Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya... Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba Kaluvini yaravuze ati: “Sinzigera ngira inyigisho nemera muri izo nyigisho nshya zanyu. Mbese mutekereza ko igihe nabayeho cyose nari mu makosa?” 233 Nyamara hari ibitekerezo byari byakangutse mu ntekerezo ze atashoboraga kwivanamo ubwe. Ubwo yari wenyine mu cyumba cye, yatekereje ku magambo yabwiwe na mubyara we. Umutima umwemeza icyaha waramuremereye, yibonaga ari imbere y’Umucamanza uzira inenge kandi w’umunyakuri adafite umurengera. Kurengerwa n’abatagatifu, imirimo myiza ndetse n’imihango y’idini byose nta bushobozi byari bifite bwo kumukiza icyaha. Nta kindi kintu yabonaga imbere ye uretse kwiheba by’iteka ryose. Abanyabwenge b’ikirenga bo mu itorero bageragezaga kumuhumuriza ariko bikaba iby’ubusa. Yitabaje kwatura ibyaha no gusaba imbabazi (penitensiya) ariko ibyo nabyo biba iby’ubusa kuko ntibyashoboraga kunga umutima n’Imana. Ubwo yari akiri muri urwo rugamba rutagiraga icyo rugeraho, umunsi umwe Kaluvini yagize amahirwe yo kugera ahantu abantu benshi bari bateraniye maze ahabonera uko batwikaga uwo bitaga umuhakanyi. Yatangajwe cyane n’amahoro yagaragaraga mu maso y’uwo muntu waziraga ukwizera kwe. Muri urwo rupfu rw’agashinyaguro ruteye ubwoba ndetse no kuba yaciriweho iteka n’itorero mu buryo bukomeye, uwo wicwaga yerekanye ukwizera n’ubutwari. Uwo munyeshuri wari ukiri muto yuzuye umubabaro maze abigereranya na kwa kwiheba kwe n’umwijima wari umugose kandi mu mibereho ye yarumviraga itorero adakebakeba. Yari azi ko abahakanyi bashingiye ukwizera kwabo kuri Bibiliya. Yiyemeje kuyiga kugira ngo nabishobora abashe kuvumbura ibanga ry’ibyishimo by’abo bicwaga. Muri Bibiliya yasanzemo Kristo. Yavuganye ijwi rirenga ati: ” O Data! Igitambo cye nicyo cyahosheje uburakari bwawe; amaraso ye niyo yanyogejeho imyanda; umusaraba we niwo wagiweho n’umuvumo wanjye; urupfu rwe rwambereye icyiru. Twebwe ubwacu twitekerereje iby’ubupfapfa byinshi bitagira akamaro, ariko washyize ijambo ryawe imbere yanjye nk’itara kandi wakabakabye umutima wanjye kugira ngo mbashe kubona ko ibindi byose nakora ari ibizira, uretse ibya Yesu byonyine.” 234 Kaluvini yari yarigishijwe ngo azabe umupadiri. Ubwo yari afite imyaka cumi n’ibiri gusa, nibwo yatorewe kuba umuyobozi w’itorero rito kandi umusatsi we wari warogoshwe n’umwepisikopi nk’uko biteganywa n’amabwiriza agenga itorero. Ntiyigeze asigwa ngo yezwe cyangwa ngo akore inshingano z’umupadiri, ariko yabaye umwe mu bihaye Imana batoranyijwe, akitirirwa umwanya yarimo kandi akawuhererwa agahimbazamusyi. Amaze kubona ko atazigera aba umupadiri, yafashe igihe runaka cyo kwiga iby’amategeko, ariko amaherezo aza kureka uwo mugambi maze yiyemeza kwegurira imibereho ye kubwiriza ubutumwa bwiza. Ariko yashidikanyije kuba umwigisha ubwiririza mu ruhame. Ubusanzwe yari umuntu ugira amagambo make, ariko yari aremerewe no kumva inshingano ikomeye yahabwa n’uwo mwanya, kandi yari acyifuza cyane gushishikarira kwiga. Nyamara amaherezo yaje kwemezwa n’uko incuti ze zamwingingaga zibishishikariye. 158

