07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

<strong>ku</strong> magambo y’igitabo cy’ubu buhanuzi, Ima<strong>na</strong> izamu<strong>ku</strong>ra <strong>ku</strong> mugabane wa cya giti<br />

cy’ubugingo no <strong>ku</strong> wa rwa rurembo rwera, byanditswe muri iki gitabo.” 294<br />

Iyo ni yo miburo Ima<strong>na</strong> yatanze <strong>ku</strong>gira ngo irinde abantu guhindura ibyo yavuze cyangwa<br />

yategetse uko bishakiye. Iyo miburo ikomeye ireba abantu bose bakoresha ubushobozi bwabo<br />

bakayobora abandi mu guha agaciro gake amategeko y’Ima<strong>na</strong>. Iriya miburo yari ikwiriye<br />

gutera ubwoba no guhindisha umushyitsi abantu bavuga<strong>na</strong> agasuzuguro ko <strong>ku</strong>baha Ima<strong>na</strong><br />

cyangwa <strong>ku</strong>tayubaha ari ingingo idafite agaciro gakomeye. Abantu bose bashyira ibitekerezo<br />

byabo hejuru bakabirutisha iby’Ima<strong>na</strong> yahishuye, abantu bose babasha guhindura<br />

ubusobanuro nya<strong>ku</strong>ri bw’Ibyanditswe <strong>ku</strong>gira ngo buhuze n’ibyo bishakiye, cyangwa<br />

bagamije kwisanisha n’isi, bishyiraho inshingano iteye ubwoba. Ijambo ryanditswe ndetse<br />

n’amategeko y’Ima<strong>na</strong> bizasuzuma imico ya buri muntu kandi bizaciraho iteka abantu bose<br />

birengagiza iki gipimo kitibeshya kizereka<strong>na</strong> ko badashyitse.<br />

“Ubwo bazaba barangije gutanga ubuhamya bwabo.” Igihe ba bahamya bagombaga<br />

guhanura bambaye ibigunira cyarangiye mu 1798. Ubwo begeraga iherezo ry’igihe umurimo<br />

wabo wakorwaga mu mwijima, bagombaga <strong>ku</strong>rwanywa n’imbaraga yagereranyijwe<br />

n’“inyamaswa yavuye i<strong>ku</strong>zimu.” Mu bihugu byinshi by’Uburayi ubutegetsi bwayoboraga mu<br />

itorero <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> bwari bwaramaze imyaka amaga<strong>na</strong> menshi bugengwa <strong>na</strong> Satani binyuze mu<br />

mikorere y’ubupapa. Ariko aha <strong>na</strong> none hongera <strong>ku</strong>garagara ukwiyereka<strong>na</strong> gushya<br />

kw’imbaraga ya Satani.<br />

Kugumisha Bibiliya mu rurimi rutazwi no <strong>ku</strong>yihisha abantu byari byarabaye politiki ya<br />

Roma nyamara yabikoze yitwaje kwereka<strong>na</strong> ko iyubashye. Mu gihe cy’ubutegetsi bwa Roma,<br />

abahamya bahanuraga “bambaye ibigunira.” Ariko indi mbaraga (inyamaswa yavuye<br />

i<strong>ku</strong>zimu) yagombaga guhaguruka ikarwanya ijambo ry’Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong> mugaragaro.<br />

“Umudugudu munini” uwo abahamya biciwe mu tuyira twawo kandi akaba ari <strong>na</strong>ho<br />

imirambo yabo yari irambaraye, ni Egiputa (Misiri) “mu mvugo y’umwuka.” Mu bihugu<br />

byose bivugwa n’amateka ya Bibiliya, nta gihugu cyageze <strong>ku</strong> rugero rwo guhaka<strong>na</strong> <strong>ku</strong>baho<br />

kw’Ima<strong>na</strong> nzima nka Misiri kandi kikarwanya amabwiriza yayo. Nta mwami watinyutse<br />

kwigomeka <strong>ku</strong> butegetsi bw’ijuru <strong>ku</strong> mugaragaro nk’umwami wa Egiputa. Igihe Mose<br />

yamuzaniraga ubutumwa, mu izi<strong>na</strong> ry’Uwiteka, Farawo yasubizanyije ubwibone ati :<br />

“Uwiteka ni nde, ngo numvire ndeke Abisirayeli? Sinzi Uwiteka, kandi ntabwo <strong>na</strong>re<strong>ku</strong>ra<br />

Abisirayeli.” 295 Ibi ni uguhaka<strong>na</strong> Ima<strong>na</strong>, kandi igihugu kigereranywa <strong>na</strong> Egiputa <strong>na</strong>cyo<br />

cyagombaga guhaka<strong>na</strong> iby’Ima<strong>na</strong> ihoraho itegeka kandi kikagaragaza umuwuka nk’uwo wo<br />

<strong>ku</strong>tizera no kwigomeka. “Umudugudu munini” ugereranywa <strong>na</strong> none “mu mvugo y’umwuka”<br />

<strong>na</strong> Sodomu. Ugusayisha kwa Sodomu mu kwica amategeko y’Ima<strong>na</strong> byagaragariye<br />

by’umwihariko mu gukora ibyo bararikiye byose. Iki cyaha kandi cyagombaga <strong>ku</strong>ba ikintu<br />

cy’ingenzi kiranga ishyanga ryagombaga gusohoza ibyo ibyanditswe byari byaravuze.<br />

Bityo, nk’uko amagambo y’umuhanuzi yabivuze, mbere gato y’umwaka wa 1798<br />

ubutegetsi bumwe bukomoka kandi bufite amatwara ya Satani bwagombaga guhaguruka<br />

194

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!