Itorero na Leta ku Rugamba
Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya... Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...
Itorero na Leta ku Rugamba kwari ingenzi cyane mu gihe cye, no gukomera ku mahame y’Ubuporotesitanti ayarinda imyemerere y’ubupapa yajyaga igaruka vuba, ndetse agakangurira amatorero yemeraga ubugorozi kugira ngo imibereho itunganye no kwicisha bugufi mu cyimbo cy’ubwibone no gusaya mu bibi byahawe intebe kubera inyigisho z’i Roma. Ibitabo byinshi byaturukaga i Geneve ndetse n’abigisha maze bakajya kwamamaza inyigisho z’ubugorozi. Abatotezwaga bo mu bihugu byose bashakiraga amabwiriza, inama no guterwa ubutwari biturutse i Geneve. Umujyi wa Kaluvini wahindutse ubuhungiro bw’Abagorozi bahigwaga mu Burengerazuba bw’Uburayi. Kubera guhunga akaga kakomeje kubaho mu gihe cy’imyaka amagana menshi, abahungaga bazaga i Geneve. Babaga bashonje, barakomeretse, barambuwe amazu yabo, baramazweho abavandimwe babo, ariko bakiranwaga ubwuzu kandi bakitabwaho mu mutima w’impuhwe. Ubwo babonaga aho baba i Geneve, baheshaga umugisha uwo mujyi wabakiriye bakoresheje ubuhanga bwabo, ubwenge bwabo ndetse n’ubutungane bwabo. Abenshi mu babonye ubuhungiro i Geneve, bagiye basubira mu bihugu byabo bakajya kurwanya igitugu cya Roma. Uwitwa Yohani Knox, wari umugorozi w’intwari ukomoka muri Sikotilandi (Scotland), umubare munini w’abaharaniraga ko itorero ryakoroshya imihango rikora ahubwo rigashimangira imico mbonera, Abaporotestanti bo mu Buholandi n’abo muri Esipanye ndetse n’Abahugeno (Huguenots) bo mu Bufaransa bamurikishije itara ry’ukuri bakuye i Geneve kugira ngo ritamurure umwijima wari mu bihugu bavukagamo. 170
Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cya 13 – Ubuholandi na Sikandinaviya Mu mizo ya mbere, ubutegetsi bw’igitugu bwa papa bwateje kwivumbagatanya gukomeye mu Buholandi. Mu myaka magana arindwi mbere y’igihe cya Luteri, abepisikopi babiri bari baroherejwe i Roma maze bakabasha kumenya imico nyakuri y’”Umurwa Utunganye,” bari barashyize Papa ku karubanda bagira bati: “Itorero, Imana yarigize umwamikazi n’umugeni wayo, yarihaye ubukungu bukomeye kandi buhoraho bugenewe umuryango waryo, yaritanzeho inkwano itangirika, ndetse yarihaye ikamba n’inkoni y’ubutware bihoraho; . . . nyamara ibyo byiza byose wabyitambitse imbere ubyiyerekezaho nk’umujura. Wiyicaje mu ngoro y’Imana, kandi aho kuba umushumba, wahindutse nk’ikirura ku ntama; . . . ushaka ko twizera ko uri umwepisikopi w’ikirenga nyamara witwara nk’umunyagitugu . . . Aho kwemera kuba umugaragu w’abagaragu, nk’uko wiyita, uharanira kuba umwami w’abami. . . . Ibyo bisuzuguza amabwiriza y’Imana. . . . Mwuka Muziranenge ni we wubaka amatorero yose kugeza ku mpera z’isi. . . Umurwa w’Imana yacu, ari nawo dutuyemo, ugera ku mpande zose z’ijuru; ndetse uruta umujyi abahanuzi bazira inenge bise Babuloni yiyitirira Imana, wikuza ukagera ku ijuru, ndetse wirata ko ubwenge bwawo budapfa, kandi amaherezo nubwo nta shingiro ufite, uvuga ko utigeze uyoba ngo ukore amakosa kandi ko ibyo bitanashoboka.” 