07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Kaluvini yaravuze ati: “Sinzigera ngira inyigisho nemera muri izo nyigisho nshya zanyu.<br />

Mbese mutekereza ko igihe <strong>na</strong>bayeho cyose <strong>na</strong>ri mu makosa?” 233<br />

Nyamara hari ibitekerezo byari byakangutse mu ntekerezo ze atashoboraga kwiva<strong>na</strong>mo<br />

ubwe. Ubwo yari wenyine mu cyumba cye, yatekereje <strong>ku</strong> magambo yabwiwe <strong>na</strong> mubyara we.<br />

Umutima umwemeza icyaha waramuremereye, yibo<strong>na</strong>ga ari imbere y’Umucamanza uzira<br />

inenge kandi w’umunya<strong>ku</strong>ri adafite umurengera. Kurengerwa n’abatagatifu, imirimo myiza<br />

ndetse n’imihango y’idini byose nta bushobozi byari bifite bwo <strong>ku</strong>mukiza icyaha. Nta kindi<br />

kintu yabo<strong>na</strong>ga imbere ye uretse kwiheba by’iteka ryose. Abanyabwenge b’ikirenga bo mu<br />

itorero bageragezaga <strong>ku</strong>muhumuriza ariko bikaba iby’ubusa. Yitabaje kwatura ibyaha no<br />

gusaba imbabazi (penitensiya) ariko ibyo <strong>na</strong>byo biba iby’ubusa <strong>ku</strong>ko ntibyashoboraga <strong>ku</strong>nga<br />

umutima n’Ima<strong>na</strong>.<br />

Ubwo yari akiri muri urwo rugamba rutagiraga icyo rugeraho, umunsi umwe Kaluvini<br />

yagize amahirwe yo <strong>ku</strong>gera ahantu abantu benshi bari bateraniye maze ahabonera uko<br />

batwikaga uwo bitaga umuhakanyi. Yatangajwe cyane n’amahoro yagaragaraga mu maso<br />

y’uwo muntu waziraga ukwizera kwe. Muri urwo rupfu rw’agashinyaguro ruteye ubwoba<br />

ndetse no <strong>ku</strong>ba yaciriweho iteka n’itorero mu buryo bukomeye, uwo wicwaga yerekanye<br />

ukwizera n’ubutwari. Uwo munyeshuri wari ukiri muto yuzuye umubabaro maze<br />

abigereranya <strong>na</strong> kwa kwiheba kwe n’umwijima wari umugose kandi mu mibereho ye<br />

yarumviraga itorero adakebakeba. Yari azi ko abahakanyi bashingiye ukwizera kwabo <strong>ku</strong>ri<br />

Bibiliya. Yiyemeje <strong>ku</strong>yiga <strong>ku</strong>gira ngo <strong>na</strong>bishobora abashe <strong>ku</strong>vumbura ibanga ry’ibyishimo<br />

by’abo bicwaga.<br />

Muri Bibiliya yasanzemo Kristo. Yavuganye ijwi rirenga ati: ” O Data! Igitambo cye nicyo<br />

cyahosheje uburakari bwawe; amaraso ye niyo yanyogejeho imyanda; umusaraba we niwo<br />

wagiweho n’umuvumo wanjye; urupfu rwe rwambereye icyiru. Twebwe ubwacu<br />

twitekerereje iby’ubupfapfa byinshi bitagira akamaro, ariko washyize ijambo ryawe imbere<br />

yanjye nk’itara kandi wakabakabye umutima wanjye <strong>ku</strong>gira ngo mbashe <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> ko ibindi<br />

byose <strong>na</strong>kora ari ibizira, uretse ibya Yesu byonyine.” 234<br />

Kaluvini yari yarigishijwe ngo azabe umupadiri. Ubwo yari afite imyaka cumi n’ibiri gusa,<br />

nibwo yatorewe <strong>ku</strong>ba umuyobozi w’itorero rito kandi umusatsi we wari warogoshwe<br />

n’umwepisikopi nk’uko biteganywa n’amabwiriza agenga itorero. Ntiyigeze asigwa ngo<br />

yezwe cyangwa ngo akore inshingano z’umupadiri, ariko yabaye umwe mu bihaye Ima<strong>na</strong><br />

batoranyijwe, akitirirwa umwanya yarimo kandi akawuhererwa agahimbazamusyi.<br />

Amaze <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> ko atazigera aba umupadiri, yafashe igihe ru<strong>na</strong>ka cyo kwiga<br />

iby’amategeko, ariko amaherezo aza <strong>ku</strong>reka uwo mugambi maze yiyemeza kwegurira<br />

imibereho ye <strong>ku</strong>bwiriza ubutumwa bwiza. Ariko yashidikanyije <strong>ku</strong>ba umwigisha ubwiririza<br />

mu ruhame. Ubusanzwe yari umuntu ugira amagambo make, ariko yari aremerewe no <strong>ku</strong>mva<br />

inshingano ikomeye yahabwa n’uwo mwanya, kandi yari acyifuza cyane gushishikarira<br />

kwiga. Nyamara amaherezo yaje kwemezwa n’uko incuti ze zamwingingaga zibishishikariye.<br />

158

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!