Itorero na Leta ku Rugamba
Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya... Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...
Itorero na Leta ku Rugamba Kaluvini yaravuze ati: “Sinzigera ngira inyigisho nemera muri izo nyigisho nshya zanyu. Mbese mutekereza ko igihe nabayeho cyose nari mu makosa?” 233 Nyamara hari ibitekerezo byari byakangutse mu ntekerezo ze atashoboraga kwivanamo ubwe. Ubwo yari wenyine mu cyumba cye, yatekereje ku magambo yabwiwe na mubyara we. Umutima umwemeza icyaha waramuremereye, yibonaga ari imbere y’Umucamanza uzira inenge kandi w’umunyakuri adafite umurengera. Kurengerwa n’abatagatifu, imirimo myiza ndetse n’imihango y’idini byose nta bushobozi byari bifite bwo kumukiza icyaha. Nta kindi kintu yabonaga imbere ye uretse kwiheba by’iteka ryose. Abanyabwenge b’ikirenga bo mu itorero bageragezaga kumuhumuriza ariko bikaba iby’ubusa. Yitabaje kwatura ibyaha no gusaba imbabazi (penitensiya) ariko ibyo nabyo biba iby’ubusa kuko ntibyashoboraga kunga umutima n’Imana. Ubwo yari akiri muri urwo rugamba rutagiraga icyo rugeraho, umunsi umwe Kaluvini yagize amahirwe yo kugera ahantu abantu benshi bari bateraniye maze ahabonera uko batwikaga uwo bitaga umuhakanyi. Yatangajwe cyane n’amahoro yagaragaraga mu maso y’uwo muntu waziraga ukwizera kwe. Muri urwo rupfu rw’agashinyaguro ruteye ubwoba ndetse no kuba yaciriweho iteka n’itorero mu buryo bukomeye, uwo wicwaga yerekanye ukwizera n’ubutwari. Uwo munyeshuri wari ukiri muto yuzuye umubabaro maze abigereranya na kwa kwiheba kwe n’umwijima wari umugose kandi mu mibereho ye yarumviraga itorero adakebakeba. Yari azi ko abahakanyi bashingiye ukwizera kwabo kuri Bibiliya. Yiyemeje kuyiga kugira ngo nabishobora abashe kuvumbura ibanga ry’ibyishimo by’abo bicwaga. Muri Bibiliya yasanzemo Kristo. Yavuganye ijwi rirenga ati: ” O Data! Igitambo cye nicyo cyahosheje uburakari bwawe; amaraso ye niyo yanyogejeho imyanda; umusaraba we niwo wagiweho n’umuvumo wanjye; urupfu rwe rwambereye icyiru. Twebwe ubwacu twitekerereje iby’ubupfapfa byinshi bitagira akamaro, ariko washyize ijambo ryawe imbere yanjye nk’itara kandi wakabakabye umutima wanjye kugira ngo mbashe kubona ko ibindi byose nakora ari ibizira, uretse ibya Yesu byonyine.” 234 Kaluvini yari yarigishijwe ngo azabe umupadiri. Ubwo yari afite imyaka cumi n’ibiri gusa, nibwo yatorewe kuba umuyobozi w’itorero rito kandi umusatsi we wari warogoshwe n’umwepisikopi nk’uko biteganywa n’amabwiriza agenga itorero. Ntiyigeze asigwa ngo yezwe cyangwa ngo akore inshingano z’umupadiri, ariko yabaye umwe mu bihaye Imana batoranyijwe, akitirirwa umwanya yarimo kandi akawuhererwa agahimbazamusyi. Amaze kubona ko atazigera aba umupadiri, yafashe igihe runaka cyo kwiga iby’amategeko, ariko amaherezo aza kureka uwo mugambi maze yiyemeza kwegurira imibereho ye kubwiriza ubutumwa bwiza. Ariko yashidikanyije kuba umwigisha ubwiririza mu ruhame. Ubusanzwe yari umuntu ugira amagambo make, ariko yari aremerewe no kumva inshingano ikomeye yahabwa n’uwo mwanya, kandi yari acyifuza cyane gushishikarira kwiga. Nyamara amaherezo yaje kwemezwa n’uko incuti ze zamwingingaga zibishishikariye. 158
