07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

mategeko yabayeho <strong>ku</strong>va isi ikiremwa, kandi ntiyari “yanditswe <strong>ku</strong> bisate by’amabuye,”<br />

ahubwo yari yanditswe mu mitima y’aba<strong>na</strong> b’abantu igihe bavaga mu biganza by’Umuremyi.<br />

Kandi nubwo inyuguti zanditswe n’urutoke rw’Ima<strong>na</strong> ubu zaba zarangijwe cyane n’icyaha,<br />

ntabwo bishiboka ko zisibanga<strong>na</strong> burundu mu gihe cyose tukimenya gutandukanya ikibi<br />

n’icyiza. Buri mugabane wose w’ayo mategeko ugomba <strong>ku</strong>genga abantu bose, no mu bihe<br />

byose, bidatewe n’igihe cyangwa ahantu, cyangwa indi mpamvu iyo ari yo yose ishobora<br />

guhinduka, ahubwo bitewe <strong>na</strong> kamere y’Ima<strong>na</strong> <strong>na</strong> kamere y’umuntu ndetse n’isano itabasha<br />

guhinduka bafitanye.<br />

“’Si<strong>na</strong>je <strong>ku</strong>ya<strong>ku</strong>raho, ahubwo <strong>na</strong>je <strong>ku</strong>yasohoza.’ Nta gushidikanya, ubusobanuro bw’ibyo<br />

Yesu avuga aha (bitavuguruzanya n’ibyavuzwe byose mbere cyangwa ibya<strong>ku</strong>rikiyeho), -ni<br />

ubu: Naje <strong>ku</strong>yasohoza <strong>ku</strong> rugero rwuzuye, ntitaye <strong>ku</strong> busobanuro ubwo ari bwo bwose<br />

bw’abantu: Nzanywe no gushyira <strong>ku</strong> mugaragaro ibihishwe byose kandi bitumvika<strong>na</strong>ga muri<br />

yo: nzanywe no gutanga ubusobanuro nya<strong>ku</strong>ri kandi bwuzuye bwa buri mugabane wayo<br />

wose; <strong>ku</strong>gira ngo nerekane uburebure, ubugari no kwaguka kose bya buri tegeko riyarimo,<br />

ndetse n’ubuhagarike n’ubujya<strong>ku</strong>zimu bwayo, ubutungane bwayo butagereranywa ndetse<br />

n’imbaraga y’iby’umwuka iri muri buri mugabane wayo.” 287<br />

Wesley yavuze ubwuzuzanye ntakemwa bw’amategeko n’ubutumwa bwiza. Yaravuze ati:<br />

“Kubw’ibyo rero, hariho isano ikomeye hagati y’itegeko n’ubutumwa bwiza umuntu<br />

yasobanukirwa. Ku ruhande rumwe, amategeko ahora atuyobora <strong>ku</strong> butumwa bwiza kandi<br />

arabutwereka; <strong>ku</strong> rundi ruhande, ubutumwa bwiza buhora butwerekeza <strong>ku</strong> <strong>ku</strong>rushaho<br />

gusohoza amategeko mu buryo nyabwo. Urugero ni uko amategeko adusaba gu<strong>ku</strong>nda Ima<strong>na</strong>,<br />

gu<strong>ku</strong>nda bagenzi bacu, <strong>ku</strong>gwa neza, kwicisha bugufi no <strong>ku</strong>bonera. Twiyumvamo ko ibyo<br />

bintu tutabishoboye; ni u<strong>ku</strong>ri ko ari ibintu “bidashobokera umuntu”; ariko tubo<strong>na</strong> isezerano<br />

Ima<strong>na</strong> idusezeranira ryo <strong>ku</strong>duha urwo ru<strong>ku</strong>ndo rwayo, <strong>ku</strong>duhindura abicisha bugufi,<br />

abagwaneza n’intungane. Twishingikiriza <strong>ku</strong>ri ubu butumwa bwiza, <strong>ku</strong>ri iyo n<strong>ku</strong>ru nziza;<br />

tugenzerezwa uko ukwizera kwacu <strong>ku</strong>ri; kandi ubutungane bw’amategeko busohorezwa muri<br />

twe,’ ” <strong>ku</strong>bwo kwizera Yesu Kristo. . .”<br />

Wesley yaravuze ati : “Ku ruhembe rw’imbere rw’abanzi b’ubutumwa bwiza bwa Kristo,<br />

hari abantu bacira urubanza amategeko <strong>ku</strong> mugaragaro mu buryo bweruye, kandi<br />

‘bakayatuka;’ bakigisha abantu kwica amategeko (guhindura ubusa, gukerensa, gu<strong>ku</strong>raho<br />

inshingano afite), bitari itegeko rimwe gusa, ryaba iryoroheje cyangwa irikomeye cyane<br />

ahubwo yose uko yakabaye . . . Igitangaje cyane mu bintu byose biba muri ubu buyobe<br />

bukomeye, ni uko ababuguyemo bizera mu by’u<strong>ku</strong>ri ko bubaha Kristo nyamara ba<strong>ku</strong>raho<br />

amategeko ye, kandi ko berereza umurimo we ariko basenya inyigisho ye! Muby’u<strong>ku</strong>ri<br />

bubaha Kristo nk’uko Yuda yabigenje ubwo yavugaga ati: “Mwigisha! Nda<strong>ku</strong>ramutsa” maze<br />

akamusoma. Bityo, Kristo ashobora <strong>ku</strong>bwira buri wese muri bo ati: ‘Uragambanirisha<br />

Umwa<strong>na</strong> w’umuntu <strong>ku</strong>musoma?’ Kuvuga iby’amaraso ye maze ukamwambura ikamba rye<br />

no kwirengagiza umugabane uwo ari wo wose w’amategeko ye witwaje kwamamaza<br />

ubutumwa bwe, ntaho bitaniye no <strong>ku</strong>mugambanira umusoma. Umuntu wese ubwiriza ibyo<br />

190

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!