07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

abigisha muri za kaminuza, abanditsi ndetse n’abakozi boroheje b’ibwami. Abantu amaga<strong>na</strong><br />

menshi barahunze bava i Paris, biyemeza guhunga <strong>ku</strong> bushake bwabo maze bava mu gihugu<br />

cyabo cya kavukire, kandi ibyo biba ikimenyetso cy’ibanze ko bashyigikiye ukwizera<br />

<strong>ku</strong>vuguruwe. Abambari ba Papa barebye abahakanyi benshi batakekaga bari babarimo<br />

batabishisha maze birabatangaza. Uburakari bwabo babutuye imbaga y’abacishije bugufi bari<br />

bafiteho ubushobozi. Gereza zujujwe abantu, n’ikirere gisa n’icyijimishijwe n’umyotsi<br />

w’umuriro wacaniwe gutwika abantu bemeraga ubutumwa bwiza.<br />

Umwami Faransisiko wa mbere yari yarahawe icyubahiro cyo <strong>ku</strong>ba yarabaye umuyobozi<br />

muri gahunda yo <strong>ku</strong>byutsa ibyerekeye kwiga yaranze itangira ry’ikinyeja<strong>na</strong> cya cumi <strong>na</strong><br />

gatandatu. Yari yarashimishijwe no guteranyiriza mu ngoro ye abantu bose b’abahanga mu<br />

by’indimi bavuye mu bihugu byose. Uru<strong>ku</strong>ndo ya<strong>ku</strong>ndaga ubumenyi, n’urwango yangaga<br />

ubujiji n’imihango by’abihaye Ima<strong>na</strong>, ni rwo <strong>ku</strong> ruhande rumwe rwamuteye nibura<br />

kwihanganira ubugorozi. Ariko, <strong>ku</strong>bw’ishyaka ryo <strong>ku</strong>randura<strong>na</strong> imizi ubuhakanyi, uwo<br />

muntu wari ushyigikiye ubumenyi yatanze itegeko ryo guhagarika icapwa ry’inyandiko mu<br />

gihugu cy’Ubufaransa cyose. Faransisiko wa mbere ni umwe mu ngero nyinshi zanditswe<br />

zereka<strong>na</strong> ko umuco ushingiye <strong>ku</strong> buhanga atari ikintu gishobora guhagarika <strong>ku</strong>tihanganira<strong>na</strong><br />

no <strong>ku</strong>renganya mu by’iyobokama<strong>na</strong>.<br />

Binyuze mu birori bikomeye kandi bikorewe mu ruhame, Ubufaransa bwagombaga<br />

kwiyemeza <strong>ku</strong>rimbura Ubuporotestanti burundu. Abapadiri basabye ko igitutsi Ijuru<br />

ryatutswe binyuze mu <strong>ku</strong>nenga Misa, cyaha<strong>na</strong>gurwa n’amaraso kandi ko umwami, mu izi<strong>na</strong><br />

ry’abaturage be, atangira mu ruhame igihano kigenewe icyo gikorwa kibi bikabije.<br />

Kuwa 21 Mutarama 1535 niwo munsi washyiriweho kwizihiza ibyo birori biteye ubwoba.<br />

Ubwoba budafite ishingiro ndetse n’urwango by’abatuye igihugu bose byari byabyukijwe.<br />

Umujyi wa Paris winjiwemo n’imbaga y’abantu bavuye ahawukikije hose maze buzura<br />

imihanda yawo. Uwo munsi wagombaga gutangizwa n’urugendo rw’umwiyereko. “Inzu<br />

zikikije aho abari bari mu mwiyereko banyuraga zari zimanitsweho ibitambaro bigaragaza<br />

icyu<strong>na</strong>mo, kandi za alitari zari ziteretswe <strong>ku</strong> nzira zigiye zitandukanywa n’intera inga<strong>na</strong>.<br />

Imbere ya buri muryango hari urumuri mu rwego rwo <strong>ku</strong>bahiriza ‘isakaramento ritagatifu.’<br />

Urwo rugendo rw’umwiyereko rwatangiriye <strong>ku</strong> ngoro y’umwami mu rukerera. “Imbere<br />

habanzaga abantu batwaye imisaraba n’amabendera by’amaparuwasi atandukanye,<br />

haga<strong>ku</strong>rikiraho rubanda rwagendaga babangikanye babiri babiri kandi batwaye imuri zaka.”<br />

Abayobozi bane b’ibanze mu rwego rw’itorero ba<strong>ku</strong>rikiyeho buri wese yambaye imyambaro<br />

ye yihariye. Abo ba<strong>ku</strong>rikiwe n’abatwaye ibintu bijyanye n’abatagatifu n’abahowe kwizera<br />

kwabo. Abo <strong>na</strong>bo ba<strong>ku</strong>rikiwe n’abepesikopi bagendera <strong>ku</strong> mafarashi bambaye amakanzu<br />

arabagira<strong>na</strong> n’imyambaro itatsweho amasaro kandi irabagira<strong>na</strong>.<br />

“Ukarisitiya yari itwawe <strong>na</strong> musenyeri w’i Paris iri munsi y’igitwikirizo kirabagira<strong>na</strong>.<br />

Inyuma ye hari ha<strong>ku</strong>rikiyeho umwami. Uwo munsi umwami Faransisiko wa I ntiyambaye<br />

ikamba ry’ubwami ndetse n’ikanzu ya cyami.” Yagendaga umutwe we uriho ubusa, yubitse<br />

163

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!