07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

zabo, bishingikirije <strong>ku</strong> ndahiro y’umwami, baje gutungurwa basohorwa mu ngo zabo maze<br />

bose babamarira <strong>ku</strong> icumu.<br />

Nk’uko Kristo ari we wari umuyobozi utagaragara w’ubwoko bwe igihe bwavaga mu<br />

bubata bwa Egiputa, ni ko <strong>na</strong> Satani yari umuyobozi utagaragara w’abakozi be muri ibyo<br />

bikorwa biteye ubwoba byo <strong>ku</strong>rimbura abantu kandi bazira ukwizera kwabo. Mu mujyi wa<br />

Paris, ubwicanyi bwamaze iminsi irindwi, iminsi itatu ibanza yarimo uburakari bukomeye<br />

cyane. Ntibyagarukiye mu murwa mu<strong>ku</strong>ru gusa; ahubwo <strong>ku</strong> bwo itegeko ridasanzwe<br />

ry’umwami, byakomeje kwiyongera bigera mu turere twose no mu mijyi yose aharangwaga<br />

abaporotesitanti. Ntibitaga <strong>ku</strong> myaka y’ubu<strong>ku</strong>ru cyangwa <strong>ku</strong> gitsi<strong>na</strong>. Ntibagiriraga impuhwe<br />

uruhinja rw’inzirakarengane cyangwa umuntu wameze imvi. Abanyacyubahiro <strong>na</strong> rubanda<br />

rwa giseseka, abasore n’aba<strong>ku</strong>ze, abagore n’aba<strong>na</strong> bose basogotwaga kimwe. Uko kwicisha<br />

abantu inkota kwamaze amezi abiri gukorwa mu Bufaransa. Abantu ibihumbi mirongo<br />

irindwi b’indakemwa zo mu gihugu barapfuye.<br />

“Ubwo in<strong>ku</strong>ru z’ubwo bwicanyi zageraga i Roma, abayobozi ba<strong>ku</strong>ru b’itorero bagize<br />

ibyishimo byinshi. Umukaridi<strong>na</strong>li w’i Lorraine yahembye intumwa yari izanye ubwo<br />

butumwa maze ayiha amakamba igihumbi. Imbunda yo mu ngoro ya Mutagatifu Ange (St.<br />

Angelo) yarumvikanye mu rwego rwo <strong>ku</strong>byishimira; kandi inzogera zumvikanira mu mi<strong>na</strong>ra<br />

yose ya za kiriziya. Amatara yo hanze aracanwa maze ijoro rihinduka amanywa. Papa<br />

Gerigori wa 13 (Gregory XIII) a<strong>ku</strong>rikiwe n’abakaridi<strong>na</strong>li n’abandi banyacyubahiro bo mu<br />

itorero, bakoze urugendo rw’umwiyerekano berekeza <strong>ku</strong>ri kiriziya yitiriwe Mutagatifu<br />

Ludoviko (St. Louis) aho umukaridi<strong>na</strong>li w’i Lorraine yaririmbiye Te Deum301 . . . .<br />

Hacurishijwe umudari wo kwibukiraho ubwo bwicanyi, kandi i Vatikani hashyirwa<br />

ibishushanyo bitatu bikiharangwa n’ubu byereke<strong>na</strong> ubwo bwicanyi, aho umwami ari mu <strong>na</strong>ma<br />

yo gukora ubwo bwicanyi, ndetse n’ubwo bwicanyi ubwabwo. Papa Geregori wa XIII<br />

yoherereje umwami Charles ururabo rwa Roza rukozwe mu izahabu; kandi hashize amezi ane<br />

nyuma y’ubwo bwicanyi, . . . yaje gutega amatwi ikibwirizwa cyabwirijwe n’umupadiri<br />

w’Umufaransa, . . . wavuganye umunezero mwinshi n’ibyishimo avuga <strong>ku</strong>bya ‘wa munsi,<br />

igihe Papa yamenyeshwaga ya n<strong>ku</strong>ru maze akagenda ashagawe agiye gushima Ima<strong>na</strong> <strong>na</strong><br />

kiriziya ya Mutagatifu Ludoviko.” 302<br />

Umwuka wa Satani wakoresheje ubwicanyi bwabereye muri katederali yitiriwe<br />

mutagatifu-Bartholomew ni <strong>na</strong>wo soko y’ibyaranze Impinduramatwara. Bageze ubwo<br />

bemeza ko Yesu-Kristo ari umubeshyi, kandi intero y’Abafaransa batemera Yesu yari iri ngo,<br />

“Honyora Ishyano,” berekeje <strong>ku</strong>ri Kristo. Ibitutsi bihangara ijuru ndetse n’ubugome<br />

bw’indengakamere byarajyanira<strong>na</strong>ga, kandi abagome bakomeye <strong>ku</strong>ruta abandi, abicanyi<br />

ruharwa bahabwaga icyubahiro <strong>ku</strong>ruta abandi. Muri ibi byose, Satani ni we wahawe i<strong>ku</strong>zo mu<br />

gihe Kristo urangwa n’u<strong>ku</strong>ri, ubutungane n’uru<strong>ku</strong>ndo rutikanyiza we yabambwe.<br />

“Inyamaswa izazamuka ivuye i<strong>ku</strong>zimu, izarwa<strong>na</strong> <strong>na</strong> bo, ibaneshe, ibice.” Ubutegetsi<br />

butemera Ima<strong>na</strong> bwatwaraga Ubufaransa mu gihe cy’Impinduramatwara ndetse n’ingoma<br />

197

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!