07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

n’iyo yaba umwe ni akaga gakomeye gasumba <strong>ku</strong>re inyungu ndetse n’ubutunzi byo <strong>ku</strong> isi.<br />

Nyamara ubwo Kristo yitegerezaga umujyi wa Yerusalemu, yarebaga umujyi ugiye<br />

<strong>ku</strong>rimbuka wose, yarebaga ishyanga rigiye <strong>ku</strong>rimbuka ryose —umujyi n’ishyanga Ima<strong>na</strong> yari<br />

yaritoranyirije, ubutunzi bwayo bw’umwihariko.<br />

Abahanuzi bari bararijijwe n’ubuyobe bw’Abisiraheli n’akaga gakomeye kabageragaho<br />

bahaniwe ibyaha bakoze. Umuhanuzi Yeremiya yifuje ko amaso ye yaba isoko y’amarira<br />

<strong>ku</strong>gira ngo arire amanywa n’ijoro arizwa n’abantu be bishwe, arizwa n’umu<strong>ku</strong>mbi w’Uwiteka<br />

wajyanyweho iminyago. Yeremiya 9:1 ; 13 :17. None se, ni iki cyari gishavuje ufite<br />

ubushobozi bwo <strong>ku</strong>reba ibizaba, atari ibyo mu myaka mike ahubwo mu bihe byinshi!<br />

Yitegereje marayika urimbura afite inkota ayibanguriye umujyi wahoze ari ubuturo bwa<br />

Yehova <strong>ku</strong>va kera. Ari mu mpinga y’umusozi w’imyelayo, aho hakaba haraje kwigarurirwa<br />

<strong>na</strong> Titus n’ingabo ze, yarambuye amaso mu kibaya yitegereza urugo rw’ingoro nziranenge<br />

y’Ima<strong>na</strong> n’amabaraza yayo, maze amaso ye yari ashavujwe n’amarira yitegereza inkike<br />

zigoswe n’ingabo z’abanyamahanga. Yumvise imirindi y’ingabo zitonze umurongo zigiye <strong>ku</strong><br />

rugamba. Yumvise urusa<strong>ku</strong> rw’ababyeyi n’aba<strong>na</strong> barizwaga no gushaka icyo <strong>ku</strong>rya bari muri<br />

uwo mujyi igihe wari <strong>ku</strong>ba ugoswe. Yabonye ingoro nziranenge kandi nziza cyane yari muri<br />

uwo mujyi, ndetse n’amazu yawo meza n’imi<strong>na</strong>ra bitwikwa, maze aho byahoze byubatse<br />

ahabo<strong>na</strong> ikirundo cy’amatongo acumba umwotsi.<br />

Yitegereje mu myaka iza<strong>ku</strong>rikiraho, yabonye abantu bo mu ishyanga ryahoze ari<br />

iry’isezerano batataniye mu bihugu byose bameze nk’“utumene tw’ubwato tunyanyagiye <strong>ku</strong><br />

nkombe yumagaye”. Mu gihano cy’igihe gitoya cyari kigiye <strong>ku</strong>gera <strong>ku</strong> ba<strong>na</strong> be, yabo<strong>na</strong>gamo<br />

gusogongera <strong>ku</strong> gikombe cy’uburakari bagombaga <strong>ku</strong>zanywaho bakagikonoza <strong>ku</strong> munsi<br />

w’urubanza ruheruka.<br />

Yerekaniye impuhwe z’Ima<strong>na</strong> n’uru<strong>ku</strong>ndo rwuje imbabazi muri aya magambo yavuze<br />

abaririra ati « Yerusalemu, Yerusalemu, wica abahanuzi, ugatera amabuye abagutumweho, ni<br />

kangahe nshaka <strong>ku</strong>bundikira aba<strong>na</strong> bawe, nk’uko inkoko ibundikira imishwi yayo mu mababa<br />

yayo; ntimun<strong>ku</strong>ndire.» Yemwe abo mu ishyanga ryatoranyijwe, iyo mumenya igihe<br />

mwagenderewemo kandi mugasobanukirwa n’ibyabahesha amahoro! Nabaye ndetse<br />

<strong>ku</strong>re<strong>ku</strong>ra marayika wo guha<strong>na</strong> abadakiranuka, <strong>na</strong>bararikiye kwiha<strong>na</strong>, ariko byabaye<br />

iby’ubusa. Ntabwo abagaragu banjye, intumwa <strong>na</strong>batumyeho ndetse n’abahanuzi ari bo gusa<br />

mwanze kwemera no kwakira, ahubwo mwanze Umuziranenge wa Isirayeli, Umucunguzi<br />

wanyu. Nimurimbuka, ni mwe muzaba mwizize. « Mwanze <strong>ku</strong>za aho ndi ngo muhabwe<br />

ubugingo”. Matayo 23:37; Yoha<strong>na</strong> 5:40.<br />

Kristo yabo<strong>na</strong>ga Yerusalemu ishushanya isi yi<strong>na</strong>ngiriye mu <strong>ku</strong>tizera no mu kwigomeka,<br />

yihuta ijya gusakira<strong>na</strong> n’igihano cy’urubanza iciriweho n’Ima<strong>na</strong>. Ama<strong>ku</strong>ba yari <strong>ku</strong> bwoko<br />

bwagomye yashenguraga umutima we ni yo yamuteye uko <strong>ku</strong>rira <strong>ku</strong>renze urugero atakishwa<br />

n’umubabaro. Yabonye u<strong>ku</strong>ntu amateka y’icyaha agaragarira mu butindi bukabije, mu marira<br />

no mu mivu y’amaraso by’abantu; umutima we wagiriraga imbabazi abantu bari mu kaga<br />

9

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!