07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

muri icyo gihe abandi bari bafite ibyishimo. Ntabwo gutinya umubabaro wendaga<br />

<strong>ku</strong>mugeraho urenze uwo kamere ya muntu yakwihanganira ari byo byari bigose umutima we<br />

uti<strong>ku</strong>nda. Yarizwaga n’akaga kari gategereje abantu ibihumbi n’ibihumbi bari batuye i<br />

Yerusalemu. Akaga kari guterwa n’ubuhumyi no <strong>ku</strong>tiha<strong>na</strong> kw’abo yari yaje guhira no<br />

gucungura.<br />

Yesu yitegereje amateka y’imyaka irenga igihumbi yerekeye ineza n’uburinzi byihariye<br />

Ima<strong>na</strong> yagaragarije ishyanga ryatoranyijwe. Aho hari umusozi Moriya, aho umwa<strong>na</strong><br />

w’isezerano wajyanywe gutambwa ntatere amahane, yari yarabohewe arambikwa <strong>ku</strong><br />

rutambiro- ibyo bikaba byarashushanyaga igitambo cy’Umwa<strong>na</strong> w’Ima<strong>na</strong>. Aho ni ho<br />

isezerano ryo guhabwa imigisha, isezerano ry’agatangaza rya Mesiya ryari ryahamirijwe<br />

byimazeyo umubyeyi w’abizera Ima<strong>na</strong> b’indahemuka. Itangiriro 22:9, 16-18. Aho ngaho<br />

umuriro w’igitambo cyoswa wazamutse ujya mu ijuru uva <strong>ku</strong> mbuga ya Oru<strong>na</strong>ni wari<br />

wara<strong>ku</strong>miriye inkota ya marayika urimbura (1 Ngoma 21), iyo ikaba yari ishusho nyayo<br />

igaragaza igitambo Umukiza yatangiye abanyabyaha ndetse n’umurimo akora wo <strong>ku</strong>bahuza<br />

n’Ima<strong>na</strong>.<br />

Ima<strong>na</strong> yari yarahaye Yerusalemu icyubahiro gisumba icy’isi yose. Uhoraho « Yatoranije<br />

Siyoni, yahashakiye <strong>ku</strong>ba Ubuturo bwe ». Zaburi 132:13. Aho hantu abahanuzi bera bari<br />

barahavugiye ubutumwa bwabo bw’imbuzi mu myaka myinshi. Aho hantu, abatambyi bari<br />

barahazungurije ibyotero by’imibavu babaga bafite kandi umwuka w’umubavu wari<br />

warahazamukiye ujya imbere y’Ima<strong>na</strong> uzamukanye n’amasengesho y’abaje <strong>ku</strong>yiramya. Aho<br />

hantu kandi buri munsi hari haragiye hatambirwa amaraso y’intama basogose, ibyo bikaba<br />

byarashyushanyaga Umwa<strong>na</strong> w’intama w’Ima<strong>na</strong> wagombaga <strong>ku</strong>zatambwa. Aho hantu<br />

Yehova yari yaraherekaniye <strong>ku</strong>haba kwe abyerekaniye mu gicu cy’i<strong>ku</strong>zo rye cyari gitwikiriye<br />

intebe y’ihongerero. Aho niho hari urufatiro rw’urwego rutagaragara ruhuza ijuru n’isi<br />

(Itangiriro 28 :12 ; Yoha<strong>na</strong> 1 :51)--rwa rwego rwazamukirwaga n’abamarayika abandi<br />

barumanukiraho rwakinguriye abatuye isi inzira ijya ahera cyane.<br />

Iyo Abisiraheli nk’ishyanga bakomeza <strong>ku</strong>mvira Ima<strong>na</strong>, Yerusalemu yari <strong>ku</strong>guma <strong>ku</strong>ba<br />

iyatoranyijwe n’Ima<strong>na</strong>. Yeremiya 17:21-25. Ariko amateka y’iryo shyanga ryahawe<br />

umugisha yari yararanzwe no gusaya mu buyobe no kwigomeka. Bari bararwanyije ubuntu<br />

bw’Ima<strong>na</strong>, barakoresheje <strong>na</strong>bi imigisha y’umwihariko bari bafite, ndetse barakerenseje<br />

amahirwe bahawe.<br />

Nubwo Abisiraheli bari baragiye «bashinyagurira intumwa z’Ima<strong>na</strong> bagasuzugura<br />

amagambo yayo, bagaseka abahanuzi b’Ima<strong>na</strong> » (2 Ngoma 36:16), Ima<strong>na</strong> yari yarakomeje<br />

<strong>ku</strong>biyereka nk’« Uwiteka, Ima<strong>na</strong> y’ibambe n’imbabazi itinda <strong>ku</strong>rakara, ifite <strong>ku</strong>gira neza<br />

kwinshi n’umurava mwinshi” (Kuva 34:6). Nubwo bakomeje kwamaga<strong>na</strong> Ima<strong>na</strong>, Yo<br />

yakomeje <strong>ku</strong>binginga ikoresheje imbabazi zayo. Mu ru<strong>ku</strong>ndo rwayo ruruta uru<strong>ku</strong>ndo rwuje<br />

impuhwe umubyeyi a<strong>ku</strong>nda umwa<strong>na</strong> we, Ima<strong>na</strong> yari yaragiye « ibatumaho intumwa zayo,<br />

ikazinduka kare igatuma <strong>ku</strong>ko yababariraga abantu bayo n’ubuturo bwayo.» 2 Ngoma 36:15.<br />

7

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!