07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

bushobozi bwabo bityo bashishikarira <strong>ku</strong>garura abazaga <strong>ku</strong>bumva. Ariko abantu bari bamaze<br />

<strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> muri izo nyigisho nshya igisubizo cyahagije ubukene bw’imitima yabo, maze batera<br />

umugongo abari baramaze igihe kirekire babagaburira inyigisho z’imihango idafite akamaro<br />

ndetse n’imigenzo by’abantu.<br />

Igihe itotezwa ryageraga <strong>ku</strong> bigisha b’u<strong>ku</strong>ri, bitaye cyane <strong>ku</strong> magambo ya Kristo wavuze<br />

ati: “Nibabarenganiriza mu mudugudu umwe, muzahungire mu wundi.” 186 Umucyo winjiye<br />

ahantu hose. Ababaga bahunze babasha <strong>ku</strong>gira aho babo<strong>na</strong> imiryango ibafunguriwe,<br />

bakahacumbikirwa maze bakahaba. Rimwe <strong>na</strong> rimwe babwirizaga ibya Kristo mu nsengero<br />

ariko batabyemererwa bakabwiririza mu mazu yihariye cyangwa hanze. Ahantu hose<br />

bashoboraga <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> ababatega amatwi, habaga urusengero rwejejwe. U<strong>ku</strong>ri<br />

kwabwirizanyijwe imbaraga nyinshi n’ibyiringiro nk’ibyo, kwamamaye gufite imbaraga<br />

idashobora gukomwa mu nkokora.<br />

Byabaye iby’ubusa guhamagaza abayobozi mu by’idini n’ubutegetsi bwa <strong>Leta</strong> ngo<br />

basenye icyo bitaga ubuyobe. Byababereye iby’ubusa <strong>na</strong> none kwiyambaza <strong>ku</strong>bashyira muri<br />

gereza, <strong>ku</strong>bica urw’agashinyaguro, <strong>ku</strong>batwika no <strong>ku</strong>bicisha inkota. Ibihumbi byinshi<br />

by’abizera bahamishije kwizera kwabo <strong>ku</strong>menerwa amaraso, ariko ntibyabujije uwo murimo<br />

gukomeza. Icyo itoteza ryakoze gusa ni ukwamamaza u<strong>ku</strong>ri, maze ubwaka Satani yari<br />

ashishikariye komatanya n’u<strong>ku</strong>ri bwaje <strong>ku</strong>rushaho <strong>ku</strong>garagaza neza itandukaniro riri hagati<br />

y’umurimo wa Satani n’uw’Ima<strong>na</strong>.<br />

139

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!