07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

kwizera mu buryo bwirengagiza umugabane uwo ari wo wose wo <strong>ku</strong>mvira, haba mu buryo<br />

buzigiye cyangwa butaziguye; umuntu ubwiriza ibya Kristo agambiriye gupfobya, cyangwa<br />

guhindura ubusa itegeko ryoroheje ryo mu mategeko y’Ima<strong>na</strong> , bene uwo ntashobora<br />

gusimbuka icyo kirego.”<br />

Wesley yasubije abavugaga ko “<strong>ku</strong>bwiriza ubutumwa bwiza bisimbura amategeko agira<br />

ati: ” Ibyo turabihaka<strong>na</strong> rwose. Ibyo ntibisimbura rwose umugambi wa mbere w’amategeko<br />

ari wo wo kwemeza umuntu icyaha, gukangura abasinziriye mu mwijima wa gihenomu.”<br />

Intumwa Pawulo avuga ko, ” itegeko rimenyekanisha icyaha,” “kandi igihe cyose umuntu<br />

atari yemezwa icyaha, ntabwo azumva mu by’u<strong>ku</strong>ri uko akeneye amaraso ya Kristo yeza<br />

ibyaha. . . Nk’uko Umukiza ubwe abibo<strong>na</strong> ‘abazima sibo bakeneye umuvuzi, keretse<br />

abarwaye.’ Kubw’ibyo rero, ntibyumvika<strong>na</strong> guha umuganga abazima, cyangwa abibwira<br />

nibura ko ari bazima. Icyangombwa ni u<strong>ku</strong>banza ukabemeza ko barwaye; <strong>na</strong>ho ubundi<br />

nibitaba bityo, ntibazigera bagushimira icyo wabakoreye. Mu buryo nk’ubwo rero,<br />

ntibyumvika<strong>na</strong> <strong>ku</strong>zanira Kristo abafite imitima mizima, itarigeze imeneka.” 288<br />

Bityo, ubwo yabwirizaga ubutumwa bwiza bw’ubuntu bw’Ima<strong>na</strong>, Wesley a<strong>ku</strong>rikije<br />

urugero rw’Umwami we, yaharaniraga “kwerereza amategeko ndetse no <strong>ku</strong>yubahisha.” Mu<br />

budahemuka, yashohoje umurimo yahawe n’Ima<strong>na</strong>, maze ahabwa amahirwe yo kwibonera<br />

imbuto zawo zishimishije. Ku iherezo ry’ubuzima bwe bwarambye bukageza mu myaka<br />

mirongo i<strong>na</strong>ni — yamaze imyaka isaga mirongo itanu mu murimo agenda hirya no hino, --<br />

abayobotse inyigisho ze bakabishyira <strong>ku</strong> mugaragaro babarirwaga mu gice cya miliyoni.<br />

Ariko binyuze mu mirimo yakoze, abantu benshi bari barazahuwe, ba<strong>ku</strong>rwa mu irimbukiro<br />

no guheneberezwa n’icyaha, maze bagera <strong>ku</strong> buzima burushijeho gutunga<strong>na</strong>, ndetse n’abantu<br />

benshi bagize imibereho yimbitse kandi i<strong>ku</strong>ngahaye biturutse <strong>ku</strong> nyigisho ze, ntabwo abo<br />

bantu bose bazamenyeka<strong>na</strong> <strong>ku</strong>geza igihe umuryango wose w’abacunguwe uzaba uteraniye<br />

mu bwami bw’Ima<strong>na</strong>. Imibereho ye itanga icyigisho gifite agaciro katagerwa <strong>ku</strong>ri buri<br />

Mukristo wese. Iyaba uko kwizera no kwicisha bugufi, ishyaka ridacogora ndetse<br />

n’ubwitange no <strong>ku</strong>tizigama byaranze uyu mugaragu wa Kristo byagaragariraga mu matorero<br />

yo muri iki gihe.<br />

191

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!