07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

kandi bubi cyane nko muri icyo gihugu. Mu bikorwa Ubufaransa bwakoze byo gutoteza<br />

ababwirizabutumwa bwiza, bwabambaga Kristo binyuze mu gutoteza abigishwa be.<br />

Uko imyaka amaga<strong>na</strong> menshi yajyaga i<strong>ku</strong>rikira<strong>na</strong> ni ko amaraso y’abera yajyaga amenwa.<br />

Mu gihe Abawalidense batangaga ubuzima bwabo bakicirwa mu misozi ya Piemont bazira<br />

“ijambo ry’Ima<strong>na</strong> no guhamya Yesu Kristo,” ni <strong>na</strong>bwo ubuhamya nk’ubwo bwo guhamya<br />

u<strong>ku</strong>ri bwatangwaga n’abavandimwe babo b’Abalibigense (Albigenses) bo mu Bufaransa. Mu<br />

gihe cy’Ubugorozi, abagiye babuyoboka bishwe urw’agashinyaguro. Abami, ibikomangoma,<br />

abagore b’abakomeye ndetse n’abakobwa b’in<strong>ku</strong>mi b’indatwa, bose bagiye bashimishwa no<br />

<strong>ku</strong>reba umubabaro ukomeye w’abicwaga bazira Yesu. Abahugeno (huguenots) b’intwari,<br />

barwaniraga uburenganzira bwo kwemerera umutima w’umuntu ibyo ubo<strong>na</strong> ko biwunogeye<br />

kandi byera <strong>ku</strong>rusha ibindi, bavushijwe amaraso babicira ahantu henshi hari urugamba rukaze.<br />

Abaporotesitanti bafashwe ko ari ibicibwa ntibagira itegeko <strong>na</strong> rimwe ribarengera,<br />

hagatangwa ibihembo <strong>ku</strong> muntu uzabica bityo bagahigwa nk’inyamaswa.<br />

“<strong>Itorero</strong> ryo mu Butayu,” ari ryo ryari rigizwe n’abantu bake cyane bakomoka <strong>ku</strong> Bakristo<br />

ba kera bari barasigaye mu Bufaransa mu kinyeja<strong>na</strong> cya cumi n’umu<strong>na</strong>ni, bihishaga mu<br />

misozi yo mu majyepfo <strong>ku</strong>geza ubwo bari bagikomeye <strong>ku</strong> kwizera kwa ba se<strong>ku</strong>ru. Iyo<br />

bageragezaga guteranira hamwe nijoro, haba mu ibanga ry’umusozi cyangwa mu bihuru<br />

byitaruye abantu, bahigwaga n’abasirikare bakomeye maze bakabaza<strong>na</strong> baba<strong>ku</strong>ruba<strong>na</strong><br />

bakabagira inkoreragahato mu buzima bwabo bwose. Abeza b’indakemwa n’intiti zo mu<br />

Bufaransa bambikwaga iminyururu, bakicirwa urubozo mu buryo buteye ubwoba hagati<br />

y’ibisambo n’abicanyi.” 299 Abandi bagiriwe impuhwe, bicwaga barashwe amasasu nta<br />

mahane bateye <strong>ku</strong>ko nta ntwaro bari bafite. Bagwaga bapfukamye basenga. Amaga<strong>na</strong> menshi<br />

y’abasaza, abagore batagira kirengera, aba<strong>na</strong> b’inzirakarengane bose batabwaga aho bari<br />

bateraniye ari imirambo. Iyo wanyuraga muri iyo misozi n’amashyamba, aho bari<br />

bamenyereye guteranira, ntibyabaga ari igitangaza gusanga “imirambo muri buri ntambwe<br />

enye kandi ibyatsi byabaye amaraso, indi mirambo imanitswe <strong>ku</strong> biti.” Igihugu cyabo<br />

cyahinduwe umusaka n’inkota, intorezo n’umuriro gihinduka ubutayu bunini buteye<br />

agahinda.” “Ayo marorerwa ntiyakozwe mu gihe cy’umwijima (ubujiji) ahubwo yakozwe mu<br />

gihe cy’imyaka y’ubujijuke mu Bufaransa <strong>ku</strong> ngoma ya Ludoviko wa 14 (Louis XIV). Muri<br />

icyo gihe ubuhanga buhanitse (science) bwari bwarateye imbere, ubwanditsi buri <strong>ku</strong>ba<br />

gikwira, abanyadini b’ibwami n’abo mu murwa mu<strong>ku</strong>ru bari barize kandi ari intyoza bityo<br />

bakigaragazaho ubugwaneza n’uru<strong>ku</strong>ndo.” 300<br />

Ariko ubugome burenze ubundi mu bwigeze bubaho, igikorwa kibi cy’abadayimoni<br />

cyabayeho mu binyeja<strong>na</strong> biteye ubwoba byabayeho, cyabaye iyicwa rya Mutagatifu-<br />

Barutoromayo (Bartholomew). Iyo abatuye isi bibutse ubwo bugome bw’indengakamere<br />

yagiriwe bahinda umushyitsi. Umwami w’Ubufaransa, yokejwe igitutu n’abapadiri<br />

n’abayobozi ba<strong>ku</strong>ru b’i Roma, maze atanga uburenganzira bwo gukora icyo gikorwa giteye<br />

ubwoba. Inzogera yavugijwe mu ijoro nta yandi majwi yumvika<strong>na</strong>, yabaye ikimenyetso cyo<br />

gutangira ubwicanyi. Abaporotesitanti ibihumbi byinshi bari basinziriye batuje bari mu ngo<br />

196

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!