250 Uko ibinyejana byakurikiranaga, hagiye hahaguruka abandi bagasubiramo aya magambo yo kwamagana imikorere ya Papa. Kandi abo bigisha ba mbere bambukiranyaga ibihugu bitandukanye bakamenywa n’abantu benshi maze bakaza kwinjira mu Buholandi, bari bafite imico nk’iy’abavugabutumwa b’Abavoduwa, ndetse bamamaje ubutumwa bwiza ahantu hose. Inyigisho zabo zakwirakwiye bwangu. Bibiliya yari mu rurimi rw’Abawalidense bayisobanuye mu Kidage. Baravuze bati : “Ifite akamaro kanini, nta magambo y’ubupfapfa arimo, nta migani y’imihimbano, nta bitagira umumaro cyangwa ibinyoma birangwamo uretse amagambo y’ukuri gusa. Bavuze ko ikomeye mu bice byayo byose ko ariko ushobora gusangamo umusokoro n’uburyohe by’ibyiza n’ibitunganye.” 251 Uko ni ko mu kinyejana cya cumi na kabiri incuti z’ukwizera kwa mbere zanditse. Noneho hatangiye itotezwa rikozwe na Roma; ariko mu gihe cyo gutwikwa no kwicwa urw’agashinyaguro, abizera barushagaho kwiyongera kandi bagahamya byimazeyo ko Bibiliya ariyo muyobozi mu by’idini utibeshya, kandi ko ” nta muntu wagombye guhatirwa kwizera, ko ahubwo akwiriye kubyemezwa n’inyigisho.” 252 Inyigisho za Luteri zakiranywe ubwuzu mu Buholandi, maze abantu b’abanyamurava kandi b’indahemuka bahagurukira kubwiriza ubutumwa bwiza. Mu ntara imwe mu zigize Ubuholandi hakomotsemo uwitwa Menno Simons. Uyu yakuze ari umugatolika w’i Roma aza kurobanurirwa kuba umupadiri. Ntabwo yari asobanukiwe na Bibiliya kandi ntiyabashaga kuyisoma bitewe no gutinya ko yamuyobya akagwa mu buhakanyi. Umunsi umwe, yaje kugira gushidikanya ku nyigisho ivuga ibyo guhinduka kwa divayi n’umutsima mu maraso 171
- Page 127 and 128: Itorero na Leta ku Rugamba Ubwo yar
- Page 129 and 130: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 131 and 132: Itorero na Leta ku Rugamba bwenge b
- Page 133 and 134: Itorero na Leta ku Rugamba nabyo ni
- Page 135 and 136: Itorero na Leta ku Rugamba I Zurich
- Page 137 and 138: Itorero na Leta ku Rugamba Insinzi
- Page 139 and 140: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 141 and 142: Itorero na Leta ku Rugamba y’Iman
- Page 143 and 144: Itorero na Leta ku Rugamba ubutware
- Page 145 and 146: Itorero na Leta ku Rugamba soko y
- Page 147 and 148: Itorero na Leta ku Rugamba bushoboz
- Page 149 and 150: Itorero na Leta ku Rugamba Ibyo byi
- Page 151 and 152: Itorero na Leta ku Rugamba ibihumbi
- Page 153 and 154: Itorero na Leta ku Rugamba azatwitw
- Page 155 and 156: Itorero na Leta ku Rugamba y’abat
- Page 157 and 158: Itorero na Leta ku Rugamba Ntabwo a
- Page 159 and 160: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 161 and 162: Itorero na Leta ku Rugamba (guhabwa
- Page 163 and 164: Itorero na Leta ku Rugamba rwarakom
- Page 165 and 166: Itorero na Leta ku Rugamba rwibagir
- Page 167 and 168: Itorero na Leta ku Rugamba Yaravuze
- Page 169 and 170: Itorero na Leta ku Rugamba Aho hant
- Page 171 and 172: Itorero na Leta ku Rugamba abigisha
- Page 173 and 174: Itorero na Leta ku Rugamba Ibyinshi
- Page 175 and 176: Itorero na Leta ku Rugamba abashije
- Page 177: Itorero na Leta ku Rugamba hirya no
- Page 181 and 182: Itorero na Leta ku Rugamba babaga a
- Page 183 and 184: Itorero na Leta ku Rugamba no kumen
