07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

bidatinze akamusimbura, ntabwo ubutware bukomeye ubupapa bwari bwaragize bwongeye<br />

<strong>ku</strong>gira imbaraga nk’ubwo bwari bufite mbere.<br />

Ntabwo gutotezwa kw’itorero kwakomeje mu gihe cy’iyo myaka 1260. Mu mbabazi<br />

z’Ima<strong>na</strong> igirira ubwoko bwayo, yagabanyije ibyo bihe by’akaga gakomeye barimo. Ubwo<br />

Umukiza yavugaga iby’“ama<strong>ku</strong>ba akomeye” yari <strong>ku</strong>zagwirira itorero, yaravuze ati: “Iyo<br />

minsi iyaba itagabanijweho, ntihajyaga <strong>ku</strong>zarokoka n’umwe.” 291 Kubw’Impinduramatwara,<br />

itoteza ryarahagaraye bigeza mu mwaka wa 1798.<br />

Ku byerekeye abahamya babiri, umuhanuzi yongera <strong>ku</strong>vuga ati: “Abo bahamya ni bo biti<br />

bya elayo bibiri n’ibitereko by’amatabaza bibiri, bihagarara imbere y’Umwami w’isi.” Naho<br />

umwanditsi wa Zaburi we yaravuze ati: “Ijambo ryawe ni itabaza ry’ibirenge byanjye, ni<br />

umucyo umurikira inzira yanjye.” 292 Abo bahamya bombi bereka<strong>na</strong> Ibyanditswe Byera biri<br />

mu Isezerano rya kera n’Isezerano rishya. Ayo Masezerano yombi ni ibihamya by’ingenzi<br />

byereka<strong>na</strong> inkomoko no guhoraho iteka kw’amategeko y’Ima<strong>na</strong>. Yombi kandi ni ibihamya<br />

by’i<strong>na</strong>ma y’agakiza. Ibigereranyo, ibitambo n’ubuhanuzi byo mu Isezerano rya kera, byose<br />

byerekezaga <strong>ku</strong> Mukiza wari <strong>ku</strong>zaza. Ubutumwa Bwiza n’Inzandiko byo mu Isezerano<br />

Rishya byose bivuga ibyerekeye Umukiza waje mu buryo buhuye rwose n’ubwo yari<br />

yarazuzwemo n’ibigereranyo n’ubuhanuzi.<br />

“Bazahanura iminsi igihumbi <strong>na</strong> maga<strong>na</strong> abiri <strong>na</strong> mirongo itandatu, bambaye ibigunira.”<br />

Mu mugabane munini w’iki gihe, abahamya b’Ima<strong>na</strong> babaye mu mwijima. Ubutegetsi bwa<br />

Papa bwagerageje guhisha abantu u<strong>ku</strong>ri kw’Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> maze bubashyikiriza abahamya<br />

b’abanyabinyoma <strong>ku</strong>gira ngo bavuguruze ubuhamya bw’ijambo ry’u<strong>ku</strong>ri. Ubwo Bibiliya yari<br />

yaraciwe n’ubutegetsi bw’itorero ndetse n’ubwa <strong>Leta</strong>; ubwo ibyo Bibiliya ihamya byari<br />

byaragoretswe, kandi hagakoreshwa imbaraga zose zishoboka <strong>ku</strong>gira ngo abantu ndetse<br />

n’abadayimoni babashe guteshura intekerezo z’abantu <strong>ku</strong> <strong>ku</strong>ri kwa Bibiliya; igihe<br />

abatinyukaga <strong>ku</strong>vuga iby’u<strong>ku</strong>ri kwayo kwera bahigwaga, bakagambanirwa, bagatotezwa,<br />

bagafungirwa muri za kasho, bakicwa bazira ukwizera kwabo cyangwa bikaba ngombwa ko<br />

bahungira mu buvumo bwo mu misozi cyangwa mu myobo, -nibwo abahamya bakiranuka<br />

bahanuraga bambaye ibigunira. Nyamara bakomeje gutanga ubuhamya bwabo mu gihe cyose<br />

cy’imyaka 1260. Mu bihe bibi by’umwijima ukomeye hariho abantu b’indahemuka<br />

ba<strong>ku</strong>ndaga ijambo ry’Ima<strong>na</strong> kandi baharaniraga icyubahiro cyayo. Abo bagaragu<br />

b’indahemuka bahawe ubwenge, imbaraga n’ubushobozi bwo <strong>ku</strong>vuga u<strong>ku</strong>ri kw’Ima<strong>na</strong> muri<br />

iki gihe cyose.<br />

“Kandi iyo umuntu ashatse <strong>ku</strong>bagirira <strong>na</strong>bi, umuriro ubava mu kanwa, ukotsa abanzi babo:<br />

kandi nihagira umuntu ushaka <strong>ku</strong>bagirira <strong>na</strong>bi, uko niko akwiriye kwicwa.” 293 Ntabwo<br />

abantu bashobora kwica amategeko y’Ima<strong>na</strong> nka<strong>na</strong> ngo babure guhanwa. Ubusobanuro<br />

bw’iryo jambo rikomeye bugaragara mu gice cya nyuma cy’Ibyahishuwe: “Uwumva wese<br />

amagambo y’ubuhanuzi bw’iki gitabo, ndamuhamiriza nti, ‘Nihagira umuntu uzongera <strong>ku</strong>ri<br />

yo, Ima<strong>na</strong> izamwongeraho ibyago byanditswe muri iki gitabo. Kandi nihagira umuntu u<strong>ku</strong>ra<br />

193

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!