramya Ima<strong>na</strong> nzima, “Uhoraho uri hejuru mu ijuru, Umuziranenge ubaho iteka ryose,”<br />

ntibyatinze maze buza <strong>ku</strong>manuka bugera <strong>ku</strong> gusenga ibigirwama<strong>na</strong>, maze bagasenga<br />

ikigirwama<strong>na</strong>kazi cy’Ubwenge mu ishusho y’umugore w’inkozi y’ibibi. Iki kigirwama<strong>na</strong><br />

198

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!