07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

riteguwe neza ryibasiye abantu baregwaga ikosa rimwe gusa ryo guharanira <strong>ku</strong>garura<br />

abanyabyaha bari mu nzira y’irimbukiro bakaberekeza mu nzira y’ubutungane.<br />

Ubwo Yohani Wesley yavugaga <strong>ku</strong> byo we <strong>na</strong> bagenzi be baregwa yaravuze ati : ” Bamwe<br />

barega bavuga ko inyigisho z’abo bantu ari ibinyoma, ubuyobe kandi ari ubwaka; kandi ko<br />

batari barigeze bazumva <strong>ku</strong>va kera <strong>ku</strong>geza icyo gihe; ko yaba ari amahame ayobya, ubwaka<br />

n’ubupapa. Ibyo birego byose byamaze <strong>ku</strong>jya binengwa uhereye mu mizi, <strong>ku</strong>bera ko<br />

byagaragaye rwose ko buri cyiciro cy’ayo mahame ari inyigisho yumvika<strong>na</strong> y’Ibyanditswe<br />

Byera nk’uko bisobanurwa n’itorero ryacu. Kubw’ibyo rero, ayo mahame ntashobora <strong>ku</strong>ba<br />

ibinyoma cyangwa ngo abe ayobya mu gihe Ibyanditswe ari iby’u<strong>ku</strong>ri.” “Abandi barega<br />

bagira bati, ‘Inyigisho zabo ntizikebakeba rwose; batuma inzira ijya mu ijuru irushaho<br />

gufunga<strong>na</strong>.’ Kandi mu by’u<strong>ku</strong>ri, iki ni cyo cy’ishingiro duhaka<strong>na</strong>, (nk’uko ari cyo cyonyine<br />

cyigeze <strong>ku</strong>baho mu gihe ru<strong>na</strong>ka,) kandi mu buryo bw’ibanga ni <strong>na</strong>cyo gishamikiyeho ibindi<br />

byinshi cyane byigaragaza mu buryo butandukanye. Ariko se abo bantu baba batuma inzira<br />

iga<strong>na</strong> ijuru irushaho gufunga<strong>na</strong> <strong>ku</strong>ruta uko Umwami wacu n’intumwa ze babigenje? Mbese<br />

amahame yabo yaba akomeye <strong>ku</strong>ruta avugwa <strong>na</strong> Bibiliya? Muzirikane gusa amasomo make<br />

yumvika<strong>na</strong>: “U<strong>ku</strong>ndishe Uwiteka Ima<strong>na</strong> yawe umutima wawe wose, n’ubugingo bwawe<br />

bwose, n’imbaraga zawe zose, n’ubwenge bwawe bwose, kandi u<strong>ku</strong>nde <strong>na</strong> mugenzi wawe<br />

nk’uko wi<strong>ku</strong>nda.’ 279 ‘Kandi ndababwira yuko ijambo ryose ry’impfabusa abantu bavuga<br />

bazaribazwa <strong>ku</strong> munsi w’amateka.’ 280 ‘Namwe iyo murya, cyangwa munywa, cyangwa<br />

mukora ikindi kintu cyose, mujye mukorera byose guhimbaza Ima<strong>na</strong>.” 281<br />

“Niba inyigisho zabo zikomeye <strong>ku</strong>rusha ibi byavuzwe n’Ibyanditswe, bakwiriye<br />

<strong>ku</strong>barwaho ikosa; ariko mu mitima yanyu muzi neza ko atari ko bimeze. Nyamara se ni nde<br />

wavuga ko yakoroshyaho n’akanyuguti kamwe ntabe agoretse ijambo ry’Ima<strong>na</strong>? Mbese<br />

umuntu uwo ari we wese w’igisonga wabikijwe ubwiru bw’Ima<strong>na</strong> yagaragara ko ari<br />

indakemwa mu gihe ahinduye umugabane umwe w’ibyo yabikijwe? —Oya. Ntacyo<br />

yagabanya, ntacyo yakoroshya. Ahubwo ategetswe <strong>ku</strong>bwira abantu bose ati, ‘Ntabwo<br />

nshobora gucisha bugufi Ibyanditswe <strong>ku</strong>gira ngo bihuze n’ibibashimisha. Mugomba<br />

<strong>ku</strong>zamuka mugashyikira urwego bibasaba <strong>ku</strong>geraho bitaba ibyo mukazarimbuka by’iteka<br />

ryose.’ Imvugo ya rubanda ni uko abo bantu badafite uru<strong>ku</strong>ndo. Koko se nta ru<strong>ku</strong>ndo bafite?<br />

Ni mu ruhe rwego? Mbese ntibagaburira abashonji kandi bakambika abambaye ubusa? ‘Oya<br />

rwose; aho siho hari ikibazo: Ibi ntibabura <strong>ku</strong>bikora rwose, ahubwo nta ru<strong>ku</strong>ndo bagira mu<br />

gushyira mu gaciro! Batekereza ko nta muntu ushobora gukizwa uretse abagendera mu nzira<br />

<strong>na</strong>bo banyuramo.” 282<br />

Ugusubira inyuma mu by’umwuka kwari kwaragaragaye mu Bwongereza mbere yuko<br />

Wesley atangira umurimo we, cyane cyane byari ingaruka y’inyigisho zavugaga ko kwizera<br />

konyine ari ko guhesha agakiza kandi ko umuntu adakeneye <strong>ku</strong>mvira amategeko y’Ima<strong>na</strong>.<br />

283 Abantu benshi bemezaga ko Kristo ya<strong>ku</strong>yeho amategeko y’Ima<strong>na</strong> kandi ko <strong>ku</strong>bera ibyo,<br />

bitakiri ngombwa ko Abakristo bayubahiriza; bakavuga ko uwizera yabatuwe mu “bubata<br />

bwo gukora imirimo myiza.” Abandi <strong>na</strong>bo, nubwo bemeraga ko amategeko ahoraho iteka<br />

188

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!