Itorero na Leta ku Rugamba Yaravuze ati: “Biratangaje kubona umuntu ukomoka ahantu horoheje abasha kuzamurwa agahabwa icyubahiro gikomeye nk’iki.” 235 Kaluvini yinjiye mu murimo we atuje kandi amagambo ye yari nk’igitonyanga kigwa ngo gitose ubutaka. Yari yaravuye i Paris none ubu bwo yari yibereye mu mujyi wo mu ntara aho yari arinzwe n’igikomangomakazi Marigarita wakundaga ubutumwa bwiza maze yongera uko yarindaga abari barabuyobotse. Kaluvini yari akiri umusore muto, w’umugwaneza kandi udaharanira ibyubahiro. Yatangiye umurimo we yigishiriza abantu mu ngo zabo. Yasomaga Bibiliya kandi agasobanura ukuri kw’agakiza akikijwe n’abagize umuryango. Abumvaga ubwo butumwa bajyaniraga abandi iyo nkuru nziza, maze bidatinze uwo mwigisha ava mu mujyi mukuru ajya mu mijyi mito no mu midugudu ihazengurutse. Ntaho yahezwaga haba mu ngo z’abakomeye cyangwa mu tururi tw’abakene; agakomeza urugendo ashinga urufatiro rw’amatorero yagombaga kuvamo abahamya b’ukuri batagira ubwoba. Nyuma y’amezi make yagarutse i Paris. Aho i Paris hari impaka zidasanzwe mu itsinda ry’abahanga n’abigisha bakomeye. Kwiga indimi za kera byari byaratumye abantu biga Bibiliya kandi benshi abo imitima yabo itari yaracengewe n’ukuri kwayo bakujyagaho impaka babishishikariye ndetse bakanahangana n’ibirangirire byari bishyigikiye inyigisho z’i Roma. Nubwo Kaluvini yari ashoboye kurwana urugamba mu by’iyobokamana, yari afite umurimo ukomeye yagombaga kurangiza warutaga cyane uw’abo banyabwenge bagiraga urusaku. Intekerezo z’abantu zari zakangutse, maze icyo kiba igihe cyo kubamenyesha ukuri. Mu gihe ibyumba byo muri za kaminuza byari byuzuwemo n’urusaku ruvuye ku mpaka mu by’iyobokamana, Kaluvini we yagendaga ava ku nzu ajya ku yindi, yigisha abantu Bibiliya akababwira ibya Kristo wabambwe. Mu buntu bw’Imana, abatuye umujyi wa Paris bagombaga kugezwaho irindi rarika ngo bemere ubutumwa bwiza. Irarika rya Lefevre na Farel ryari ryarirengagijwe, ariko ubutumwa bwagombaga kongera kubwirwa abantu bo mu nzego zose batuye uwo murwa munini. Kubwo impamvu za politike, umwami yari atarajya ku ruhande rwa Roma mu buryo bwuzuye ngo arwanye Ubugorozi. Igikomangomakazi Marigarita yakomeje kugira ibyiringiro ko ubuporotesitanti buzatsinda mu Bufaransa. Yagambiriye ko ukwizera kuvuguruwe gukwiriye kubwirizwa mu mujyi wa Paris. Mu gihe umwami atari ari muri uwo mujyi Marigarita yategetse ko umuvugabutumwa w’Umuporotesitanti abwiriza mu nsengero zo mu mujyi. Kubera ko abayobozi bakuru bashyizweho na Papa bahise babibuzanya, Marigarita yafunguye imiryango y’ibwami. Yafashe inyubako imwe ayihindura urusengero, maze batangariza abantu ko buri munsi, ku isaha runaka hari ikibwirizwa kizajya kibwirizwa kandi abantu b’ingeri zose bararikiwe kuza gutega amatwi. Abantu batagira ingano baje kumva ibyo bibwirizwa. Abantu buzuye mu rusengero ndetse no mu miryango yarwo. Buri munsi hateraniraga abantu ibihumbi byinshi baba: ibikomangoma, abategetsi, abacamanza, abacuruzi n’abanyabukorikori. Maze aho kugira ngo umwami abuzanye ibyo biterane, ahubwo yategetse ko bafungura insengero ebyiri mu zo mu mujyi wa Paris. Nta kindi gihe cyigeze kibaho ko umujyi wa Paris ukangurwa n’Ijambo ry’Imana bene ako kageni. Byasaga 159
- Page 115 and 116: Itorero na Leta ku Rugamba Imbaga y
- Page 117 and 118: Itorero na Leta ku Rugamba twarwany
- Page 119 and 120: Itorero na Leta ku Rugamba amasomo
- Page 121 and 122: Itorero na Leta ku Rugamba Abari ba
- Page 123 and 124: Itorero na Leta ku Rugamba gusukwam
- Page 125 and 126: Itorero na Leta ku Rugamba Nta kint
