07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

y’abategetsi ba<strong>ku</strong>ru i Augsburg kandi avuga ko ari we ubwe uzayiyoborera. Abayobozi<br />

b’Ubuporotesitanti <strong>na</strong>bo bahamagawe muri iyo <strong>na</strong>ma.<br />

Akaga gakomeye kari <strong>ku</strong>garije Ubugorozi; ariko abari babushyigikiye bashyize uwo<br />

murimo wabo mu maboko y’Ima<strong>na</strong>, kandi <strong>na</strong>bo ubwabo barahirira ko bazashikama <strong>ku</strong><br />

butumwa bwiza. Abajya<strong>na</strong>ma b’umwepisikopi w’i Saxony bamusabye ko atagomba <strong>ku</strong>jya mu<br />

<strong>na</strong>ma y’abategetsi ba<strong>ku</strong>ru b’igihugu. Baramubwiye ko umwami w’abami yasabye ko<br />

ibikomangoma biza muri iyo <strong>na</strong>ma <strong>ku</strong>gira ngo abagushe mu mutego. Baravugaga bati:<br />

“Mbese ntibyaba ari ukwigerezaho <strong>ku</strong>jya kwifungira<strong>na</strong> mu n<strong>ku</strong>ta z’umujyi urimo umwanzi<br />

ukomeye?” Ariko abandi bo bavuga<strong>na</strong>ga icyizere bati: “Nimutyo ibikomangoma byonyine<br />

bigendane ubutwari, bityo umurimo w’Ima<strong>na</strong> ntuzahungaba<strong>na</strong>.” Luteri we yaravuze ati:<br />

“Ima<strong>na</strong> ni indahemuka, ntabwo izaduterera<strong>na</strong>.” Umwepisikopi ahaguruka<strong>na</strong> n’ibyegera bye<br />

bajya i Augsburg. Bose bari bazi akaga uwo mwepesikopi arimo bityo benshi bagenda<br />

bababaye kandi bahagaritse umutima. Ariko Luteri wabaherekeje akabageza i Coburg,<br />

yasubizaga intege kwizera kwabo kwari guhungabanye akoresheje <strong>ku</strong>baririmbira indirimbo<br />

isingiza Ima<strong>na</strong> yahimbiye muri urwo rugendo agira ati: “Ima<strong>na</strong> yacu ni Yo mu<strong>na</strong>ra ukomeye.”<br />

Mu <strong>ku</strong>mva amajwi y’iyo ndirimbo, ibyinshi mu byabaga bibahangayikishije byavagaho,<br />

kandi benshi mu babaga bahagaritse umutima bagatuza.203<br />

Ibikomangoma byayobotse ubugorozi byari byiyemeje gutegura inyandiko igaragaza mu<br />

buryo buteguye neza ingingo zishyigikiye kwizera kwabo, bagashyiramo n’ibihamya bivuye<br />

mu Byanditswe Byera <strong>ku</strong>gira ngo bazayisomere imbere y’i<strong>na</strong>ma n<strong>ku</strong>ru. Umurimo wo<br />

gutegura iyo nyandiko washinzwe Luteri <strong>na</strong> Melanchthon ndetse n’ababungirije. Iyo<br />

nyandiko yemewe n’Abaporotesitanti ko ari inyandiko isobanura ibyo kwizera kwabo maze<br />

bateranira hamwe <strong>ku</strong>gira ngo bashyire amazi<strong>na</strong> yabo <strong>ku</strong>ri iyo nyandiko y’ingenzi. Icyo cyari<br />

igihe gikomeye kandi kiruhije. Abagorozi bifuzaga ko umurimo wabo utakwitiranywa<br />

n’ibibazo bya politike. Bumvaga ko Ubugorozi budakwiriye <strong>ku</strong>gira ikindi buhindura mu<br />

bantu kidakomotse mu Ijambo ry’Ima<strong>na</strong>. Ubwo ibikomangoma byayobotse Ubukristo byari<br />

bigiye gushyira umukono <strong>ku</strong>ri iyo nyandiko y’Ubuhamya, Melanchthon yabyitambitsemo<br />

aravuga ati: “Ibi bireba abize iby’iyobokama<strong>na</strong>, n’abavugabutumwa. Naho ibindi bibazo<br />

tugomba <strong>ku</strong>biharira abafite ubushobozi bo <strong>ku</strong> isi.” Yoha<strong>na</strong> w’i Saxony yaramusubije ati:<br />

“Ibyo biragatsindwa ko wampeza! Niyemeje gukora ibyo mbo<strong>na</strong> ko bitunganye ntitaye <strong>ku</strong><br />

ikamba ryanjye. Ndifuza guhamya Umukiza. Ingofero yanjye impesha uburenganzira bwo<br />

gutora umwami w’abami n’ikanzu by’ubwepisikopi ntibindutira umusaraba wa Yesu Kristo.”<br />

Amaze <strong>ku</strong>vuga atyo aratambuka yandika izi<strong>na</strong> rye . Ubwo undi wo mu bikomangoma yafataga<br />

ikaramu yaravuze ati: “Niba icyubahiro cy’Umwami wanjye Yesu Kristo kibinsaba, niteguye<br />

gusiga ibyanjye no gutanga ubuzima bwanjye.” “Nahitamo <strong>ku</strong>reka abo nyobora n’intara<br />

ntegeka, <strong>na</strong>hitamo gusiga igihugu cya ba data nkagenda nitwaje ikibando mu ntoke. . . aho<br />

kwemera andi mahame uretse ayanditswe muri iyi Nyandiko.” Uko ni ko kwizera n’ubutwari<br />

by’abo bantu b’Ima<strong>na</strong> byari bimeze. 204<br />

147

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!