07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

n’ibyifuzwa n’amahanga yose bizaza, kandi iyi nzu nzayuzuzamo ubwiza , niko Uwiteka<br />

Nyiringabo avuga». Hagayi 2:9,7.<br />

Nyuma yuko iyo ngoro isenywe <strong>na</strong> Nebukadinezari, yongeye <strong>ku</strong>bakwa mu gihe cy’imyaka<br />

igera <strong>ku</strong>ri maga<strong>na</strong> atanu mbere y’ivuka rya Kristo. Yubatswe n’abantu bari barabaye mu<br />

bunyage igihe kirekire batahutse mu gihugu cyabo cyari cyarahindutse amatongo ndetse gisa<br />

n’icyabaye ubutayu. Muri bo harimo abantu ba<strong>ku</strong>ru bari barabonye ubwiza bw ‘ingoro yari<br />

yarubatswe <strong>na</strong> Salomo, nuko baririra urufatiro rw’iyo nyubako nshya bavuga ko izarushwa<br />

ubwiza n’iyayibanjirije. Umuhanuzi yasobanuye ashimangira umubabaro abantu benshi bari<br />

bafite agira ati: « Mbese muri mwe hari usigaye wari warabonye ubwiza uru rusengero<br />

rwahoranye mbere ? Kuri ubu rurasa rute ? Uko mururuzi si nk’ubusa ?” Hagayi 2:3; Ezira<br />

3:12. Ubwo ni bwo hatanzwe isezerano ko iyo nyubako ya kabiri izaruta iya mbere.<br />

Nyamara ntabwo ingoro ya kabiri yari yarigeze inganya ubwiza n’iya mbere. Nta nubwo<br />

yigeze ihabwa i<strong>ku</strong>zo <strong>ku</strong>bw’ibimenyetso bigaragarira amaso byereka<strong>na</strong> ko Ima<strong>na</strong> iri aho hantu<br />

nk’ibyagaragaye mu ngoro ya mbere. Nta mbaraga ndengakamere yigeze yigaragaza mu<br />

muhango wo <strong>ku</strong>yegurira Ima<strong>na</strong>. Ntabwo bigeze babo<strong>na</strong> igicu cy’ubwiza cyuzura mu buturo<br />

buziranenge bushya bwari bwubatswe. Nta muriro wavuye mu ijuru ngo ukongore igitambo<br />

cyari <strong>ku</strong> rutambiro rwabwo. Ntabwo Sheki<strong>na</strong> yari ikiba hagati y’abakerubi babaga ahera<br />

cyane. Isandu<strong>ku</strong> y’isezerano, intebe y’ihongerero ndetse n’ibisate by’amabuye byari<br />

byanditsweho amategeko ntibyari bikirangwamo. Nta jwi rivuye mu ijuru ryari ricyumvika<strong>na</strong><br />

ngo rimenyeshe umutambyi ubushake bwa Yehova.<br />

Mu binyeja<strong>na</strong> byinshi byari bishize, Abayuda bari baragerageje ariko bikaba iby’ubusa<br />

bashaka kwereka<strong>na</strong> ko isezerano Ima<strong>na</strong> yabahaye irinyujije muri Hagayi ryasohoye. Nyamara<br />

ubwirasi no <strong>ku</strong>tizera byahumye intekerezo zabo ntibamenya ubusobanuro nyabwo<br />

bw’amagambo yavuzwe n’uwo muhanuzi. Ntabwo ingoro ya kabiri yaheshejwe icyubahiro<br />

n’igicu kigaragaza i<strong>ku</strong>zo rya Yehova, ahubwo yagiheshejwe n’uko yagezwemo n’Uwo<br />

Ubuma<strong>na</strong> bwuzuriramo-- we ubwe akaba yari Ima<strong>na</strong> yiyerekaniye mu mubiri. Ni u<strong>ku</strong>ri<br />

«Uwifuzwa n’amahanga yose » yari yaraje mu ngoro ye igihe uwo Munya<strong>na</strong>zareti<br />

yigishirizaga kandi agakiriza abarwayi mu rugo rw’iyo ngoro nziranenge.<br />

Mu <strong>ku</strong>garagara kwa Kristo muri iyo ngoro ni ho honyine ingoro ya kabiri yarushirije i<strong>ku</strong>zo<br />

ingoro ya mbere. Nyamara Abisiraheli bari barayihejemo uwo ijuru ryari ryarabageneyeho<br />

Impano. Uwo munsi i<strong>ku</strong>zo ry’Ima<strong>na</strong> ryari rya<strong>ku</strong>we <strong>ku</strong>ri iyo ngoro by’iteka ryose rijyanye<br />

n’uwo Mwigisha wiyoroheje wari wasohotse mu irembo ryayo ry’izahabu. Icyo gihe<br />

amagambo Umukiza yavuze ati « Dore inzu yanyu muyisigiwe ari umusaka » yari yamaze<br />

gusohora. Matayo 23:38.<br />

Abigishwa bari batewe ubwoba kandi batangazwa n’ubuhanuzi bwa Kristo bw’uko iyo<br />

ngoro yari <strong>ku</strong>zasenywa, maze bumva bifuje gusobanukirwa biruseho amagambo ababwiye.<br />

Ubutunzi, imirimo ndetse n’ubuhanga buhanitse mu bijyanye no <strong>ku</strong>baka byari<br />

byaratanganywe ubushake bishyirwa <strong>ku</strong>ri iyo ngoro mu gihe cy’imyaka irenga mirongo ine<br />

11

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!