- Page 185 and 186: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 187 and 188: Itorero na Leta ku Rugamba Tyndale
- Page 189 and 190: Itorero na Leta ku Rugamba bimureme
- Page 191 and 192: Itorero na Leta ku Rugamba y’abat
- Page 193 and 194: Itorero na Leta ku Rugamba ibyabaye
- Page 195 and 196: Itorero na Leta ku Rugamba y’umun
- Page 197 and 198: Itorero na Leta ku Rugamba ryose, b
- Page 199 and 200: Itorero na Leta ku Rugamba kwizera
- Page 201 and 202: Itorero na Leta ku Rugamba bidatinz
- Page 203 and 204: Itorero na Leta ku Rugamba kugira n
- Page 205 and 206: Itorero na Leta ku Rugamba zabo, bi
- Page 207 and 208: Itorero na Leta ku Rugamba cyaramir
- Page 209 and 210: Itorero na Leta ku Rugamba ihumure
- Page 211 and 212: Itorero na Leta ku Rugamba y’uko
- Page 213 and 214: Itorero na Leta ku Rugamba Icyiyong
- Page 215 and 216: Itorero na Leta ku Rugamba Igihe Ub
- Page 217 and 218: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 219 and 220: Itorero na Leta ku Rugamba ikoreshe
- Page 221 and 222: Itorero na Leta ku Rugamba yivuye i
- Page 223 and 224: Itorero na Leta ku Rugamba ko hari
- Page 225 and 226: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 227 and 228: Itorero na Leta ku Rugamba ryateye
<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />
kwari ingenzi cyane mu gihe cye, no gukomera <strong>ku</strong> mahame y’Ubuporotesitanti ayarinda<br />
imyemerere y’ubupapa yajyaga igaruka vuba, ndetse agakangurira amatorero yemeraga<br />
ubugorozi <strong>ku</strong>gira ngo imibereho itunganye no kwicisha bugufi mu cyimbo cy’ubwibone no<br />
gusaya mu bibi byahawe intebe <strong>ku</strong>bera inyigisho z’i Roma.<br />
Ibitabo byinshi byaturukaga i Geneve ndetse n’abigisha maze bakajya kwamamaza<br />
inyigisho z’ubugorozi. Abatotezwaga bo mu bihugu byose bashakiraga amabwiriza, i<strong>na</strong>ma no<br />
guterwa ubutwari biturutse i Geneve. Umujyi wa Kaluvini wahindutse ubuhungiro<br />
bw’Abagorozi bahigwaga mu Burengerazuba bw’Uburayi. Kubera guhunga akaga kakomeje<br />
<strong>ku</strong>baho mu gihe cy’imyaka amaga<strong>na</strong> menshi, abahungaga bazaga i Geneve. Babaga bashonje,<br />
barakomeretse, barambuwe amazu yabo, baramazweho abavandimwe babo, ariko<br />
bakiranwaga ubwuzu kandi bakitabwaho mu mutima w’impuhwe. Ubwo babo<strong>na</strong>ga aho baba<br />
i Geneve, baheshaga umugisha uwo mujyi wabakiriye bakoresheje ubuhanga bwabo,<br />
ubwenge bwabo ndetse n’ubutungane bwabo. Abenshi mu babonye ubuhungiro i Geneve,<br />
bagiye basubira mu bihugu byabo bakajya <strong>ku</strong>rwanya igitugu cya Roma. Uwitwa Yohani<br />
Knox, wari umugorozi w’intwari ukomoka muri Sikotilandi (Scotland), umubare munini<br />
w’abaharaniraga ko itorero ryakoroshya imihango rikora ahubwo rigashimangira imico<br />
mbonera, Abaporotestanti bo mu Buholandi n’abo muri Esipanye ndetse n’Abahugeno<br />
(Huguenots) bo mu Bufaransa bamurikishije itara ry’u<strong>ku</strong>ri ba<strong>ku</strong>ye i Geneve <strong>ku</strong>gira ngo<br />
ritamurure umwijima wari mu bihugu bavukagamo.<br />
170