Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya... Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba Imiburo, kubinginga ndetse no kubacyaha binaniwe kugira icyo bigeraho, yaboherereje impano iruta izindi zose zo mu ijuru, kandi si iyo mpano yonyine gusa, ahubwo yaboherereje ijuru ryose binyuze muri iyo Mpano. Umwana w’Imana ubwe yatumwe guhendahenda abaturage b’uwo mujyi banze kwihana. Kristo ni we wari waravanye Isiraheli mu Misiri imeze nk’umuzabibu. Zaburi 80 :8. Ukuboko kwe ni ko kwari kwarirukanye abapagani imbere y’uwo muzabibu. Yari yarawuteye “ku musozi urumbuka cyane.” Uburinzi bwe bwo kuwitaho bwari bwarawubereye uruzitiro rukomeye. Yari yaratumye abagaragu be kuwukorera. Yaratatse ati « Ikintu nari nkwiriye gukorera uruzabibu rwanjye nasize ni ikihe ?” Yesaya 5:1-4. Nubwo igihe yari yiteze ko ruzera inzabibu yasanze rwareze imbuto mbi, we ubwe yaje mu ruzabibu rwe afite ibyiringiro bisabwe n’icyifuzo cy’uko rwazera imbuto, kugira ngo arebe ko rwagira amahirwe yo gukira kurimbuka. Yahingiye uruzabibu rwe; yararukaragiye kandi ararusigasira. Ntiyigeze acogora mu muhati we wo gukiza uruzabibu rwe yihingiye. Umukiza ufite umucyo n’ikuzo yamaze imyaka itatu agendera mu bantu b’ishyanga rye «akagenda agirira abantu neza, agakiza abo Satani atwaza igitugu ”, ahumuriza abafite intimba, ahesha umudendezo abari imbohe, ahumura impumyi, akiza ibirema bikagenda n’ibiragi bikumva, ahumanura ababembe, azura abapfuye kandi akigisha abakene ubutumwa bwiza. Ibyakozwe n’Intumwa 10:38; Luka 4 :18 ; Matayo 11 :5. Yahamagaranye impuhwe abantu b’ingeri zose avuga ati : « Mwese abarushye n’abaremerewe, nimuze munsange ndabaruhura.» Matayo 11:28. Nubwo yabagiriye ineza bakamwitura inabi, kandi kubakunda kwe bakabyitura kumwanga (Zaburi 109 :5), yari yarakomeje umurimo we w’impuhwe adacogora. Ntiyigeze asubiza inyuma umuntu wese wamusanze akeneye kugirirwa ubuntu. Umukiza wagendaga ahantu hose atagira icumbi atahamo, kunegurwa ndetse n’ubukene bukabije bikaba ari byo byari umunani we wa buri munsi. Yabereyeho gukemura ibibazo by’abantu no kuborohereza imibabaro yabo, no kubingigira kwemera kwakira impano y’ubugingo. Impuhwe ze zabaga zasuzuguwe n’abafite imitima yinangiye zabagarukagaho mu rukundo rwuje ibambe rikomeye kandi rutarondoreka. Nyamara Abisiraheli bari barateye umugongo Incuti yabo magara n’Umufasha wabo umwe rukumbi. Bari barahinyuye kwinginga guturutse ku rukundo rwe, barasuzuguye inama ze kandi baragize urw’amenyo imiburo ye. Igihe cy’ibyiringiro no kubabarirwa cyahitaga vuba vuba. Igikombe cy’uburakari bw’Imana bwari bumaze igihe bwarakumiriwe cyari hafi kuzura. Igicu cyari cyaragiye cyiyegeranya mu bihe babayemo by’ubuhakanyi no kwigomeka, icyo gihe kikaba cyari cyijimishijwe n’akaga, cyari hafi yo gusandara kikisuka ku ishyanga ryari riciriweho iteka; kandi Umwe rukumbi wagombaga kubakiza ako kaga kari kabasatiriye bari baramukerenseje, baramupfobya, banga kumwakira, kandi bari hafi kumubamba. Ubwo Kristo yari kumanikwa ku musaraba i Kaluvari, igihe Isiraheli yahawe cyo kuba ishyanga rikunzwe kandi rihiriwe n’Imana cyari kuba kigeze ku iherezo. Gupfa k’umuntu 8