Itorero na Leta ku Rugamba Yaravuze ati: “Biratangaje kubona umuntu ukomoka ahantu horoheje abasha kuzamurwa agahabwa icyubahiro gikomeye nk’iki.” 235 Kaluvini yinjiye mu murimo we atuje kandi amagambo ye yari nk’igitonyanga kigwa ngo gitose ubutaka. Yari yaravuye i Paris none ubu bwo yari yibereye mu mujyi wo mu ntara aho yari arinzwe n’igikomangomakazi Marigarita wakundaga ubutumwa bwiza maze yongera uko yarindaga abari barabuyobotse. Kaluvini yari akiri umusore muto, w’umugwaneza kandi udaharanira ibyubahiro. Yatangiye umurimo we yigishiriza abantu mu ngo zabo. Yasomaga Bibiliya kandi agasobanura ukuri kw’agakiza akikijwe n’abagize umuryango. Abumvaga ubwo butumwa bajyaniraga abandi iyo nkuru nziza, maze bidatinze uwo mwigisha ava mu mujyi mukuru ajya mu mijyi mito no mu midugudu ihazengurutse. Ntaho yahezwaga haba mu ngo z’abakomeye cyangwa mu tururi tw’abakene; agakomeza urugendo ashinga urufatiro rw’amatorero yagombaga kuvamo abahamya b’ukuri batagira ubwoba. Nyuma y’amezi make yagarutse i Paris. Aho i Paris hari impaka zidasanzwe mu itsinda ry’abahanga n’abigisha bakomeye. Kwiga indimi za kera byari byaratumye abantu biga Bibiliya kandi benshi abo imitima yabo itari yaracengewe n’ukuri kwayo bakujyagaho impaka babishishikariye ndetse bakanahangana n’ibirangirire byari bishyigikiye inyigisho z’i Roma. Nubwo Kaluvini yari ashoboye kurwana urugamba mu by’iyobokamana, yari afite umurimo ukomeye yagombaga kurangiza warutaga cyane uw’abo banyabwenge bagiraga urusaku. Intekerezo z’abantu zari zakangutse, maze icyo kiba igihe cyo kubamenyesha ukuri. Mu gihe ibyumba byo muri za kaminuza byari byuzuwemo n’urusaku ruvuye ku mpaka mu by’iyobokamana, Kaluvini we yagendaga ava ku nzu ajya ku yindi, yigisha abantu Bibiliya akababwira ibya Kristo wabambwe. Mu buntu bw’Imana, abatuye umujyi wa Paris bagombaga kugezwaho irindi rarika ngo bemere ubutumwa bwiza. Irarika rya Lefevre na Farel ryari ryarirengagijwe, ariko ubutumwa bwagombaga kongera kubwirwa abantu bo mu nzego zose batuye uwo murwa munini. Kubwo impamvu za politike, umwami yari atarajya ku ruhande rwa Roma mu buryo bwuzuye ngo arwanye Ubugorozi. Igikomangomakazi Marigarita yakomeje kugira ibyiringiro ko ubuporotesitanti buzatsinda mu Bufaransa. Yagambiriye ko ukwizera kuvuguruwe gukwiriye kubwirizwa mu mujyi wa Paris. Mu gihe umwami atari ari muri uwo mujyi Marigarita yategetse ko umuvugabutumwa w’Umuporotesitanti abwiriza mu nsengero zo mu mujyi. Kubera ko abayobozi bakuru bashyizweho na Papa bahise babibuzanya, Marigarita yafunguye imiryango y’ibwami. Yafashe inyubako imwe ayihindura urusengero, maze batangariza abantu ko buri munsi, ku isaha runaka hari ikibwirizwa kizajya kibwirizwa kandi abantu b’ingeri zose bararikiwe kuza gutega amatwi. Abantu batagira ingano baje kumva ibyo bibwirizwa. Abantu buzuye mu rusengero ndetse no mu miryango yarwo. Buri munsi hateraniraga abantu ibihumbi byinshi baba: ibikomangoma, abategetsi, abacamanza, abacuruzi n’abanyabukorikori. Maze aho kugira ngo umwami abuzanye ibyo biterane, ahubwo yategetse ko bafungura insengero ebyiri mu zo mu mujyi wa Paris. Nta kindi gihe cyigeze kibaho ko umujyi wa Paris ukangurwa n’Ijambo ry’Imana bene ako kageni. Byasaga 159

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Yaravuze ati: “Biratangaje <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> umuntu ukomoka ahantu horoheje abasha <strong>ku</strong>zamurwa<br />

agahabwa icyubahiro gikomeye nk’iki.” 235<br />

Kaluvini yinjiye mu murimo we atuje kandi amagambo ye yari nk’igitonyanga kigwa ngo<br />

gitose ubutaka. Yari yaravuye i Paris none ubu bwo yari yibereye mu mujyi wo mu ntara aho<br />

yari arinzwe n’igikomangomakazi Marigarita wa<strong>ku</strong>ndaga ubutumwa bwiza maze yongera<br />

uko yarindaga abari barabuyobotse. Kaluvini yari akiri umusore muto, w’umugwaneza kandi<br />

udaharanira ibyubahiro. Yatangiye umurimo we yigishiriza abantu mu ngo zabo. Yasomaga<br />

