07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

azatwitwaraho nk’Umukristo u<strong>ku</strong>nda Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong>ruta ibintu byose, kandi duhamije ko, yaba we<br />

ubwe kandi <strong>na</strong>mwe mwese, twiteguye <strong>ku</strong>mu<strong>ku</strong>nda kandi tukamwubaha <strong>ku</strong>ko ari inshingano<br />

yacu nya<strong>ku</strong>ri kandi dusabwa n’amategeko.” 199<br />

Abari bagize iyo <strong>na</strong>ma barakangaranye. Abenshi muri bo baratangaye kandi batinyishwa<br />

n’ubushizi bw’amanga bw’abo bahaka<strong>na</strong>ga iryo tegeko. Ahazaza habagaragariraga ko hari<br />

akaga kandi ko nta cyizere habaha. Amaca<strong>ku</strong>biri, intambara <strong>ku</strong> <strong>ku</strong>meneka kw’amaraso<br />

byasaga n’ibitazabura <strong>ku</strong>baho. Nyamara <strong>ku</strong>bera ko abagorozi bari biringiye ko inzira bafashe<br />

itunganye kandi no <strong>ku</strong>ba bari bishingikirije <strong>ku</strong> maboko y’Ishoborabyose, bari “buzuye<br />

ubutwari no gushikama.”<br />

“Amahame yari a<strong>ku</strong>biye muri iyo mvugo ikomeye yo guhaka<strong>na</strong> ni yo pfundo<br />

ry’Ubuporotesitanti. Uko guhaka<strong>na</strong> kwarwanyije uburyo bubiri bwo gutesha umuntu agaciro<br />

mu byerekeye kwizera: uburyo bwa mbere ni u<strong>ku</strong>vogera abacamanza ba leta, <strong>na</strong>ho ubwa<br />

kabiri bukaba ubutware itorero ryihaye. Mu mwanya w’uko gutesha agaciro mu buryo bubiri,<br />

Ubuporotesitanti bushyira imbaraga yo gu<strong>ku</strong>rikiza umutima<strong>na</strong>ma hejuru y’umucamanza<br />

kandi ubutware bw’Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> bukaruta itorero rigaragara. Ku i<strong>ku</strong>bitiro,<br />

Ubuporotesitanti ntibwemera ubushobozi bwa <strong>Leta</strong> mu bijyanye n’ibya Mwuka kandi<br />

bukavuga kimwe n’abahanuzi n’intumwa buti: “ Tugomba <strong>ku</strong>baha Ima<strong>na</strong> aho <strong>ku</strong>baha abantu.”<br />

Imbere y’ikamba ry’ubwami rya Charles wa V, ubuporotesitanti bwerereza ikamba rya Yesu<br />

Kristo. Ariko buragenda bukagera <strong>ku</strong>re <strong>ku</strong>ko bucisha bugufi ihame rivuga ko inyigisho zose<br />

za muntu zikwiriye gusimbura ibitangaza Ima<strong>na</strong> yandikishije. 200” Ikindi kandi, abahaka<strong>na</strong>ga<br />

iryo teka bari barahamije uburenganzira bwabo bwo <strong>ku</strong>vuga bafite umudendezo ko bemera<br />

u<strong>ku</strong>ri. Ntabwo bagombaga kwizera no <strong>ku</strong>mvira gusa, ahubwo bagombaga no kwigisha ibyo<br />

Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> rivuga, ndetse bahakanye uburenganzira bw’umupadiri cyangwa<br />

umucamanza bwo <strong>ku</strong>byivangamo. Uko kwivumbura kwabereye i Spires kwari igihamya<br />

gikomeye cyo <strong>ku</strong>rwanya <strong>ku</strong>daha abandi uburenganzira mu by’idini ndetse kwabaye no<br />

kwemeza uburenganzira abantu bose bafite bwo <strong>ku</strong>ramya Ima<strong>na</strong> ba<strong>ku</strong>rikije uko<br />

umutima<strong>na</strong>ma wabo ubayobora.<br />

Ubuhamya bwabo bwari bwamaze gutangwa. Bwanditswe mu ntekerezo z’abantu<br />

ibihumbi byinshi kandi bi<strong>na</strong>ndikwa mu bitabo byo mu ijuru aho nta muntu ufite ubushobozi<br />

bwo <strong>ku</strong>busiba. Ubudage bwose bwari bwaremeye ubutumwa bwiza bwemeye ubwo<br />

buhakanyi nk’uburyo bwo <strong>ku</strong>garagaza ukwizera kwabwo. Ahantu hose abantu babo<strong>na</strong>ga<br />

ubwo buhamya nk’isezerano ry’uko hagiye <strong>ku</strong>baho igihe cyiza <strong>ku</strong>ruta ibyo bigeze bagira.<br />

Umwe mu bikomangoma yabwiye abo Baporotesitanti b’i Spire ati: “Ndabasabira Ima<strong>na</strong><br />

Ishoborabyose yabagiriye ubuntu <strong>ku</strong>gira ngo mwature mufite imbaraga, mu mudendezo, nta<br />

gutinya ngo ibakomereze muri uko gushikama kwa Gikristo <strong>ku</strong>geza <strong>ku</strong> munsi w’imperuka.”<br />

201<br />

Iyo nyuma yo <strong>ku</strong>gera <strong>ku</strong> rwego rw’insinzi, Ubugorozi bugeraho bukaranzika <strong>ku</strong>gira ngo<br />

ab’isi babu<strong>ku</strong>nde, bwari <strong>ku</strong>ba butatiye ubudahemuka <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong> ndetse no <strong>ku</strong>ri bwo ubwabwo<br />

145

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!