07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Ntabwo abagaragu b’Ima<strong>na</strong> b’indahemuka bakoraga bari bonyine. Ubwo abatware<br />

n’abafite ubushobozi n’imyuka mibi y’ahantu ho mu ijuru yari ifatanyirije hamwe<br />

<strong>ku</strong>barwanya, Umwami Ima<strong>na</strong> ntiyigeze iha<strong>na</strong> abantu bayo. Iyaba amaso yabo yarabashije<br />

guhweza, baba barabonye igihamya kigaragaza ko Ima<strong>na</strong> iri <strong>ku</strong>mwe <strong>na</strong>bo kandi ibafasha<br />

nk’uko yabibwiye umuhanuzi wa kera. Igihe umugaragu w’umuhanuzi Elisa yerekaga<br />

shebuja ingabo zikaze zari zibazengurutse kandi zabagose <strong>ku</strong> buryo ntaho banyura ngo bacike,<br />

Elisha yarasenze agira ati: “Uwiteka ndakwinginze, muhumura amaso, arebe.” 210 Arebye,<br />

abo<strong>na</strong> umusozi wuzuye amafarashi n’amagare y’umuriro, ingabo zo mu ijuru zari zihagaze<br />

aho zo <strong>ku</strong>rinda umuntu w’Ima<strong>na</strong>. Uko niko abamarayika barindaga abakozi b’Ima<strong>na</strong> mu<br />

murimo w’Ubugorozi.<br />

Rimwe mu mahame Luteri yari ashikamyeho cyane ni iryavugaga ko mu gushyigikira<br />

ubugorozi hadakwiye <strong>ku</strong>baho kwitabaza ubushobozi bw’ab’isi kandi ko mu <strong>ku</strong>burengera nta<br />

kwifashisha intwaro <strong>ku</strong>gomba <strong>ku</strong>baho. Yashimishijwe no <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> ubutumwa bwiza bwakirwa<br />

n’ibikomangoma by’i bwami; ariko igihe batekerezaga gukora ishyirahamwe ryo kwirengera,<br />

Luteri yavuze ko “inyigisho z’ubutumwa bwiza zikwiriye <strong>ku</strong>rwanirirwa n’ Ima<strong>na</strong> yonyine.”<br />

Uko abantu barushaho <strong>ku</strong>reka kwitambika mu murimo, ni ko ubutabazi bw’Ima<strong>na</strong> burushaho<br />

kwigaragaza ngo iwurengere. Uko Luteri yabibo<strong>na</strong>ga, ingamba zose zo mu rwego rwa politiki<br />

zatekerezwaga zari zishingiye <strong>ku</strong> bwoba budafite ishingiro ndetse no <strong>ku</strong>tizera.” 211<br />

Igihe abanzi bakomeye bashyiraga hamwe <strong>ku</strong>gira ngo basenye ukwizera <strong>ku</strong>vuguruye,<br />

kandi inkota ibihumbi byinshi zikaba zarasaga n’izi<strong>ku</strong>banguriwe, Luteri yaranditse ati:<br />

“Satani ari kwenyegeza uburakari bwe, abayobozi b’itorero batubaha Ima<strong>na</strong> bari mu<br />

bugambanyi; <strong>ku</strong>bw’ibyo twugarijwe n’intambara. Nimwingingire abantu <strong>ku</strong>rwanisha kwizera<br />

no gusenga bafite umwete imbere y’intebe ya cyami y’Ima<strong>na</strong>, <strong>ku</strong>gira ngo abanzi bacu<br />

nibamara gutsindwa <strong>na</strong> Mwuka w’Ima<strong>na</strong>, babone ko nta kindi bakora uretse gutanga amahoro.<br />

Icyo dukeneye <strong>ku</strong>ruta ibindi, ari <strong>na</strong>wo murimo w’ingenzi dufite, ni ugusenga. Reka abantu<br />

bamenye ko bageramiwe n’ubugi bw’inkota ndetse n’uburakari bwa Satani. Nibasenge rero.”<br />

212<br />

Nyuma y’aho, ubwo Luteri yongeraga <strong>ku</strong>vuga <strong>ku</strong> by’ishyirahamwe ryatekerejwe<br />

n’ibikomangoma byayobotse ubugorozi, yavuze ko intwaro yonyine ikwiriye gukoreshwa<br />

muri urwo rugamba ari “inkota y’Umwuka.” Yandikiye igikomangoma cy’i Saxony agira ati:<br />

” Kubw’umutima<strong>na</strong>ma wacu, ntidushobora kwemera iryo shyirahamwe ryatekerejwe.<br />

Twahitamo gupfa incuro cumi aho <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> ubutumwa bwiza butuma hari igitonyanga <strong>na</strong><br />

kimwe cy’amaraso kimenwa! Uruhare rwacu ni urwo <strong>ku</strong>ba nk’intama zijyanwe mu ibagiro.<br />

Umusaraba wa Kristo ugomba kwikorerwa. Nya<strong>ku</strong>bahwa, humura, ntugire ubwoba.<br />

Kubw’amasengesho yacu, tuzakora ibiruta ibyo abanzi bacu bazakora <strong>ku</strong>bw’ubwirasi bwabo.<br />

Mwe gusa ntimugatume amaboko yanyu yanduzwa n’amaraso y’abavandimwe banyu.<br />

Umwami w’abami <strong>na</strong>ramuka ategetse ko badushyikiriza inkiko ze, twiteguye kwitaba.<br />

Ntabwo ushobora <strong>ku</strong>rengera kwizera kwacu: buri muntu wese akwiriye kwizera azi ko <strong>ku</strong> giti<br />

cye azirengera ingaruka byamuzanira.” 213<br />

149

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!