07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

ibyabaye muri rimwe mu materaniro yabo y’iyobokama<strong>na</strong> yari ahabanye cyane n’imihango<br />

y’itorero ry’Ubwongereza itarangwamo ubushyuhe, yaravuze ati :“Kwiyoroshya gukomeye<br />

ndetse n’uburyo bifata mu masengesho byanteye gutekereza mbere y’imyaka igihumbi <strong>na</strong><br />

maga<strong>na</strong> arindwi yari ishize, maze ntekereza ko ndi muri rimwe muri ya materaniro<br />

ahatararangwaga imihango igaragara inyuma no gutwarwa by’indengakamere, ahubwo<br />

Pawulo, umuboshyi w’amahema, cyangwa Petero wari umurobyi ari bo bayayoboye, nyamara<br />

hakagaragara imbaraga ya Mwuka w’Ima<strong>na</strong>.” 274<br />

Ubwo Wesley yari agarutse mu Bwongereza, yaje kwigishwa n’umubwiriza w’umukristo<br />

w’umumorave (Moravian), maze abasha gusobanukirwa <strong>ku</strong>rushaho iby’ukwizera Bibiliya<br />

yigisha. Yemeye ko agomba <strong>ku</strong>reka kwishingikiriza <strong>ku</strong> mirimo ye ngo ibe yamuhesha<br />

agakiza, kandi ko akwiriye kwiyegurira burundu “Ntama w’Ima<strong>na</strong> u<strong>ku</strong>raho ibyaha by’abari<br />

mu isi.” Mu iteraniro ry’itsinda ry’abamorave ryaberaga i London, Luteri yanditse ubutumwa,<br />

asobanura impinduka Mwuka w’Ima<strong>na</strong> akorera mu mutima w’uwizeye. Ubwo Wesley<br />

yategaga amatwi, ukwizera kwagurumanye mu bugingo bwe. Aravuga ati: “Numvaga<br />

umutima wanjye ususurutse mu buryo budasanzwe, numvise nkwiriye kwiringira Kristo<br />

wenyine <strong>ku</strong>gira ngo mbone agakiza; kandi mfite ibyiringiro ko yan<strong>ku</strong>yeho ibyaha byanjye<br />

bwite, ambatura itegeko ry’icyaha n’urupfu.” 275<br />

Mu myaka myinshi yari amaze arangwa n’intege nke no <strong>ku</strong>bura ihumure, imyaka yo<br />

kwiyanga gukomeye, imyaka yo <strong>ku</strong>gawa no gucishwa bugufi, Wesley yari ataratezutse <strong>ku</strong><br />

mugambi we wo gushaka Ima<strong>na</strong>. Ubu rero yari amaze <strong>ku</strong>yibo<strong>na</strong>, kandi ubuntu yahihibikaniye<br />

guhabwa akoresheje amasengesho, kwiyiriza ubusa, ibikorwa by’ubugwaneza no kwibabaza,<br />

yari yasobanukiwe ko ari impano idatangirwa ” igiciro ru<strong>na</strong>ka cyangwa amafaranga.”<br />

Ubwo yari amaze gukomera mu kwizera Kristo, umutima we waguruma<strong>na</strong>gamo icyifuzo<br />

cyo kwamamaza hose ubutumwa bwiza bw’ubuntu Ima<strong>na</strong> igirira abantu nta kiguzi. Yaravuze<br />

ati: ” Isi yose <strong>na</strong>yifataga nka paruwasi nyobora, mu karere kose k’isi aho <strong>na</strong>shoboraga <strong>ku</strong>ba<br />

ndi, <strong>na</strong>bo<strong>na</strong>ga ko bikwiriye kandi bitunganye ndetse n<strong>ku</strong>mva ari inshingano yanjye ko mbwira<br />

ubutumwa bwiza bw’agakiza abashaka <strong>ku</strong>mva bose.” 276<br />

Yakomeje imibereho ye idakebakeba kandi yo kwiyanga, ariko noneho atari yo shingiro<br />

ryo kwizera kwe ahubwo ari ingaruka yako; atari umuzi w’ubutungane, ahubwo ari amatunda<br />

yabwo. Ubuntu bw’Ima<strong>na</strong> muri Yesu-Kristo ni ishingiro ry’ibyiringiro bya Gikristo, kandi<br />

ubwo buntu buzagaragarira mu <strong>ku</strong>mvira. Ubuzima bwa Wesley yari yaraburunduriye mu<br />

murimo wo <strong>ku</strong>bwiriza u<strong>ku</strong>ri gukomeye yari yarakiriye ari ko: — <strong>ku</strong>girwa intungane binyuze<br />

mu kwizera amaraso ya Yesu-Kristo a<strong>ku</strong>raho ibyaha, n’imbaraga ihindura umutima ya<br />

Mwuka Muziranenge maze ikera imbuto mu mibereho i<strong>ku</strong>rikiza urugero rwa Kristo.<br />

Whitefield <strong>na</strong> bagenzi ba Wesley bari barateguriwe umurimo n’umutima buri wese yari<br />

yaramaranye igihe kirekire umwemeza ko ashobora <strong>ku</strong>rimbuka; bityo bibatera <strong>ku</strong>basha<br />

kwihanganira ibirushya nk’abasirikare beza ba Kristo. Bari baranyuze mu gusuzugurwa,<br />

gukwenwa n’itotezwa, haba mu gihe bari bakiri muri za kaminuza ndetse no mu itangira<br />

185

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!