07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

rwarakomeje rumara imyaka myinshi. Faransisiko yabaye hagati y’Abanyaroma n’ubugorozi,<br />

akajya yihanganira uburakari bw’abapadiri ikindi gihe akabuhagarika. Berquin yafunzwe<br />

inshuro eshatu afungishijwe n’abategetsi bo <strong>ku</strong> ruhande rwa Papa, ariko akajya afunguzwa<br />

n’umwami <strong>ku</strong>ko yamu<strong>ku</strong>ndiraga ubuhanga bwe n’imico ye itunganye bigatuma yanga ko<br />

arenga<strong>na</strong> azira ubugome bw’abayobozi ba<strong>ku</strong>ru b’itorero.<br />

Berquin yaburiwe inshuro nyinshi ibyerekeye akaga kari kamwugarije mu Bufaransa,<br />

kandi bamugiraga i<strong>na</strong>ma yo <strong>ku</strong>gera ikirenge mu cy’abari baraboneye umutekano mu guhunga<br />

babyihitiyemo. Uwitwaga Erasime wagiraga amagambo make ariko akagenda<strong>na</strong> n’ibihe ngo<br />

arengere inyungu ze, nubwo yari umunyabwenge, ntabwo yabashije <strong>ku</strong>gira ugukomera mu<br />

mico mbonera bituma ubuzima n’icyubahiro bicishwa bugufi <strong>ku</strong>bera u<strong>ku</strong>ri. Yandikiye<br />

Berquin ati : “Saba <strong>ku</strong>jya guhagararira igihugu mu mahanga; jya mu Budage uzahakore<br />

ingendo. Uzi neza Beda n’abandi nka we, ko ari igikoko gifite imitwe igihumbi, gicira<br />

ubumara impande zose. Abanzi bawe ntibagira ingano. Nubwo umurimo wawe waba mwiza<br />

<strong>ku</strong>ruta uwa Yesu Kristo, ntibaza<strong>ku</strong>reka ngo ugende bata<strong>ku</strong>rimburanye ubugome bukomeye.<br />

Ntiwishingikirize cyane <strong>ku</strong> <strong>ku</strong>rindwa n’umwami. Mu bibaho byose, ntunshire mu kaga ndetse<br />

n’ishami ryigisha iby’Iyobokama<strong>na</strong>.” 224<br />

Ariko uko ibyago byarushagaho gukomera, ni ko ubutwari bwa Berquin <strong>na</strong>bwo<br />

bwiyongeraga. Aho gu<strong>ku</strong>rikiza i<strong>na</strong>ma za politiki kandi zo kwirengera yahawe <strong>na</strong> Erasme,<br />

Berquin yiyemeje gufata ingamba zikaze <strong>ku</strong>rutaho. Ntiyibandaga gusa <strong>ku</strong> <strong>ku</strong>rengera u<strong>ku</strong>ri,<br />

ahubwo yajyaga yamaga<strong>na</strong> n’amakosa. Ikirego cy’ubuhakanyi yaregwaga n’abambari ba<br />

Roma, yajyaga akibagerekaho ari bo. Abamurwanyaga babishishikariye cyane kandi<br />

bamwanga urunuka bari abantu bize bafite impamyabumenyi z’ikirenga ndetse n’abapadiri<br />

bo mu ishami ryigishaga iyobokama<strong>na</strong> muri Kaminuza n<strong>ku</strong>ru y’i Paris, yari imwe mu bifite<br />

ububasha buhanitse bw’itorero haba mu mujyi mu<strong>ku</strong>ru ndetse no <strong>ku</strong> gihugu cyose. Mu<br />

nyandiko z’abo bahanga b’ikirenga Berquin ya<strong>ku</strong>yemo ingingo cumi n’ebyiri yavugiye mu<br />

ruhame ko “zinyuranyije <strong>na</strong> Bibiliya, kandi ko zirimo ubuyobe;” maze asaba umwami ko ari<br />

we waca urubanza muri izo mpaka.<br />

Umwami ntiyatindiganyije guhuza abo banyambaraga n’abo babavuguruzaga buzuye<br />

ubwenge n’ubushishozi, maze anezezwa no <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> uburyo bwo gucisha bugufi ubwibone<br />

bw’abo bapadiri birataga, bityo asaba abari mu ruhande rwa Roma gushyigikirisha Bibiliya<br />

ibyo bemera. Bari bazi neza ko iyo ntwaro itagira icyo ibamarira. Gushyira abantu mu nzu<br />

z’imbohe, kwica urubozo no gutwika ni zo ntwaro bari bazi gukoresha. Ubu noneho ibintu<br />

byari bihindutse, bibonye bagiye <strong>ku</strong>gwa mu rwobo bari bariringiye ko bazarohamo Berquin.<br />

Barumiwe maze bashakishaka uburyo batoroka.<br />

“Muri icyo gihe ishusho ya Bikira Mariya yari <strong>ku</strong> ruhande rw’inzira imwe yarangijwe<br />

icibwa igice kimwe.” Habayeho imivurungano ikomeye mu mujyi. Abantu benshi<br />

bahururiraga <strong>ku</strong>reba iyo shusho maze bakarira<strong>na</strong> umubabaro. Umwami <strong>na</strong>we byaramubabaje<br />

cyane. Ayo yabaye amahirwe abapadiri bari babonye <strong>ku</strong>gira ngo bisubize isura nziza, maze<br />

155

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!