07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

<strong>ku</strong>ba mu buhungiro kwe, imbaraga ze yazikoresheje yamamaza ubutumwa bwiza mu gihugu<br />

yavukiyemo. Yamaze igihe kirekire abwiriza mu baturage b’igihugu cye hafi y’urubibi aho<br />

yari maso yitegereza urugamba kandi agafasha abantu <strong>ku</strong>bw’amagambo ye atera ubutwari<br />

n’i<strong>na</strong>ma ze. Kubwo gufashwa n’izindi mpunzi, inyandiko z’abagorozi b’Abadage<br />

zasobanuwe mu rurimi rw’Igifaransa, kandi izo nyandiko ndetse <strong>na</strong> Bibiliya y’Igifaransa<br />

bisohoka mu macapiro ari byinshi. Ibyo bitabo byagurishijwe n’ababwiririshabutumwa<br />

ibitabo mu Bufaransa ari byinshi. Ababwiririshabutumwa ibitabo babihabwaga <strong>ku</strong> giciro gito<br />

maze inyungu ba<strong>ku</strong>ragamo ikabafasha gukomeza gukora uwo murimo.<br />

Farel yatangiye umurimo we mu Busuwisi yiyambitse umwambaro w’umwarimu<br />

woroheje cyane. Yagiye mu karere ka <strong>ku</strong>re maze yitangira kwigisha aba<strong>na</strong>. Uretse inyigisho<br />

zisanzwe yabagezagaho, ya<strong>na</strong>koranye ubushishozi maze atangira <strong>ku</strong>jya abigisha u<strong>ku</strong>ri kwa<br />

Bibiliya yiringira ko azashobora <strong>ku</strong>gera <strong>ku</strong> babyeyi akoresheje aba<strong>na</strong>. Hari bamwe bemeye<br />

u<strong>ku</strong>ri yigishaga, ariko abapadiri barakomeje baza guhagarika umurimo we, maze bahagurutsa<br />

abaturage babaswe no gu<strong>ku</strong>rikiza imigenzo <strong>ku</strong>gira ngo bawurwanye. Abapadiri babwiye<br />

abantu bati: “Buriya butumwa ntibushobora <strong>ku</strong>ba ubutumwa bwiza bwa Kristo, <strong>ku</strong>bera ko<br />

<strong>ku</strong>bubwiriza bitaza<strong>na</strong> amahoro ahubwo biteza intambara.” 246 Nk’uko byagenze <strong>ku</strong> bigishwa<br />

ba mbere, iyo Farel yarenganyirizwaga mu mujyi umwe yahungiraga mu wundi. Yagendaga<br />

n’amaguru ava mu mudugudu umwe ajya mu wundi, akava mu mujyi umwe ajya mu wundi,<br />

akihanganira inzara, imbeho n’umu<strong>na</strong>niro kandi aho yajyaga hose ubuzima bwe bwabaga buri<br />

mu kaga. Yabwiririzaga mu masoko, mu nsengero, ndetse rimwe <strong>na</strong> rimwe akabwiririza <strong>ku</strong>ri<br />

ruhimbi muri za katederali. Rimwe <strong>na</strong> rimwe yasangaga urusengero rurimo ubusa nta bantu<br />

baje <strong>ku</strong>mwumva, incuro nyinshi ibibwirizwa bye byarogowaga n’urusa<strong>ku</strong> rw’abantu, no<br />

<strong>ku</strong>mukwe<strong>na</strong> maze bakamu<strong>ku</strong>ruba<strong>na</strong> bakamu<strong>ku</strong>ra <strong>ku</strong> ruhimbi. Incuro nyinshi yagiye afatwa<br />

n’abaturage bakamu<strong>ku</strong>bita <strong>ku</strong>geza yenda <strong>ku</strong>vamo umwuka nyamara yakomeje gukora<br />

umurimo we. Nubwo yanzwe kenshi, ntibyamubuzaga kwihanga<strong>na</strong> akagaruka aho yagiriwe<br />

<strong>na</strong>bi, akabo<strong>na</strong> imidugudu n’imijyi byahoze ari ibihome by’ubupapa bikingurira inzugi<br />

ubutumwa bwiza. Bidatinze, ya paruwasi imwe nto yari yaratangiriyeho umurimo we yaje<br />

kwemera ukwizera <strong>ku</strong>vuguruwe. Umujyi wa Morat n’uwa Neuchâtel <strong>na</strong>yo yitandukanyije<br />

n’imigenzo y’itorero ry’i Roma maze mu nsengero zaho ba<strong>ku</strong>ramo amashusho yarimo.<br />

Farel yari yaramaze igihe kirekire yifuza <strong>ku</strong>zamura ibendera ry’Ubuporotesitanti i Geneve<br />

(Umurwa w’Ubusuwisi). Yibwiraga ko uwo mujyi uramutse uyobotse Ubuporotesitanti waba<br />

ihuriro ry’Ubugorozi mu Bufaransa, mu Busuwisi n’Ubutaliyani. Kubera uwo mugambi yari<br />

afite imbere ye, yari yarakomeje gukora imirimo ye <strong>ku</strong>geza ubwo imijyi myinshi n’imidugudu<br />

bihakikije biyobotse Ubuporotesitanti. Hanyuma yinjiye i Geneve aherekejwe n’umuntu<br />

umwe, ariko yemererwa <strong>ku</strong>habwiriza ibibwirizwa bibiri gusa. Abapadiri bagerageje<br />

<strong>ku</strong>mutereza ubutegetsi ngo bumufatire ibyemezo ariko biba iby’ubusa, maze<br />

baramuhamagarira kwitaba i<strong>na</strong>ma y’abepisikopi. Baje muri iyo <strong>na</strong>ma bitwaje imbunda<br />

zihishe mu makanzu yabo <strong>ku</strong>ko bari biyemeje <strong>ku</strong>mwica. Hanze y’icyumba cy’i<strong>na</strong>ma hari<br />

hateraniye abantu barakaye, bitwaje inkoni n’inkota <strong>ku</strong>gira ngo baze <strong>ku</strong>muhita<strong>na</strong> <strong>na</strong>ramuka<br />

166

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!