07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

<strong>ku</strong>gira ngo burwanye Bibiliya. Kandi mu gihugu aho ubuhamya bw’abahamya b’Ima<strong>na</strong> babiri<br />

bwajyaga gucecekesherezwa, niho hagombaga <strong>ku</strong>garagarira guhaka<strong>na</strong> Ima<strong>na</strong> nk’ukwa<br />

Farawo ndetse no gusayisha mu bibi nk’ukwa Sodomu.<br />

Ubu buhanuzi bwasohoreye mu mateka y’Ubufaransa nk’uko bwahanuwe rwose mu<br />

buryo butangaje. Mu gihe cy’Impinduramatwara, mu 1793, “<strong>ku</strong> ncuro ya mbere nibwo<br />

abatuye isi bumvise i<strong>na</strong>ma iteraniyemo imbaga y’abantu bavukiye kandi bigiye mu gihugu<br />

cyateye imbere, kandi bavugaga ko bayobora kimwe mu bihugu bikomeye by’i Burayi, maze<br />

bavugira icyarimwe ko banze u<strong>ku</strong>ri kw’ingenzi umutima w’umuntu wakira, ndetse<br />

bahakanira icyarimwe ibyo kwizera no gusenga Ima<strong>na</strong>.” 296 “Ubufaransa ni cyo gihugu<br />

cyonyine <strong>ku</strong> isi gifite amateka nya<strong>ku</strong>ri yanditswe akiriho, agaragaza ko nk’igihugu<br />

Ubufaransa bwigometse <strong>ku</strong> mugaragaro <strong>ku</strong> Muremyi w’ijuru n’isi. Mu Bwongereza, mu<br />

Budage, muri Esipanye n’ahandi habayeho kandi hakomeje <strong>ku</strong>baho abantu batuka Ima<strong>na</strong><br />

benshi n’abatayizera benshi, ariko Ubufaransa ni cyo gihugu cyonyine mu mateka y’isi,<br />

binyuze mu itegeko ryashyizweho n’Inteko Ishinga amategeko yacyo, cyavuze ko nta Ma<strong>na</strong><br />

ibaho, kandi abaturage bose batuye umurwa mu<strong>ku</strong>ru wacyo ndetse n’abandi benshi hirya no<br />

hino baba abagore n’abagabo, barabyinye kandi baririmba<strong>na</strong> ibyishimo bavuga ko bemeye<br />

itangazwa ry’iryo tegeko.” 297<br />

Ubufaransa bwerekanye imico yarangaga Sodomu. Mu gihe cy’Impinduramatwara,<br />

hagaragaye kwangirika kw’imico mbonera ndetse no gusayisha mu bibi bisa n’ibyazaniye<br />

<strong>ku</strong>rimbuka imidugudu yo mu kibaya. Umwanditsi w’amateka agaragaza ibyo guhaka<strong>na</strong><br />

Ima<strong>na</strong> no gusayisha by’igihugu cy’Ubufaransa nk’uko byavuzwe mu buhanuzi: “Mu<br />

mategeko afitanye isano ya bugufi n’amategeko apfobya iby’iyobokama<strong>na</strong>, harimo itegeko<br />

rigabanya agaciro k’ubumwe buba mu gushyingiranwa maze barigira amasezerano y’uburyo<br />

busanzwe bworoheje bw’igihe gito, aho abantu babiri bashobora <strong>ku</strong>yakomeza cyangwa<br />

bakayasesa uko bishakiye. Nyamara kandi ayo ni yo masezerano akomeye cyane abantu<br />

bashobora <strong>ku</strong>gira<strong>na</strong>, kandi <strong>ku</strong>da<strong>ku</strong>ka kwayo <strong>ku</strong>kaba ni ko gutuma umuryango mugari<br />

w’abantu urushaho gukomera.<br />

. . .Niba abadayimoni bariyemeje gukora <strong>ku</strong>gira ngo bavumbure uburyo bwasenya neza<br />

<strong>ku</strong>rushaho ibintu byose bikwiye <strong>ku</strong>bahwa, byiza kandi bihoraho mu mibereho y’ab’urugo,<br />

kandi baka<strong>na</strong>gira icyizere ko ikibi bagamije gukongeza mu bantu gishobora<br />

<strong>ku</strong>zahererekanywa mu b’ibise<strong>ku</strong>ru bigenda bi<strong>ku</strong>rikira<strong>na</strong>, nta gahunda bahimbye yarusha<br />

izindi <strong>ku</strong>gera <strong>ku</strong>ri iyo ntego neza yaruta gutesha agaciro amasezerano y’abashakanye. . . .<br />

Uwitwa Sophie Arnoult wari umukinnyi w’ikimenyabose <strong>ku</strong>bera ibintu bisekeje yavugaga,<br />

yavuze ko ukwishyingira k’umugabo n’umugore uko bishakiye kandi bagata<strong>na</strong> iko bishakiye<br />

ari “uguhurizwa mu busambanyi.’” 298<br />

“Aho Umwami wacu yabambwe.” Ibi byavuzwe n’ubuhanuzi <strong>na</strong>byo byasohojwe<br />

n’Ubufaransa. Nta handi mu bindi bihugu higeze hagaragara umwuka wo kwanga Kristo nko<br />

mu Bufaransa. Nta handi mu kindi gihugu u<strong>ku</strong>ri kwahuye no <strong>ku</strong>rwanywa mu buryo bukomeye<br />

195

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!