07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

ibihumbi byinshi bo mu bihugu byagengwaga <strong>na</strong> Papa, bari guhara ubuzima bwabo mu<br />

ishyirwa mu bikorwa rya rya tegeko? Ibi byari <strong>ku</strong>ba ari u<strong>ku</strong>gambanira umurimo w’Ubutumwa<br />

bwiza ndetse n’umudendezo w’ubukristo muri icyo gihe gikomeye.”- Wylie, b.9, ch.15.<br />

Ahubwo bari kwemera “guhara byose, ndetse n’ibihugu byabo, amakamba yabo ndetse<br />

n’ubuzima bwabo.” 193<br />

Ibikomangoma byaravuze biti: “Nimutyo twange iri teka. Mu byerekeye gu<strong>ku</strong>rikiza<br />

umutima<strong>na</strong>ma, abenshi nta bushobozi bafite.” Intumwa zihagarariye abandi zaravuze ziti:<br />

“Iteka ryaciwe mu 1526 ni ryo dukesha amahoro ubwami bwacu bufite: <strong>ku</strong>ri<strong>ku</strong>raho rero<br />

bya<strong>ku</strong>zuza Ubudage ibyago n’amaca<strong>ku</strong>biri. Ntabwo i<strong>na</strong>ma y’abategetsi ba<strong>ku</strong>ru ifite<br />

ubushobozi bwo <strong>ku</strong>gira ikindi ikora uretse <strong>ku</strong>rinda umudendezo mu by’idini <strong>ku</strong>geza igihe<br />

I<strong>na</strong>ma n<strong>ku</strong>ru izateranira.” 194<br />

Kurinda icyahungabanya umudendezo wo gu<strong>ku</strong>rikiza umutima<strong>na</strong>ma ni inshingano<br />

y’igihugu, ariko ubushobozi bwa <strong>Leta</strong> ntiburenga urubibi ngo bwivange mu byerekeye<br />

imyizerere. Ubutegetsi bwa <strong>Leta</strong> bwose bwo <strong>ku</strong> isi bugerageza <strong>ku</strong>genga cyangwa<br />

gushimangira ibigomba <strong>ku</strong>bahirizwa mu myizerere bukoresheje ubushobozi bw’ubutegetsi<br />

buba burenga <strong>ku</strong> ihame Abakristo bemera in<strong>ku</strong>ru nziza baharaniye mu buryo bukomeye.<br />

Abayoboke ba Papa biyemeje gusenya burundu icyo bitaga “kwi<strong>na</strong>ngira wihandagaje.”<br />

Batangiriye mu guteza amaca<strong>ku</strong>biri mu bari bashyigikiye Ubugorozi ndetse no gutera ubwoba<br />

abantu bose batari barashyize <strong>ku</strong> mugaragaro ko babushyigikiye. Amaherezo abahagarariye<br />

imijyi yigengaga bahamagariwe <strong>ku</strong>jya imbere y’i<strong>na</strong>ma y’abategetsi ba<strong>ku</strong>ru maze babasaba<br />

<strong>ku</strong>vuga niba bazubahiriza icyemezo cyafashwe. Basabye ko baba bahawe umwanya wo<br />

<strong>ku</strong>bitekerezaho nyamara biba iby’ubusa. Igihe bazanwaga ngo bagaragaze icyemezo cyabo,<br />

hafi kimwe cya kabiri cyabo cyagiye <strong>ku</strong> ruhande rw’Abagorozi. Abataremeye guhara<br />

umudendezo wabo wo gu<strong>ku</strong>rikiza umutima<strong>na</strong>ma wabo ndetse n’uburenganzira bwo<br />

kwitekerereza bari bazi ko icyemezo bafashe kibateje <strong>ku</strong>zajya banengwa, bagacirwaho iteka<br />

ndetse bagatotezwa. Umwe muri izo ntumwa yaravuze ati: “Tugomba kwihaka<strong>na</strong> ijambo<br />

ry’Ima<strong>na</strong>, bitaba ibyo ni tugatwikwa.” 195<br />

Umwami Feridi<strong>na</strong>ndi wari uhagarariye Umwami w’abami muri iyo <strong>na</strong>ma, yabonye ko iryo<br />

teka rizateza amaca<strong>ku</strong>biri akomeye niba batabashije kwemeza ibikomangoma <strong>ku</strong>ryemera no<br />

<strong>ku</strong>rishyigikira. Bityo, yagerageje <strong>ku</strong>bahendahenda azi neza ko gukoresha imbaraga <strong>ku</strong> bantu<br />

nk’abo ahubwo byabatera <strong>ku</strong>rushaho <strong>ku</strong>maramaza. Yasabye ibyo bikomangoma kwemera<br />

iryo teka, abizeza ko <strong>ku</strong>ryemera bizatuma Umwami w’abami abishimira cyane.” Ariko abo<br />

bantu b’indahemuka bari bazi ubutegetsi bukomeye buruta ubw’abategetsi bo <strong>ku</strong> isi, maze<br />

bituma basubiza batuje bati: “Tuzubaha umwami w’abami mu bintu byose bishobora <strong>ku</strong>gira<br />

uruhare mu gutuma amahoro aganza ndetse n’icyubahiro cy’Ima<strong>na</strong>.” 196<br />

Mu maso y’abagize I<strong>na</strong>ma, amaherezo umwami yabwiye intumwa n<strong>ku</strong>ru y’i Saxony<br />

n’incuti ze ko iryo teka “rigiye kwandikwa nk’iteka ry’umwami w’abami,” kandi ko “inzira<br />

imwe ru<strong>ku</strong>mbi basigaranye ari ukwemera ibyo abenshi bemeje.” Amaze <strong>ku</strong>vuga atyo asohoka<br />

143

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!