07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

y’umuntu maze amujya iruhande, ba bantu barihinze maze umugaragu w’Ima<strong>na</strong> abo<strong>na</strong> uko<br />

ava aho hantu hari akaga gakomeye ntacyo abaye.<br />

Ubwo Wesley yavugaga iby’igihe kimwe yarokowe mu maboko y’imbaga y’abantu bari<br />

bafite uburakari bukaze bashaka <strong>ku</strong>mugirira <strong>na</strong>bi yaravuze ati : “Ubwo twamanukaga umusozi<br />

tugenda mu nzira inyerera twerekeje mu mujyi, abantu benshi bakoraga uko bashoboye ngo<br />

bangushe hasi, bibwira ko nindamuka nguye hasi ntarabasha kongera guhaguruka u<strong>ku</strong>ndi.<br />

Nyamara sinigeze ngwaguza, ndetse habe no <strong>ku</strong>nyerera gato <strong>ku</strong>geza ubwo <strong>na</strong>shoboye <strong>ku</strong>bava<br />

mu nzara. . . Nubwo benshi bageragezaga <strong>ku</strong>mfata ikora ry’ishati cyangwa imyenda <strong>ku</strong>gira<br />

ngo bampirike, ntibashoboye <strong>ku</strong>gira icyo bafata: umwe gusa ni we washoboye <strong>ku</strong>mfata<br />

agakomeza agapfundikizo k’umufuka w’agakote kanjye gato, ariko mu kanya gato kaje<br />

gucika gasigara mu ntoke ze; <strong>na</strong>ho akandi gapfundikizo k’umufuka warimo inoti<br />

y’amafaranga kacitse uruhande rumwe. Umugabo munini wari inyuma yanjye yampondaguye<br />

kenshi akoresheje inkoni y’icyuma. Iyo ayin<strong>ku</strong>bita incuro imwe <strong>ku</strong> gatwe k’inyuma, byari<br />

<strong>ku</strong>mugabaniriza umuruho wo gukomeza <strong>ku</strong>n<strong>ku</strong>bita. Nyamara uko yabanguraga inkoni ngo<br />

an<strong>ku</strong>bite niko yahinduraga icyerekezo mu buryo ntamenya uko byagendaga <strong>ku</strong>ko<br />

ntashoboraga guhindurira iburyo cyangwa ibumoso. . . Undi yaje yatanya mu bantu maze<br />

azamura u<strong>ku</strong>boko ngo kwe ngo an<strong>ku</strong>bite ariko mu buryo butunguranye inkoni iragwa maze<br />

ankora <strong>ku</strong> mutwe avuga ngo: “Mbega imisatsi yoroshye inyerera afite!”. . . Abantu babaye<br />

aba mbere mu <strong>ku</strong>gira imitima ihindutse ni ibihanda byo mu mujyi, ababaga <strong>ku</strong> ruhembe<br />

rw’imbere rw’abagome mu byabagaho byose, kandi umwe muri bo yari umurwanyi wubahwa<br />

warwaniraga <strong>ku</strong> rubuga rw’abakira<strong>na</strong>.<br />

“Mbega kwitabwaho gutangaje Ima<strong>na</strong> ikoresha <strong>ku</strong>gira ngo idutegurire gukora ibyo ishaka!<br />

Hashize imyaka ibiri banteye igice cy’itafari kimpusha urutugu. Ubwo kandi hari hashize<br />

umwaka ntewe ibuye hagati y’amaso. Mu kwezi gushize <strong>na</strong>ra<strong>ku</strong>biswe ndetse n’uyu mugoroba<br />

<strong>na</strong><strong>ku</strong>biswe kabiri; ubwa mbere <strong>na</strong>ri ntaragera mu mujyi, ubwa kabiri ni igihe<br />

<strong>na</strong>wusohokagamo; nyamara byose ntacyo byantwaye <strong>ku</strong>bera ko nubwo umuntu yan<strong>ku</strong>bita mu<br />

gituza n’imbaraga ze zose, undi akan<strong>ku</strong>bita <strong>ku</strong> munwa n’imbaraga nyinshi <strong>ku</strong> buryo amaraso<br />

yahita ava, <strong>na</strong>babara nk’aho yan<strong>ku</strong>bise igikenyeri.” 278<br />

Abametodisite b’icyo gihe - baba abizera basanzwe kimwe n’ababwiriza — bihanganiye<br />

gusuzugurwa no gutotezwa biturutse mu bagize itorero kimwe no mu n’abahaka<strong>na</strong> <strong>ku</strong><br />

mugaragaro ko atari abanyadini babaga barakajwe n’ibinyoma byavugwaga <strong>ku</strong>ri abo<br />

Bametodisiti. Bajyanwaga imbere y’inkiko z’ubutabera. Izo nkiko zitwaga zityo <strong>ku</strong> izi<strong>na</strong> gusa<br />

<strong>ku</strong>ko ubutabera nyabwo bwari ingume mu nkiko z’icyo gihe. Akenshi bahohoterwaga<br />

n’ababatotezaga. Imbaga y’abantu b’abagome yavaga mu inzu ijya mu yindi, bangiza ibintu,<br />

bame<strong>na</strong>gura ibikoresho byo mu mazu, basahura ibyo bashaka byose kandi bagahutaza<br />

abagabo, abagore n’aba<strong>na</strong>. Rimwe <strong>na</strong> rimwe, inyandiko zashyirwaga <strong>ku</strong> karubanda<br />

zikararikira abashaka <strong>ku</strong>za <strong>ku</strong>me<strong>na</strong> amadirishya no gusahura amazu y’Abametodisiti bakagira<br />

aho bateranira mu gihe ru<strong>na</strong>ka. Uko <strong>ku</strong>renga <strong>ku</strong> burenganzira bwa muntu no kwica itegeko<br />

ry’Ima<strong>na</strong> byaremerwaga bigakorwa nta muntu ubicyashye. Hakomeje gukorwa itoteza<br />

187

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!