Itorero na Leta ku Rugamba n’iyo yaba umwe ni akaga gakomeye gasumba kure inyungu ndetse n’ubutunzi byo ku isi. Nyamara ubwo Kristo yitegerezaga umujyi wa Yerusalemu, yarebaga umujyi ugiye kurimbuka wose, yarebaga ishyanga rigiye kurimbuka ryose —umujyi n’ishyanga Imana yari yaritoranyirije, ubutunzi bwayo bw’umwihariko. Abahanuzi bari bararijijwe n’ubuyobe bw’Abisiraheli n’akaga gakomeye kabageragaho bahaniwe ibyaha bakoze. Umuhanuzi Yeremiya yifuje ko amaso ye yaba isoko y’amarira kugira ngo arire amanywa n’ijoro arizwa n’abantu be bishwe, arizwa n’umukumbi w’Uwiteka wajyanyweho iminyago. Yeremiya 9:1 ; 13 :17. None se, ni iki cyari gishavuje ufite ubushobozi bwo kureba ibizaba, atari ibyo mu myaka mike ahubwo mu bihe byinshi! Yitegereje marayika urimbura afite inkota ayibanguriye umujyi wahoze ari ubuturo bwa Yehova kuva kera. Ari mu mpinga y’umusozi w’imyelayo, aho hakaba haraje kwigarurirwa na Titus n’ingabo ze, yarambuye amaso mu kibaya yitegereza urugo rw’ingoro nziranenge y’Imana n’amabaraza yayo, maze amaso ye yari ashavujwe n’amarira yitegereza inkike zigoswe n’ingabo z’abanyamahanga. Yumvise imirindi y’ingabo zitonze umurongo zigiye ku rugamba. Yumvise urusaku rw’ababyeyi n’abana barizwaga no gushaka icyo kurya bari muri uwo mujyi igihe wari kuba ugoswe. Yabonye ingoro nziranenge kandi nziza cyane yari muri uwo mujyi, ndetse n’amazu yawo meza n’iminara bitwikwa, maze aho byahoze byubatse ahabona ikirundo cy’amatongo acumba umwotsi. Yitegereje mu myaka izakurikiraho, yabonye abantu bo mu ishyanga ryahoze ari iry’isezerano batataniye mu bihugu byose bameze nk’“utumene tw’ubwato tunyanyagiye ku nkombe yumagaye”. Mu gihano cy’igihe gitoya cyari kigiye kugera ku bana be, yabonagamo gusogongera ku gikombe cy’uburakari bagombaga kuzanywaho bakagikonoza ku munsi w’urubanza ruheruka. Yerekaniye impuhwe z’Imana n’urukundo rwuje imbabazi muri aya magambo yavuze abaririra ati « Yerusalemu, Yerusalemu, wica abahanuzi, ugatera amabuye abagutumweho, ni kangahe nshaka kubundikira abana bawe, nk’uko inkoko ibundikira imishwi yayo mu mababa yayo; ntimunkundire.» Yemwe abo mu ishyanga ryatoranyijwe, iyo mumenya igihe mwagenderewemo kandi mugasobanukirwa n’ibyabahesha amahoro! Nabaye ndetse kurekura marayika wo guhana abadakiranuka, nabararikiye kwihana, ariko byabaye iby’ubusa. Ntabwo abagaragu banjye, intumwa nabatumyeho ndetse n’abahanuzi ari bo gusa mwanze kwemera no kwakira, ahubwo mwanze Umuziranenge wa Isirayeli, Umucunguzi wanyu. Nimurimbuka, ni mwe muzaba mwizize. « Mwanze kuza aho ndi ngo muhabwe ubugingo”. Matayo 23:37; Yohana 5:40. Kristo yabonaga Yerusalemu ishushanya isi yinangiriye mu kutizera no mu kwigomeka, yihuta ijya gusakirana n’igihano cy’urubanza iciriweho n’Imana. Amakuba yari ku bwoko bwagomye yashenguraga umutima we ni yo yamuteye uko kurira kurenze urugero atakishwa n’umubabaro. Yabonye ukuntu amateka y’icyaha agaragarira mu butindi bukabije, mu marira no mu mivu y’amaraso by’abantu; umutima we wagiriraga imbabazi abantu bari mu kaga 9

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Imiburo, <strong>ku</strong>binginga ndetse no <strong>ku</strong>bacyaha bi<strong>na</strong>niwe <strong>ku</strong>gira icyo bigeraho, yaboherereje<br />

impano iruta izindi zose zo mu ijuru, kandi si iyo mpano yonyine gusa, ahubwo yaboherereje<br />

ijuru ryose binyuze muri iyo Mpano.<br />

Umwa<strong>na</strong> w’Ima<strong>na</strong> ubwe yatumwe guhendahenda abaturage b’uwo mujyi banze kwiha<strong>na</strong>.<br />

