07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Geneve kandi akaba ari ho akorera. Kaluvini byamuteye ubwoba asubira inyuma. Yari<br />

umuntu uvuga make kandi u<strong>ku</strong>nda amahoro, bityo rero ahindishwa umushyitsi no gutinya<br />

gukora<strong>na</strong> n’umwuka wo kwiyemera, <strong>ku</strong>ba ibyigenge ndetse w’amahane warangaga abaturage<br />

b’i Geneve. Intege nke z’ubuzima bwe ndetse n’akamenyero ko gushishoza byamuteye<br />

gushaka aho yaruhukira. Kubera ko yiringiraga ko azashobora gufasha umurimo w’ubugorozi<br />

akoresheje inyandiko, yifuzaga <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> ahantu hatuje <strong>ku</strong>gira ngo yige maze ajye akoresha<br />

inyandiko bityo yigishe kandi akomeze amatorero. Ariko amagambo meza yavuzwe <strong>na</strong> Farel<br />

yayumvise nk’umuhamagaro uturutse <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong>, maze ntiyatinyuka guhaka<strong>na</strong>. Nk’uko<br />

yabivuze byasaga n’aho “u<strong>ku</strong>boko kw’Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong>rambuwe guturutse mu ijuru, <strong>ku</strong>ramufata,<br />

kandi <strong>ku</strong>mukomereza aho hantu yashakaga <strong>ku</strong>va adatindiganyije.” 249<br />

Muri icyo gihe akaga gakomeye kari kagose umurimo w’abaporotesitanti. Imivumo ya<br />

Papa yari yibasiye umujyi wa Geneve kandi ibihugu by’ibihangange byari byiteguye gusenya<br />

uwo mujyi. Byajyaga gushoboka bite ko uyu mujyi muto wahanga<strong>na</strong> n’ubushobozi bukomeye<br />

akenshi bwari bwarahatiye abami n’abami b’abami <strong>ku</strong>bwumvira? Ni mu buhe buryo uyu<br />

mujyi wari <strong>ku</strong>basha gutsinda ingabo z’ibihangange <strong>ku</strong> rugamba byo <strong>ku</strong> isi yose?<br />

Aho ubukristo bwarangwaga hose, abaporotesitanti bari bibasiwe n’abanzi bakomeye.<br />

Intambwe za mbere zo gutsinda Ubugorozi zari zaratewe maze Roma ihamagaza ingabo<br />

nshya yiringiye <strong>ku</strong>rimbura Ubugorozi burundu. Muri icyo gihe hashyizweho umuryango<br />

w’Abayezuwiti (jesuits) bari abicanyi ruharwa, ntibagiraga icyo batinya, kandi nibo bari<br />

bakomeye mu bambari bose ba Papa. Abayezuwiti bari baratandukanye n’inzira yose ibahuza<br />

n’abandi bantu ndetse n’ibigirira umuntu akamaro, nta ru<strong>ku</strong>ndo kamere rwabarangwagamo,<br />

imitekerereze myiza ndetse n’umutima<strong>na</strong>ma byari byaracecekeshejwe burundu, nta tegeko <strong>na</strong><br />

rimwe bubahaga cyangwa ngo bagirane isano iyo ariyo yose n’abandi usibye abo mu<br />

muryango wabo, kandi nta yindi nshingano bari bafite uretse iyo kwagura imbaraga zawo.<br />

Ubutumwa bwiza bwa Kristo bwari bwarashoboje ababuyobotse guhanga<strong>na</strong> n’akaga no<br />

kwihanganira umubabaro, imbeho, inzara, umu<strong>na</strong>niro n’ubukene ndetse no <strong>ku</strong>zamura<br />

ibendera ry’u<strong>ku</strong>ri igihe bari imbere y’imbago zo <strong>ku</strong>bakandiramo <strong>ku</strong>geza bapfuye, imbere ya<br />

gereza ndetse n’imbere y’imambo zo gutwikirwaho. Kugira ngo Abayezuwiti barwanye abo<br />

bayobotse ubutumwa, bacengeje mu bayoboke babo umwuka wo gukabya (ubwaka)<br />

wabashobozaga kwihanganira ibyago byose ndetse no <strong>ku</strong>rwanya imbaraga y’u<strong>ku</strong>ri<br />

bifashishije intwaro zose z’ibinyoma. Kuri bo, bwari ubugome bukomeye cyane <strong>ku</strong> buryo<br />

batinyaga <strong>ku</strong>bukora, nta bushukanyi bukaze batinyaga gukora ndetse nta no kwiyoberanya<br />

gukomeye gute batakoraga. Babaga bararahiriye <strong>ku</strong>ba abakene no kwicisha bugufi iteka<br />

ryose, kandi byari umugambi wabo wateguwe neza ko bazagera <strong>ku</strong> bu<strong>ku</strong>ngu no gukomera<br />

igihe birunduriye mu gikorwa cyo guhirika ubuporotesitanti no kongera kwimakaza ubutware<br />

bwa Papa.<br />

Iyo wababo<strong>na</strong>ga nk’abagize uwo muryango wabo, babaga bambaye umwambaro<br />

w’ubutungane, bagasura abari muri gereza ndetse no mu bitaro, bakita <strong>ku</strong> barwayi n’abakene<br />

bakavuga ko batandukanye n’iby’isi, kandi bakitwaza izi<strong>na</strong> rizira inenge rya Yesu wajyaga<br />

168

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!