07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

hagamijwe <strong>ku</strong>nonosora ubwiza bwayo. Herode Mu<strong>ku</strong>ru yari yarayitanzeho umutungo<br />

w’Abanyaroma ndetse n’uw’Abayahudi, kandi uwo mwami w’abami wategekaga isi yari<br />

yara<strong>ku</strong>ngaharishije iyo ngoro impano ze bwite yatanze. In<strong>ku</strong>ta nini cyane z’amabuye<br />

y’agaciro kenshi y’umweru yitwa marimari, yari afite umubyimba munini bitangaje, yari<br />

yaroherejwe n’Abanyaroma hagamijwe uko <strong>ku</strong>yirimbisha, zari umwe mu migabane igize iyo<br />

nyubako; kandi izo n<strong>ku</strong>ta ni zo abigishwa bari beretse Umwigisha wabo bamubwira bati «<br />

Mbega amabuye ! Mbega imyubakire ! Mbese aho Mwigisha, urirebera ? » Mariko 13:1.<br />

Kuri ayo magambo bamubwiye, Yesu yabahaye igisubizo gikomeye kandi gitangaje ati:<br />

« Ntimureba ibi byose ? Ndababwira u<strong>ku</strong>ri ko aha hatazasigara ibuye rigeretse <strong>ku</strong> rindi<br />

ritajugunywe hasi.” Matayo 24:2.<br />

Iryo senywa rya Yerusalemu abigishwa barifashe nk’aho ryerekeje <strong>ku</strong> <strong>ku</strong>za kwa Kristo<br />

igihe azaba yiyiziye ubwe afite i<strong>ku</strong>zo aje kwima ingoma y’isi yose, guha<strong>na</strong> Abayuda<br />

b’indakoreka banze kwiha<strong>na</strong>, no gu<strong>ku</strong>ra igihugu mu bubata bw’Abanyaroma. Umukiza yari<br />

yarababwiye ko azaza ubwa kabiri. Kubw’ibyo, igihe yakomozaga <strong>ku</strong> rubanza rwari<br />

rutegereje Yerusalemu, bongeye gutekereza <strong>ku</strong>ri uko <strong>ku</strong>za kwe; maze igihe bari bakikije<br />

Umukiza <strong>ku</strong> Musozi w’imyelayo baramubaza bati: « Tubwire, ibyo bizaba ryari,<br />

n’ikimenyetso cyo <strong>ku</strong>za kwawe n’icy’imperuka y’isi ni ikihe?» Matayo 24:3.<br />

Kubw’imbabazi z’Ima<strong>na</strong>, ubusobanuro bw’ibyari <strong>ku</strong>zaba bwahishwe abigishwa. Iyo icyo<br />

gihe basobanukirwa byuzuye n’ibintu bibiri bikomeye byendaga <strong>ku</strong>zaba, ari byo <strong>ku</strong>babazwa<br />

n’urupfu by’Umukiza ndetse no gusenywa kw’umujyi wabo n’ingoro y’Ima<strong>na</strong>, bari kwicwa<br />

n’ubwoba. Kristo yaberetse incamake y’ibintu by’ingenzi bizaba mbere y’iherezo ry’ibihe.<br />

Icyo gihe ntibasobanukiwe neza amagambo ababwiye; ariko ubusobanuro bwayo bwari<br />

<strong>ku</strong>zahishurwa igihe ubwoko bw’Ima<strong>na</strong> bwari gukenera inyigisho yari iya<strong>ku</strong>biyemo.<br />

Ubuhanuzi yababwiye bwari bufite ubusobanuro bubiri: nubwo bwerekezaga <strong>ku</strong> isenywa rya<br />

Yerusalemu, bwa<strong>na</strong>vugaga iby’akaga kazabaho <strong>ku</strong> munsi ukomeye uheruka.<br />

Yesu yabwiye abigishwa bari bamuteze amatwi iby’urubanza rwari rutegereje gucirwa<br />

Isiraheli yasubiye inyuma; cyane cyane ibyago byari <strong>ku</strong>bageraho bazize ko banze Mesiya<br />

kandi bakamubamba. Ibimenyetso bidashidikanywaho byagombaga <strong>ku</strong>banziriza icyo gihe<br />

cy’akaga. Igihe giteye ubwoba cyari <strong>ku</strong>bageraho mu buryo butunguranye kandi bwihuse.<br />

Bityo, Umukiza yaburiye abigishwa be ati : « Ariko ubwo muzabo<strong>na</strong> ikizira kirimbura<br />

cyahanuwe n’umuhanuzi Daniyeli gihagaze Ahera, (ubisoma abyitondere), icyo gihe abazaba<br />

bari i Yudaya bazahungire <strong>ku</strong> misozi ». Matayo 24:15, 16; Luka 21:20, 21.<br />

Igihe amabendera y’abasirikari basengaga ibigirwama<strong>na</strong> b’Abanyaroma yari gushingwa<br />

<strong>ku</strong> butaka buziranenge bwageraga muri metero zirenga maga<strong>na</strong> abiri inyuma y’in<strong>ku</strong>ta<br />

z’umujyi, abayoboke ba Kristo bagombaga gukizwa no guhunga. Igihe bari <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong><br />

ikimenyetso kibaburira, abashakaga gukiza amagara yabo bagombaga guhunga batazuyaje.<br />

Icyo kimenyetso cy’uko bagomba guhunga cyagombaga guhita kitabwaho i Yudeya hose<br />

ndetse no muri Yerusalemu. Uwo cyagombaga gusanga ari hejuru y’inzu ntiyagombaga<br />

12

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!