Kristo ni we wari waravanye Isiraheli mu Misiri imeze nk’umuzabibu. Zaburi 80 :8. U<strong>ku</strong>boko<br />

kwe ni ko kwari kwarirukanye abapagani imbere y’uwo muzabibu. Yari yarawuteye “<strong>ku</strong><br />

musozi urumbuka cyane.” Uburinzi bwe bwo <strong>ku</strong>witaho bwari bwarawubereye uruzitiro<br />

rukomeye. Yari yaratumye abagaragu be <strong>ku</strong>wukorera. Yaratatse ati « Ikintu <strong>na</strong>ri nkwiriye<br />

gukorera uruzabibu rwanjye <strong>na</strong>size ni ikihe ?” Yesaya 5:1-4. Nubwo igihe yari yiteze ko<br />

ruzera inzabibu yasanze rwareze imbuto mbi, we ubwe yaje mu ruzabibu rwe afite ibyiringiro<br />

bisabwe n’icyifuzo cy’uko rwazera imbuto, <strong>ku</strong>gira ngo arebe ko rwagira amahirwe yo gukira<br />

<strong>ku</strong>rimbuka. Yahingiye uruzabibu rwe; yararukaragiye kandi ararusigasira. Ntiyigeze acogora<br />

mu muhati we wo gukiza uruzabibu rwe yihingiye.<br />

Umukiza ufite umucyo n’i<strong>ku</strong>zo yamaze imyaka itatu agendera mu bantu b’ishyanga rye<br />

«akagenda agirira abantu neza, agakiza abo Satani atwaza igitugu ”, ahumuriza abafite<br />

intimba, ahesha umudendezo abari imbohe, ahumura impumyi, akiza ibirema bikagenda<br />

n’ibiragi bi<strong>ku</strong>mva, ahumanura ababembe, azura abapfuye kandi akigisha abakene ubutumwa<br />

bwiza. Ibyakozwe n’Intumwa 10:38; Luka 4 :18 ; Matayo 11 :5. Yahamagaranye impuhwe<br />

abantu b’ingeri zose avuga ati : « Mwese abarushye n’abaremerewe, nimuze munsange<br />

ndabaruhura.» Matayo 11:28.<br />

Nubwo yabagiriye ineza bakamwitura i<strong>na</strong>bi, kandi <strong>ku</strong>ba<strong>ku</strong>nda kwe bakabyitura<br />

<strong>ku</strong>mwanga (Zaburi 109 :5), yari yarakomeje umurimo we w’impuhwe adacogora. Ntiyigeze<br />

asubiza inyuma umuntu wese wamusanze akeneye <strong>ku</strong>girirwa ubuntu. Umukiza wagendaga<br />

ahantu hose atagira icumbi atahamo, <strong>ku</strong>negurwa ndetse n’ubukene bukabije bikaba ari byo<br />

byari umu<strong>na</strong>ni we wa buri munsi. Yabereyeho gukemura ibibazo by’abantu no <strong>ku</strong>borohereza<br />

imibabaro yabo, no <strong>ku</strong>bingigira kwemera kwakira impano y’ubugingo. Impuhwe ze zabaga<br />

zasuzuguwe n’abafite imitima yi<strong>na</strong>ngiye zabagarukagaho mu ru<strong>ku</strong>ndo rwuje ibambe<br />

rikomeye kandi rutarondoreka. Nyamara Abisiraheli bari barateye umugongo Incuti yabo<br />

magara n’Umufasha wabo umwe ru<strong>ku</strong>mbi. Bari barahinyuye kwinginga guturutse <strong>ku</strong> ru<strong>ku</strong>ndo<br />

rwe, barasuzuguye i<strong>na</strong>ma ze kandi baragize urw’amenyo imiburo ye.<br />

Igihe cy’ibyiringiro no <strong>ku</strong>babarirwa cyahitaga vuba vuba. Igikombe cy’uburakari<br />

bw’Ima<strong>na</strong> bwari bumaze igihe bwara<strong>ku</strong>miriwe cyari hafi <strong>ku</strong>zura. Igicu cyari cyaragiye<br />

cyiyegeranya mu bihe babayemo by’ubuhakanyi no kwigomeka, icyo gihe kikaba cyari<br />

cyijimishijwe n’akaga, cyari hafi yo gusandara kikisuka <strong>ku</strong> ishyanga ryari riciriweho iteka;<br />

kandi Umwe ru<strong>ku</strong>mbi wagombaga <strong>ku</strong>bakiza ako kaga kari kabasatiriye bari baramukerenseje,<br />

baramupfobya, banga <strong>ku</strong>mwakira, kandi bari hafi <strong>ku</strong>mubamba.<br />

Ubwo Kristo yari <strong>ku</strong>manikwa <strong>ku</strong> musaraba i Kaluvari, igihe Isiraheli yahawe cyo <strong>ku</strong>ba<br />

ishyanga ri<strong>ku</strong>nzwe kandi rihiriwe n’Ima<strong>na</strong> cyari <strong>ku</strong>ba kigeze <strong>ku</strong> iherezo. Gupfa k’umuntu<br />

8

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!