07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

ryose, bavugaga ko bitakiri ngombwa ko abavugabutumwa basaba abantu <strong>ku</strong>mvira ibyo<br />

amategeko asaba <strong>ku</strong>bera ko abo Ima<strong>na</strong> yatoreye guhabwa agakiza, bazabashishwa<br />

“n’imbaraga nta<strong>ku</strong>mirwa y’ubuntu bw’Ima<strong>na</strong>, bagakora ibitunganye kandi biboneye”, mu<br />

gihe abagenewe <strong>ku</strong>rimbuka bo, “badafite imbaraga ibabashisha <strong>ku</strong>mvira amategeko<br />

y’Ima<strong>na</strong>.”<br />

Abandi <strong>na</strong>bo bizeraga ko “intore zidashobora kwigera zigwa ngo zive mu buntu cyangwa<br />

ngo zibure kwemerwa n’Ima<strong>na</strong>.” Byabagejeje <strong>ku</strong> mwanzuro uteye ubwoba wavugaga ko “mu<br />

by’u<strong>ku</strong>ri ibikorwa bibi bakora, atari ibikorwa by’ibyaha, kandi ko bidakwiriye gufatwa ko<br />

bishe amategeko y’Ima<strong>na</strong>, ndetse ko <strong>ku</strong>bw’ibyo, badafite impamvu ibatera kwicuza ibyaha<br />

byabo cyangwa ngo babireke <strong>ku</strong>bwo kwiha<strong>na</strong>.” 284<br />

Kubw’ibyo, ba bandi bashyigikiraga ukwizera gusa bakarwanya amategeko, bavuze ko <strong>na</strong><br />

kimwe mu byaha bikomeye cyane, “gifatwa muri rusange ko ari u<strong>ku</strong>gomera amategeko<br />

y’Ima<strong>na</strong>, ko atari icyaha imbere y’Ima<strong>na</strong>,” igihe gikozwe n’umwe mu batowe, “<strong>ku</strong>bera ko<br />

ibyo ari kimwe mu byangombwa kandi biranga abatowe, ko badashobora <strong>ku</strong>gira icyo bakora<br />

kidashimishije Ima<strong>na</strong> cyangwa se icyo amategeko abuzanya.”<br />

Ayo mahame ateye ubwoba ahuje rwose n’inyigisho zaje gu<strong>ku</strong>rikiraho z’abigisha bari<br />

ibirangirire ndetse n’abize iby’iyobokama<strong>na</strong>, zavugaga ko nta mategeko adahinduka ariho<br />

y’Ima<strong>na</strong>, yo <strong>ku</strong>ba urugero rw’ubutungane, ko ahubwo urugero rw’imico mbonera<br />

rugaragazwa n’umuryango mugari w’abantu ubwawo, kandi ko urwo rugero ruhora<br />

ruhinduka. Ibyo bitekerezo byose bikomoka <strong>ku</strong>ri wa mwuka ukomeye — umwuka wa wa<br />

wundi, nubwo yari mu batuye ijuru batarangwagamo icyaha, yatangiye umurimo we wo<br />

gushaka gu<strong>ku</strong>raho amategeko atunganye y’Ima<strong>na</strong>.<br />

Inyigisho zavugaga ko Ima<strong>na</strong> ari yo igenera umuntu mu buryo budahinduka imico agomba<br />

<strong>ku</strong>gira, zateye abantu benshi gutera umugongo amategeko y’Ima<strong>na</strong>. Wesley yarwanyije<br />

byimazeyo ibinyoma by’abo bigisha barwanyaga amategeko y’Ima<strong>na</strong> kandi yereka<strong>na</strong> ko<br />

amahame yabyaye izo nyigisho ahabanye n’u<strong>ku</strong>ri kw’Ibyanditswe Byera. ” Ubuntu bw’Ima<strong>na</strong><br />

buzanira abantu bose agakiza bwarabonetse.” “Ngibyo ibyiza bishimisha Ima<strong>na</strong> Umukiza<br />

wacu, ishaka ko abantu bose bakizwa <strong>ku</strong>gira ngo babashe <strong>ku</strong>menya u<strong>ku</strong>ri <strong>ku</strong>zuye. Hariho<br />

Ima<strong>na</strong> imwe ru<strong>ku</strong>mbi kandi umuhuza wayo n’abantu ni umwe, <strong>na</strong> we ni umuntu, ni Kristo<br />

Yesu witanze agapfa ngo abere incungu abantu bose.” 285 Mwuka w’Ima<strong>na</strong> atangirwa ubuntu<br />

<strong>ku</strong>gira ngo abashishe umuntu wese gushyikira uburyo bwose bumugeza <strong>ku</strong> gakiza. Bityo<br />

Kristo, we “Mucyo nya<strong>ku</strong>ri,” “yaje mu isi maze amurikira abantu bose.” Abantu ba<strong>na</strong>nirwa<br />

kwakira agakiza bitewe no kwanga impano y’ubugingo buhoraho babyihitiyemo.” 286<br />

Ubwo yasubizaga <strong>ku</strong> byavugwaga ko urupfu rwa Kristo rwa<strong>ku</strong>yeho amategeko cumi<br />

y’Ima<strong>na</strong> ndetse n’amategeko y’imihango, Wesley yaravuze ati: “Ntabwo Yesu ya<strong>ku</strong>yeho<br />

amategeko yo mu mategeko cumi, kandi yashimangiwe n’abahanuzi. Ntabwo umugambi<br />

wamuzanye wari uwo <strong>ku</strong>gira ngo a<strong>ku</strong>reho umugabane n’umwe w’ayo mategeko. Iri ni itegeko<br />

ridashobora guhinduka, iri tegeko ni umuhamya nya<strong>ku</strong>ri ‘ukomeye mu ijuru’ . . .Aya<br />

189

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!