- Page 127 and 128: Itorero na Leta ku Rugamba Ubwo yar
- Page 129 and 130: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 131 and 132: Itorero na Leta ku Rugamba bwenge b
- Page 133 and 134: Itorero na Leta ku Rugamba nabyo ni
- Page 135 and 136: Itorero na Leta ku Rugamba I Zurich
- Page 137 and 138: Itorero na Leta ku Rugamba Insinzi
- Page 139 and 140: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 141 and 142: Itorero na Leta ku Rugamba y’Iman
- Page 143 and 144: Itorero na Leta ku Rugamba ubutware
- Page 145 and 146: Itorero na Leta ku Rugamba soko y
- Page 147 and 148: Itorero na Leta ku Rugamba bushoboz
- Page 149 and 150: Itorero na Leta ku Rugamba Ibyo byi
- Page 151 and 152: Itorero na Leta ku Rugamba ibihumbi
- Page 153 and 154: Itorero na Leta ku Rugamba azatwitw
- Page 155 and 156: Itorero na Leta ku Rugamba y’abat
- Page 157 and 158: Itorero na Leta ku Rugamba Ntabwo a
- Page 159 and 160: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 161 and 162: Itorero na Leta ku Rugamba (guhabwa
- Page 163 and 164: Itorero na Leta ku Rugamba rwarakom
- Page 165: Itorero na Leta ku Rugamba rwibagir
- Page 169 and 170: Itorero na Leta ku Rugamba Aho hant
- Page 171 and 172: Itorero na Leta ku Rugamba abigisha
- Page 173 and 174: Itorero na Leta ku Rugamba Ibyinshi
- Page 175 and 176: Itorero na Leta ku Rugamba abashije
- Page 177 and 178: Itorero na Leta ku Rugamba hirya no
- Page 179 and 180: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 181 and 182: Itorero na Leta ku Rugamba babaga a
- Page 183 and 184: Itorero na Leta ku Rugamba no kumen
- Page 185 and 186: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 187 and 188: Itorero na Leta ku Rugamba Tyndale
- Page 189 and 190: Itorero na Leta ku Rugamba bimureme
- Page 191 and 192: Itorero na Leta ku Rugamba y’abat
- Page 193 and 194: Itorero na Leta ku Rugamba ibyabaye
- Page 195 and 196: Itorero na Leta ku Rugamba y’umun
- Page 197 and 198: Itorero na Leta ku Rugamba ryose, b
- Page 199 and 200: Itorero na Leta ku Rugamba kwizera
- Page 201 and 202: Itorero na Leta ku Rugamba bidatinz
- Page 203 and 204: Itorero na Leta ku Rugamba kugira n
- Page 205 and 206: Itorero na Leta ku Rugamba zabo, bi
- Page 207 and 208: Itorero na Leta ku Rugamba cyaramir
- Page 209 and 210: Itorero na Leta ku Rugamba ihumure
- Page 211 and 212: Itorero na Leta ku Rugamba y’uko
- Page 213 and 214: Itorero na Leta ku Rugamba Icyiyong
- Page 215 and 216: Itorero na Leta ku Rugamba Igihe Ub
<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />
Yaravuze ati: “Biratangaje <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> umuntu ukomoka ahantu horoheje abasha <strong>ku</strong>zamurwa<br />
agahabwa icyubahiro gikomeye nk’iki.” 235<br />
Kaluvini yinjiye mu murimo we atuje kandi amagambo ye yari nk’igitonyanga kigwa ngo<br />
gitose ubutaka. Yari yaravuye i Paris none ubu bwo yari yibereye mu mujyi wo mu ntara aho<br />
yari arinzwe n’igikomangomakazi Marigarita wa<strong>ku</strong>ndaga ubutumwa bwiza maze yongera<br />
uko yarindaga abari barabuyobotse. Kaluvini yari akiri umusore muto, w’umugwaneza kandi<br />
udaharanira ibyubahiro. Yatangiye umurimo we yigishiriza abantu mu ngo zabo. Yasomaga<br />
Bibiliya kandi agasobanura u<strong>ku</strong>ri kw’agakiza akikijwe n’abagize umuryango. Abumvaga<br />
