07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

abashije gucika abari mu <strong>na</strong>ma. Ariko haje abacamanza bari <strong>ku</strong>mwe n’abasirikare bitwaje<br />

intwaro maze baramukiza. Bibaye mu gitondo cya kare cy’umunsi wa<strong>ku</strong>rikiyeho, Farel n’uwo<br />

bari <strong>ku</strong>mwe baraherekejwe babambutsa ikiyaga babageza ahantu hari umutekano. Uko ni ko<br />

umuhati we wa mbere wo <strong>ku</strong>bwiriza ubutumwa i Geneve warangiye.<br />

Ku nshuro ya kabiri, hatoranyijwe igikoresho cyoroheje. Hari umusore wagaragaraga ko<br />

acishije make <strong>ku</strong> buryo ata<strong>na</strong>kiriwe neza n’abari incuti z’Ubugorozi. Ariko se umusore<br />

nk’uwo yabashaga gukora ahantu Farel yari yaramaganwe? Ni mu buhe buryo umusore wari<br />

ufite ubutwari n’ubu<strong>na</strong>raribonye buke yajyaga gutsinda imiraba uwari umunyambaraga<br />

ukomeye n’intwari <strong>ku</strong>murusha yari yarahunze? “Si <strong>ku</strong> bw’amaboko, kandi si <strong>ku</strong> bw’imbaraga,<br />

ahubwo ni <strong>ku</strong> bw’Umwuka wanjye. Ni ko Uwiteka Nyiringabo avuga.” 247 “Ahubwo Ima<strong>na</strong><br />

yatoranyije abaswa bo mu isi, ngo ikoze isoni abanyabwenge: kandi yatoranyije ibinyantege<br />

nke byo mu isi, ngo ikoze isoni ibikomeye.” “Kuko ubupfu bw’Ima<strong>na</strong> burusha abantu<br />

ubwenge; kandi intege nke z’Ima<strong>na</strong> zirusha abantu imbaraga.” 248<br />

Froment yatangiye umurimo we ari umwarimu w’ishuri. U<strong>ku</strong>ri yigishaga aba<strong>na</strong> mu ishuri<br />

bagusubiragamo bari iwabo. Bidatinze ababyeyi bagiye baza <strong>ku</strong>mva uko Bibiliya isobanurwa<br />

<strong>ku</strong>geza ubwo icyumba cy’ishuri cyuzuraga abantu benshi baje <strong>ku</strong>mutega amatwi batuje.<br />

Isezerano Rishya n’izindi nyandiko byatangirwaga ubuntu kandi byageraga <strong>ku</strong> bantu benshi<br />

batatinyukaga <strong>ku</strong>jya gutega amatwi izo nyigisho nshya <strong>ku</strong> mugaragaro. Nyamara hashize<br />

igihe gito gusa, Froment <strong>na</strong>we yarahunze nyamara inyigisho yari yarigishije zari zashinze<br />

imizi mu ntekerezo z’abantu. Ubugorozi bwari bwaramaze gushinga imizi, maze bukomeza<br />

gukomera no kwaguka. Ababwiriza bajyaga bahagaruka maze bitewe n’umurimo wabo<br />

amaherezo uburyo bwo gusenga bwa giporotesitanti bushinga imizi i Geneve.<br />

Ubwo Calvin (Kaluvini) yinjiraga mu mujyi wa Geneve nyuma yo <strong>ku</strong>genda ahantu henshi<br />

no guhura n’ingorane nyinshi, yasanze uwo mujyi waramaze kwemera Ubugorozi. Igihe yari<br />

mu nzira yerekeje i Basel avuye gusura bwa nyuma aho yavukiye, yasanze iyo nzira ya bugufi<br />

irimo ingabo z’umwami Karoli wa V (Charles V) maze biba ngombwa ko anyura inzira<br />

ikikiye ntinyure i Geneve.<br />

Muri uko gusura Farel yabashije <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> u<strong>ku</strong>boko kw’Ima<strong>na</strong>. Nubwo Geneve yari<br />

yaremeye ukwizera <strong>ku</strong>vuguruwe, hari hakiri umurimo ukomeye ugomba <strong>ku</strong>hakorwa. Ntabwo<br />

abantu biyegurira Ima<strong>na</strong> nk’itsinda rigari ry’abantu ahubwo biba <strong>ku</strong>ri buri muntu <strong>ku</strong> giti cye.<br />

Umurimo wo <strong>ku</strong>girwa mushya ugomba <strong>ku</strong>gezwa mu mutima no mu ntekerezo<br />

<strong>ku</strong>bw’imbaraga ya Mwuka Muziranenge, atari <strong>ku</strong>bw’amategeko yashyizweho n’i<strong>na</strong>ma<br />

z’abantu. Nubwo abaturage b’i Geneve bari baranze ubuyobozi bw’i Roma, ntabwo bari<br />

biteguye gucika <strong>ku</strong> ngeso zari zarashinze imizi mu gihe cy’ubutegetsi bwa Roma. Gushyiraho<br />

amahame atunganye y’ubutumwa bwiza ndetse no gutegurira abo bantu gukora umurimo<br />

Ima<strong>na</strong> yari ibahamagariye ntibyari byoroshye.<br />

Farel yari yiringiye ko Kaluvini yaba umuntu bashobora gufatanya muri uyu murimo. Mu<br />

izi<strong>na</strong> ry’Ima<strong>na</strong>, yarahije uwo yarahije uwo muvugabutumwa wari ukiri muto ko yaguma i<br />

167

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!