07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Amasengesho yo mu rwiherero yavagamo imbaraga yanyeganyeje isi mu gihe<br />

cy’Ubugorozi bukomeye. Aho mu rwiherero, niho abagaragu b’Ima<strong>na</strong> bashingiraga ibirenge<br />

byabo mu masezerano yayo biturije. Mu gihe cy’amakimbirane yaberaga i Augsburg, ntabwo<br />

Luteri yamaraga umunsi adafashe nibura amasaha atatu asenga, kandi agatoranya ayo masaha<br />

mu masaha y’igihe cyiza cyo kwiga.” Ubwo yabaga yiherereye mu cyumba cye, abantu<br />

bumvaga asuka imbere y’Ima<strong>na</strong> ibiri mu mutima we mu magambo yo “<strong>ku</strong>ramya, <strong>ku</strong>baha<br />

ndetse n’ibyiringiro nk’igihe umuntu avuga<strong>na</strong> n’incuti ye.” Yaravugaga ati: “Nzi neza ko uri<br />

Umubyeyi wacu n’Ima<strong>na</strong> yacu, kandi ko utazabura gutatanya abatoteza aba<strong>na</strong> bawe; <strong>ku</strong>bera<br />

ko Wowe ubwawe uri <strong>ku</strong>mwe <strong>na</strong>twe muri aka kaga. Uyu murimo ni uwawe, kandi ni wowe<br />

watwemeje <strong>ku</strong>wukora. Kubw’ibyo rero, Data turengere!” 214<br />

Yandikiye Melanchthon wari uremerewe cyane n’umutwaro w’agahinda n’ubwoba ati:<br />

“Ubuntu n’amahoro muri Kristo bibane <strong>na</strong>we. — Ngize nti, “muri Kristo” ntabwo ari mu<br />

b’isi. Ami<strong>na</strong>! Nanga rwose urunuka ibyo biguhangayikishije cyane bikaguhera<strong>na</strong>. Niba inzira<br />

wayobotse atari iy’u<strong>ku</strong>ri, yireke; ariko niba ari u<strong>ku</strong>ri, <strong>ku</strong>ki twagaragaza amasezerano<br />

y’Udutegeka <strong>ku</strong>ryama tugasinzira nta bwoba ko atari ay’u<strong>ku</strong>ri? . . . Ntabwo Kristo azigera<br />

abura <strong>ku</strong>boneka mu murimo w’ubutungane n’u<strong>ku</strong>ri. Kristo ni muzima, ari <strong>ku</strong> ngoma, none ni<br />

iki cyadutera ubwoba?” 215<br />

Ima<strong>na</strong> yumvise gutaka kw’abagaragu bayo. Yahaye ibikomangoma n’ababwirizabutumwa<br />

ubuntu n’ubutwari byo gushyigikira u<strong>ku</strong>ri <strong>ku</strong>karwa<strong>na</strong> n’abatware b’umwijima bo muri iyi si.<br />

Umukiza aravuga ati: ” Dore ndashyira muri Siyoni ibuye rikomeza imfuruka, ryatoranyijwe,<br />

kandi ry’igiciro cyinshi, kandi uryizera ntazakorwa n’isoni.” 1Petero 2:6. Abagorozi<br />

b’Abaporotesitanti bari bubatse <strong>ku</strong>ri Kristo, bityo amarembo y’i<strong>ku</strong>zimu ntiyashoboraga<br />

<strong>ku</strong>batsinda.<br />

150

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!