ubwo butumwa bajyaniraga abandi iyo n<strong>ku</strong>ru nziza, maze bidatinze uwo mwigisha ava mu<br />
mujyi mu<strong>ku</strong>ru ajya mu mijyi mito no mu midugudu ihazengurutse. Ntaho yahezwaga haba<br />
mu ngo z’abakomeye cyangwa mu tururi tw’abakene; agakomeza urugendo ashinga urufatiro<br />
rw’amatorero yagombaga <strong>ku</strong>vamo abahamya b’u<strong>ku</strong>ri batagira ubwoba.<br />
Nyuma y’amezi make yagarutse i Paris. Aho i Paris hari impaka zidasanzwe mu itsinda<br />
ry’abahanga n’abigisha bakomeye. Kwiga indimi za kera byari byaratumye abantu biga<br />
Bibiliya kandi benshi abo imitima yabo itari yaracengewe n’u<strong>ku</strong>ri kwayo ba<strong>ku</strong>jyagaho impaka<br />
babishishikariye ndetse baka<strong>na</strong>hanga<strong>na</strong> n’ibirangirire byari bishyigikiye inyigisho z’i Roma.<br />
Nubwo Kaluvini yari ashoboye <strong>ku</strong>rwa<strong>na</strong> urugamba mu by’iyobokama<strong>na</strong>, yari afite umurimo<br />
ukomeye yagombaga <strong>ku</strong>rangiza warutaga cyane uw’abo banyabwenge bagiraga urusa<strong>ku</strong>.<br />
Intekerezo z’abantu zari zakangutse, maze icyo kiba igihe cyo <strong>ku</strong>bamenyesha u<strong>ku</strong>ri. Mu gihe<br />
ibyumba byo muri za kaminuza byari byuzuwemo n’urusa<strong>ku</strong> ruvuye <strong>ku</strong> mpaka mu<br />
by’iyobokama<strong>na</strong>, Kaluvini we yagendaga ava <strong>ku</strong> nzu ajya <strong>ku</strong> yindi, yigisha abantu Bibiliya<br />
akababwira ibya Kristo wabambwe.<br />
Mu buntu bw’Ima<strong>na</strong>, abatuye umujyi wa Paris bagombaga <strong>ku</strong>gezwaho irindi rarika ngo<br />
bemere ubutumwa bwiza. Irarika rya Lefevre <strong>na</strong> Farel ryari ryarirengagijwe, ariko ubutumwa<br />
bwagombaga kongera <strong>ku</strong>bwirwa abantu bo mu nzego zose batuye uwo murwa munini. Kubwo<br />
impamvu za politike, umwami yari atarajya <strong>ku</strong> ruhande rwa Roma mu buryo bwuzuye ngo<br />
arwanye Ubugorozi. Igikomangomakazi Marigarita yakomeje <strong>ku</strong>gira ibyiringiro ko<br />
ubuporotesitanti buzatsinda mu Bufaransa. Yagambiriye ko ukwizera <strong>ku</strong>vuguruwe gukwiriye<br />
<strong>ku</strong>bwirizwa mu mujyi wa Paris. Mu gihe umwami atari ari muri uwo mujyi Marigarita<br />
yategetse ko umuvugabutumwa w’Umuporotesitanti abwiriza mu nsengero zo mu mujyi.<br />
Kubera ko abayobozi ba<strong>ku</strong>ru bashyizweho <strong>na</strong> Papa bahise babibuzanya, Marigarita<br />
yafunguye imiryango y’ibwami. Yafashe inyubako imwe ayihindura urusengero, maze<br />
batangariza abantu ko buri munsi, <strong>ku</strong> isaha ru<strong>na</strong>ka hari ikibwirizwa kizajya kibwirizwa kandi<br />
abantu b’ingeri zose bararikiwe <strong>ku</strong>za gutega amatwi. Abantu batagira ingano baje <strong>ku</strong>mva ibyo<br />
bibwirizwa. Abantu buzuye mu rusengero ndetse no mu miryango yarwo. Buri munsi<br />
hateraniraga abantu ibihumbi byinshi baba: ibikomangoma, abategetsi, abacamanza,<br />
abacuruzi n’abanyabukorikori. Maze aho <strong>ku</strong>gira ngo umwami abuzanye ibyo biterane,<br />
ahubwo yategetse ko bafungura insengero ebyiri mu zo mu mujyi wa Paris. Nta kindi gihe<br />
cyigeze kibaho ko umujyi wa Paris ukangurwa n’Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> bene ako kageni. Byasaga<br />
159