07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

mu <strong>na</strong>ma adahaye Abagorozi amahirwe <strong>na</strong> make ngo bafate umwanzuro cyangwa bagire icyo<br />

basubiza. “Byabaye iby’ubusa <strong>ku</strong>mwoherereza abamwingingira <strong>ku</strong>gira ngo agaruke.” Kubyo<br />

bamubwiye yabashubije nta kindi yongeyeho ati: “Ibyo ni ikintu cyarangiye, igisigaye gusa<br />

ni u<strong>ku</strong>mvira ibisabwa.” 197<br />

Abari <strong>ku</strong> ruhande rw’umwami bari bazi neza ko ibikomangoma byayobotse ubukristo<br />

byemeye ko Ibyanditswe Byera biruta inyigisho z’abantu n’ibyo basaba; kandi bari bazi ko<br />

ahantu hose iryo hame ryemewe, ubutegetsi bwa Papa buzahirikwa nta kabuza. Ariko nk’uko<br />

byagendekeye abantu benshi <strong>ku</strong>va kera, bitaga “<strong>ku</strong> bigaragara gusa,” bishimaga bishuka ko<br />

uruhande rw’umwami w’abami <strong>na</strong> Papa rufite imbaraga, kandi ko uruhande rw’abagorozi nta<br />

mbaraga rufite. Iyo abagorozi baza <strong>ku</strong>ba bari bishingikirije <strong>ku</strong> bufasha bw’abantu gusa, baba<br />

bataragize imbaraga nk’uko abambari ba Papa bibwiraga. Nyamara nubwo abagorozi bari<br />

bake mu mubare ugereranyije n’abo <strong>ku</strong> ruhande rwa Roma, bari bafite imbaraga zabo.<br />

Ibitekerezo byabo babi<strong>ku</strong>ye <strong>ku</strong> cyemezo cyafashwe n’i<strong>na</strong>ma n<strong>ku</strong>ru babyerekeza <strong>ku</strong> Ijambo<br />

ry’Ima<strong>na</strong>, ba<strong>na</strong>bi<strong>ku</strong>ra <strong>ku</strong> mwami w’abami Charles babyerekeza <strong>ku</strong>ri Yesu Kristo, Umwami<br />

w’abami n’Umutware utwara abatware. 198<br />

Kubera ko Feridi<strong>na</strong>ndi atemeye kwita <strong>ku</strong>ri ibyo bemezwa n’umutima<strong>na</strong>ma wabo,<br />

ibikomangoma byiyemeje <strong>ku</strong>gira icyo bikora adahari ahubwo batazuyaje bahita bazanira<br />

i<strong>na</strong>ma n<strong>ku</strong>ru y’igihugu inyandiko igaragaza guhaka<strong>na</strong> kwabo. Inyandiko ikomeye cyane<br />

yahise ishyikirizwa I<strong>na</strong>ma y’abategetsi ba<strong>ku</strong>ru:<br />

“Imbere y’Ima<strong>na</strong>, Umuremyi wacu wenyine, Umurinzi, Umucunguzi n’Umukiza<br />

uzaducira urubanza umunsi umwe, ndetse n’imbere y’abantu bose n’ibiremwa byose,<br />

dukoresheje iyi nyandiko, mu buryo ubwo ari bwo bwose, mu bintu ibyo ari byo byose<br />

binyuranyije n’Ima<strong>na</strong>, n’Ijambo ryayo ryera, n’umutima<strong>na</strong>ma wacu ndetse no <strong>ku</strong> gakiza<br />

k’ubugingo bwacu, duhakanye ko tutazemera cyangwa ngo tuyoboke iteka ryashyizweho.”<br />

“Twavuga iki! Turamutse twemeye iri teka, twaba duhamije ko iyo Ima<strong>na</strong> Ishoborabyose<br />

ihamagariye umuntu <strong>ku</strong>yimenya, uwo muntu ntabwo yashobora kwakira <strong>ku</strong>menya Ima<strong>na</strong>!”<br />

“Nta nyigisho yakwitwa iy’u<strong>ku</strong>ri mu gihe inyuranya n’Ijambo ry’Ima<strong>na</strong>. Ima<strong>na</strong> ibuzanya<br />

inyigisho y’ubundi bwoko ubwo ari bwo bwose. Umurongo wose wo mu Byanditswe Byera<br />

ugomba gusobanuzwa undi usobanutse neza <strong>ku</strong>rutaho. Mu bintu byose bya ngombwa <strong>ku</strong><br />

Mukristo, iki Gitabo Cyera (Bibiliya) cyoroshye gusobanukirwa, kandi kibereyeho kwiruka<strong>na</strong><br />

umwijima. Nuko rero <strong>ku</strong>bw’ubuntu bw’Ima<strong>na</strong>, twiyemeje gukomera <strong>ku</strong> bibwirizwa byonyine<br />

bitunganye by’Ijambo ryayo nk’uko byanditswe mu Isezerano rya Kera no mu Isezerano<br />

Rishya, tutagize icyo twongeraho gihabanye <strong>na</strong>ryo. Iri jambo niryo <strong>ku</strong>ri ryonyine; ni ryo<br />

shingiro nya<strong>ku</strong>ri ry’inyigisho zose n’ubuzima bwose, kandi ntirishobora gutsindwa gato<br />

cyangwa <strong>ku</strong>tubeshya. Umuntu wubaka <strong>ku</strong>ri uru rufatiro azabasha gutsinda imbaraga zose<br />

z’i<strong>ku</strong>zimu, mu gihe ibyo umuntu yirata byose bihagurukirijwe <strong>ku</strong>rirwanya bizatsindirwa<br />

imbere y’Ima<strong>na</strong>.” “Kubera iyo mpamvu, ntidushobora kwemera kwikorera umutwaro<br />

baduhatira kwikorera.” “Na none kandi, twiringiye ko nya<strong>ku</strong>bahwa umwami w’abami<br />

144

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!