Bibiliya kandi agasobanura u<strong>ku</strong>ri kw’agakiza akikijwe n’abagize umuryango. Abumvaga<br />

ubwo butumwa bajyaniraga abandi iyo n<strong>ku</strong>ru nziza, maze bidatinze uwo mwigisha ava mu<br />

mujyi mu<strong>ku</strong>ru ajya mu mijyi mito no mu midugudu ihazengurutse. Ntaho yahezwaga haba<br />

mu ngo z’abakomeye cyangwa mu tururi tw’abakene; agakomeza urugendo ashinga urufatiro<br />

rw’amatorero yagombaga <strong>ku</strong>vamo abahamya b’u<strong>ku</strong>ri batagira ubwoba.<br />

Nyuma y’amezi make yagarutse i Paris. Aho i Paris hari impaka zidasanzwe mu itsinda<br />

ry’abahanga n’abigisha bakomeye. Kwiga indimi za kera byari byaratumye abantu biga<br />

Bibiliya kandi benshi abo imitima yabo itari yaracengewe n’u<strong>ku</strong>ri kwayo ba<strong>ku</strong>jyagaho impaka<br />

babishishikariye ndetse baka<strong>na</strong>hanga<strong>na</strong> n’ibirangirire byari bishyigikiye inyigisho z’i Roma.<br />

Nubwo Kaluvini yari ashoboye <strong>ku</strong>rwa<strong>na</strong> urugamba mu by’iyobokama<strong>na</strong>, yari afite umurimo<br />

ukomeye yagombaga <strong>ku</strong>rangiza warutaga cyane uw’abo banyabwenge bagiraga urusa<strong>ku</strong>.<br />

Intekerezo z’abantu zari zakangutse, maze icyo kiba igihe cyo <strong>ku</strong>bamenyesha u<strong>ku</strong>ri. Mu gihe<br />

ibyumba byo muri za kaminuza byari byuzuwemo n’urusa<strong>ku</strong> ruvuye <strong>ku</strong> mpaka mu<br />

by’iyobokama<strong>na</strong>, Kaluvini we yagendaga ava <strong>ku</strong> nzu ajya <strong>ku</strong> yindi, yigisha abantu Bibiliya<br />

akababwira ibya Kristo wabambwe.<br />

Mu buntu bw’Ima<strong>na</strong>, abatuye umujyi wa Paris bagombaga <strong>ku</strong>gezwaho irindi rarika ngo<br />

bemere ubutumwa bwiza. Irarika rya Lefevre <strong>na</strong> Farel ryari ryarirengagijwe, ariko ubutumwa<br />

bwagombaga kongera <strong>ku</strong>bwirwa abantu bo mu nzego zose batuye uwo murwa munini. Kubwo<br />

impamvu za politike, umwami yari atarajya <strong>ku</strong> ruhande rwa Roma mu buryo bwuzuye ngo<br />

arwanye Ubugorozi. Igikomangomakazi Marigarita yakomeje <strong>ku</strong>gira ibyiringiro ko<br />

ubuporotesitanti buzatsinda mu Bufaransa. Yagambiriye ko ukwizera <strong>ku</strong>vuguruwe gukwiriye<br />

<strong>ku</strong>bwirizwa mu mujyi wa Paris. Mu gihe umwami atari ari muri uwo mujyi Marigarita<br />

yategetse ko umuvugabutumwa w’Umuporotesitanti abwiriza mu nsengero zo mu mujyi.<br />

Kubera ko abayobozi ba<strong>ku</strong>ru bashyizweho <strong>na</strong> Papa bahise babibuzanya, Marigarita<br />

yafunguye imiryango y’ibwami. Yafashe inyubako imwe ayihindura urusengero, maze<br />

batangariza abantu ko buri munsi, <strong>ku</strong> isaha ru<strong>na</strong>ka hari ikibwirizwa kizajya kibwirizwa kandi<br />

abantu b’ingeri zose bararikiwe <strong>ku</strong>za gutega amatwi. Abantu batagira ingano baje <strong>ku</strong>mva ibyo<br />

bibwirizwa. Abantu buzuye mu rusengero ndetse no mu miryango yarwo. Buri munsi<br />

hateraniraga abantu ibihumbi byinshi baba: ibikomangoma, abategetsi, abacamanza,<br />

abacuruzi n’abanyabukorikori. Maze aho <strong>ku</strong>gira ngo umwami abuzanye ibyo biterane,<br />

ahubwo yategetse ko bafungura insengero ebyiri mu zo mu mujyi wa Paris. Nta kindi gihe<br />

cyigeze kibaho ko umujyi wa Paris ukangurwa n’Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> bene ako kageni. Byasaga<br />

159

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!