07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Mu Bwongereza, gushinga imizi k’Ubuporotesitanti nk’idini y’igihugu cyose<br />

byaragabanutse, ariko itoteza ntiryahagarara burundu. Nubwo nyinshi mu nyigisho za Roma<br />

zari zaranzwe, hari imihango yayo itari mike yakomeje <strong>ku</strong>bahirizwa. Banze kwemera<br />

ubutware bw’ikirenga bwa Papa, ariko mu mwanya we bahashyira umwami ngo abe<br />

umuyobozi mu<strong>ku</strong>ru w’itorero. Mu mihango y’itorero hari hakiri uguhaba<strong>na</strong> gukomeye<br />

n’ubutungane ndetse no kwicisha bugufi biranga ubutumwa bwiza. Ihame ry’ingezi<br />

rishyigikira umudendezo mu myizerere ryari ritarabacengera. Nubwo abayobozi<br />

b’Abaporotesitanti batigeze bitabaza kenshi gukora ubugome buteye ubwoba bwakoreshwaga<br />

<strong>na</strong> Roma mu <strong>ku</strong>rwanya ubuhakanyi, uburenganzira bwa buri muntu bwo <strong>ku</strong>ramya Ima<strong>na</strong><br />

nk’uko umutima<strong>na</strong>ma we umutegeka ntibwitabwagaho. Abantu bose basabwaga kwemera<br />

amahame no <strong>ku</strong>bahiriza uburyo bwo gusenga byategetswe n’itorero ryariho. Mu gihe<br />

cy’imyaka amaga<strong>na</strong> menshi, abitandukanyaga n’itorero batotezwaga <strong>ku</strong> rwego rwo hejuru<br />

cyangwa urworoheje.<br />

Mu kinyeja<strong>na</strong> cya cumi <strong>na</strong> karindwi, abapasitoro benshi birukanywe mu myanya yabo.<br />

Abantu bari babujijwe <strong>ku</strong>jya mu biterane by’amadini ayo ari yo yose uretse ibyemewe<br />

n’itorero, maze ubirenzeho agahanishwa ibihano bikomeye; gufungwa cyangwa <strong>ku</strong>ba<br />

igicibwa. Abo bantu b’indakemwa batashoboraga <strong>ku</strong>reka gutera<strong>na</strong> ngo baramye Ima<strong>na</strong>,<br />

byabaye ngombwa ko bashaka ahantu hihishe bateranira, mu nzu zicuze umwijima, ndetse<br />

mu bihe ru<strong>na</strong>ka by’umwaka bakajya mu mashyamba mu gihe cy’amasaha y’igicu<strong>ku</strong>. Mu<br />

bwihisho bubatwikiriye bwo mu mashyamba, aho Ima<strong>na</strong> ubwayo yabubakiye urusengero, abo<br />

ba<strong>na</strong> bayo babaga baratatanye kandi batotezwa, niho bateraniraga <strong>ku</strong>gira ngo bagaragaze ibiri<br />

mu mitima yabo basenga kandi baririmba. Nyamara nubwo bari bafite uko kwigengesera<br />

kose, abenshi muri bo bagiriwe <strong>na</strong>bi cyane bazira kwizera kwabo. Inzu z’imbohe zuzujwemo<br />

abantu. Imiryango yagiye itata<strong>na</strong>. Abantu benshi birukanwa mu bihugu byabo, bahungira mu<br />

mahanga. Nyamara Ima<strong>na</strong> ntiyigeze iha<strong>na</strong> abantu bayo, kandi itoteza ntiryari gushobora<br />

gucecekesha ubuhamya bwabo. Benshi bambukijwe inyanja bajya muri Amerika, aho<br />

bashinze imfatiro z’umudendezo mu miyoborere y’ubutegetsi no mu by’idini, ari wo wabaye<br />

ishema n’uru<strong>ku</strong>ta rukingira iki gihugu.<br />

Nanone nk’uko byagenze mu bihe by’intumwa, itoteza ryatumye ubutumwa bwiza<br />

bwamamara. Ubwo Yoha<strong>na</strong> Bunyan yari afungiwe muri gereza mbi cyane yari yuzuwemo<br />

n’abantu bakoze amarorerwa y’ubwicanyi, yahumekaga umwuka w’ijuru, kandi aho hantu ni<br />

ho yandikiye igitabo cye cyuzuye ishushanyamvugo, kivuga iby’umugenzi wagendaga ava<br />

mu gihugu cy’irimbukiro aga<strong>na</strong> mu murwa wo mu ijuru. Mu gihe gisaga imyaka maga<strong>na</strong><br />

abiri, iryo jwi ryavuye muri kasho y’i Bedford ryagiye rivuga<strong>na</strong> imbaraga ikora <strong>ku</strong> mitima<br />

y’abantu. Ibitabo bya Bunyan ari byo: “Urugendo rw’Umukristo” n’ikindi cyitwa, “Ubuntu<br />

busaze <strong>ku</strong> Munyabyaha Ruharwa” 267 , byayoboye abantu benshi mu nzira y’ubugingo.<br />

Baxter, Flavel, Alleine, n’abandi bantu bafite impano kandi bize, ndeste b’i<strong>na</strong>raribonye<br />

mu Bukristo bahagurukanye imbaraga nyinshi, barwanira ukwizera kwahawe abera.<br />

Umurimo wakozwe n’abantu bagizwe ibicibwa kandi batarengerwaga n’amategeko<br />

182

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!