07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

ry’umurimo. Bo ubwabo <strong>na</strong> bagenzi babo bake baba<strong>ku</strong>ndaga, baje guhabwa izi<strong>na</strong><br />

ry’Abametodisiti n’abanyeshuri bagenzi babo batubahaga Ima<strong>na</strong> babakwe<strong>na</strong>ga. Muri icyo<br />

gihe, iryo zi<strong>na</strong> ryafatwaga nk’irisuzuguritse, ariko ubu, ni iry’icyubahiro, rifitwe <strong>na</strong> rimwe<br />

mu matorero magari cyane mu Bwongereza no muri Amerika.<br />

Nka bamwe mu bagize <strong>Itorero</strong> ry’Ubwongereza, bari bakomeye cyane <strong>ku</strong> mihango yaryo<br />

yo gusenga; ariko Umukiza yari yaraberetse mu Ijambo rye ikintu kirushije ibyo byose<br />

agaciro. Mwuka Muziranenge yabahatiraga <strong>ku</strong>bwiriza ibya Kristo wabambwe. Imbaraga<br />

y’Isumbayose yahora<strong>na</strong>ga <strong>na</strong>bo mu murimo. Abantu ibihumbi byinshi baremezwaga kandi<br />

bagahinduka by’u<strong>ku</strong>ri. Nuko rero, izo ntama zagombaga <strong>ku</strong>rindwa ibirura. Ntabwo Wesley<br />

yatekerezaga gushinga itorero rishya, ariko yateranyirije abizeraga mu cyitwaga Ihuriro<br />

Metodisiti. 277<br />

Abo babwiriza baje guhura no <strong>ku</strong>rwanywa mu buryo bukomeye kandi buteye ubwoba<br />

biturutse <strong>ku</strong> itorero risanzwe ririho; nyamara Ima<strong>na</strong> mu bwenge bwayo yari yayoboye<br />

ibyagiye bibaho <strong>ku</strong>gira ngo itume ivugura ritangira mu itorero ubwaryo. Iyo iryo vugurura<br />

rituruka hanze y’itorero, ntiryajyaga gucengera ngo rigere aho ryari rikenewe cyane. Ariko<br />

bitewe n’uko ababwiriza b’ivugurura bari abayoboke b’itorero kandi bakaba barakoreraga<br />

munsi y’ubuyobozi bw’itorero, aho bashoboraga <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> icyuho hose, u<strong>ku</strong>ri kwakingurirwaga<br />

imiryango <strong>ku</strong>kinjira aho <strong>ku</strong>tari <strong>ku</strong>basha gukingurirwa mu bundi buryo. Bamwe mu bayobozi<br />

b’itorero bakanguwe mu bitotsi barimo, maze bahinduka ababwiriza b’abanyamwete muri za<br />

paruwasi zabo. Amatorero yari yaragushijwe ikinya n’imihango, yongeye <strong>ku</strong>garura ubuzima.<br />

Mu gihe cya Wesley, kimwe no mu bindi bihe by’amateka y’itorero, abantu bafite impano<br />

zitandukanye bakoze umurimo bahawe. Ntabwo bagiye bahuza <strong>ku</strong> ngingo zose z’imyizerere,<br />

ariko bose bayoborwaga <strong>na</strong> Mwuka w’Ima<strong>na</strong>, kandi bashyiraga hamwe mu <strong>ku</strong>gera <strong>ku</strong><br />

mugambi wari ushishikaje wo <strong>ku</strong>garurira Kristo imitima. Kutavuga rumwe hagati ya<br />

Whitefield n’abari mu ruhande rwa Wesley byageze ubwo bisa n’ibigiye guteza amaca<strong>ku</strong>biri;<br />

ariko <strong>ku</strong>bera ko bari abantu bigishijwe kwicisha bugufi mu ishuri rya Kristo, kwihanganira<strong>na</strong><br />

n’uru<strong>ku</strong>ndo byabateye kwiyunga. Ntibagiraga igihe cyo <strong>ku</strong>jya impaka mu gihe ubuyobe<br />

n’ibicumuro byabaga gikwira hirya no hino kandi abanyabyaha baramanukaga berekeza mu<br />

nzira yo <strong>ku</strong>rimbuka.<br />

Abagaragu b’Ima<strong>na</strong> bagendaga mu nzira iruhije. Abakomeye n’intiti bakoresheje<br />

imbaraga zabo babarwanya. Nyuma y’igihe gito, benshi mu bayobozi ba<strong>ku</strong>ru b’itorero<br />

bagaragaje ubugizi bwa <strong>na</strong>bi <strong>ku</strong> mugaragaro, maze inzugi z’insengero zirafungwa bityo<br />

ukwizera gutunganye n’abakwamamazaga birakingiranwa. Imikorere y’abayobozi b’itorero<br />

mu <strong>ku</strong>barwanyiriza mu magambo yavugirwaga <strong>ku</strong> ruhimbi yabyukije ibyari mu mwijima,<br />

ubujiji n’ibicumuro. Yoha<strong>na</strong> Wesley yagiye asimbuka urupfu inshuro nyinshi<br />

<strong>ku</strong>bw’ibitangaza by’ubuntu bw’Ima<strong>na</strong>. Igihe imbaga y’abantu barakaye bari bamuhagurukiye<br />

kandi bikaba byarasaga n’aho nta buryo bwo <strong>ku</strong>bacika, umumarayika yaje mu ishusho<br />

186

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!