07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Ubwo Luteri yabo<strong>na</strong>ga ingaruka ubwaka buteje Ubugorozi, yagize umubabaro mu mutima<br />

wi<strong>ku</strong>bye kabiri uwo hari hashize igihe kirekere yaragiriye ahitwa Erfurt. Ibikomangoma byari<br />

bishyigikiye Papa byavuze ko inyigisho za Luteri ari zo nkomoko y’ubwigomeke kandi<br />

benshi bari biteguye kwemera iyo mvugo. Nubwo icyo kirego nta shingiro <strong>na</strong> rito cyari gifite,<br />

ntabwo cyari <strong>ku</strong>bura guteza Luteri umubabaro ukomeye. Kuba umurimo wo kwamamaza<br />

u<strong>ku</strong>ri wari gupfobywa muri ubwo buryo bitewe no <strong>ku</strong>wushyira <strong>ku</strong> rwego rumwe n’ubwaka,<br />

byasaga n’ibirenze ibyo ashobora kwihanganira. Ku rundi ruhande, abari bayoboye uko<br />

kwivumbura bangaga Luteri bitewe n’uko atari yararwanyije inyigisho zabo kandi ntiyemera<br />

ibyo bavugaga ko babonekewe n’umucyo mvajuru gusa, ahubwo yari yara<strong>na</strong>vuze ko ari<br />

ibyigomeke <strong>ku</strong> butegetsi bwa <strong>Leta</strong>. Mu kwihimura bamureze <strong>ku</strong>ba umuntu wiyemera bikabije.<br />

Ubwo rero yasaga n’uwihamagariye urwango rw’ibikomangoma <strong>na</strong> rubanda.<br />

Abayoboke b’itorero ry’i Roma bari bishimye, biteze <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> Ubugorozi busenyuka vuba<br />

vuba; kandi bakanenga Luteri bamugerekaho n’amakosa yari yaraharaniye cyane gukosora.<br />

Agatsiko k’abaka, <strong>ku</strong>bwo <strong>ku</strong>beshya bavuga ko bahohotewe bikomeye, bashoboye <strong>ku</strong>gira<br />

umugabane w’abantu benshi ujya mu ruhande rwabo, kandi nk’uko bi<strong>ku</strong>nze <strong>ku</strong>ba <strong>ku</strong> bantu<br />

bishora mu buyobe, bageze ubwo bafatwa nk’abarenganirizwa kwizera kwabo. Bityo ba bandi<br />

bakoreshaga imbaraga zose barwanya ubugorozi bagiriwe impuhwe kandi bagashimagizwa<br />

nk’abantu bagiriwe <strong>na</strong>bi kandi bagakandamizwa. Uwo wari umurimo wa Satani, wari utejwe<br />

<strong>na</strong> wa mwuka wo kwigomeka wagaragariye bwa mbere mu ijuru.<br />

Satani ahora ashaka <strong>ku</strong>yobya abantu no <strong>ku</strong>batera kwita icyaha ubutungane, n’ubutungane<br />

bakabwita icyaha. Mbega uburyo umurimo we wageze <strong>ku</strong> nsinzi! Ni incuro zingahe<br />

abagaragu b’Ima<strong>na</strong> b’indahemuka banengwa kandi bakanegurwa bitewe n’uko barwanirira<br />

u<strong>ku</strong>ri badatinya! Nyamara abantu bakorera Satani bahabwa icyubahiro kandi bagashimagizwa<br />

ndetse bagafatwa ko barenga<strong>na</strong> bazira kwizera kwabo mu gihe abari bakwiriye <strong>ku</strong>bahwa<br />

kandi bagashyigikirwa <strong>ku</strong>bera <strong>ku</strong>ba indahemuka <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong> baba intabwa, bakagirwa abantu bo<br />

kwirindwa no <strong>ku</strong>tiringirwa.<br />

Ubutungane bw’ubwiga<strong>na</strong>no, no kwihangishaho kwera biracyakora umurimo wabyo wo<br />

<strong>ku</strong>yobya abantu. Byitwikira amashusho atandukanye maze bikagaragaza umwuka nk’uwo mu<br />

gihe cya Luteri, bigateshura intekerezo z’abantu zikava <strong>ku</strong> Byanditswe kandi bigatera abantu<br />

gu<strong>ku</strong>rikiza irari ryabo n’intekerezo zabo bwite aho <strong>ku</strong>mvira amategeko y’Ima<strong>na</strong>. Ayo ni<br />

amwe mu mayere akomeye Satani akoresha <strong>ku</strong>gira ngo agayishe ubutungane n’u<strong>ku</strong>ri.<br />

Luteri yarwaniriye ubutumwa bwiza nta bwoba afite maze aburinda ibitero byaturukaga<br />

impande zose. Mu makimbirane yose yabayeho, Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> ryigaragaje ko ari intwaro<br />

ikomeye. Yakoresheje iryo jambo ububasha papa yari yarihaye ndetse n’ibitekerezo byo<br />

gu<strong>ku</strong>rikiza imitekerereze y’umuntu <strong>ku</strong> giti cye by’abiyitaga abahanga b’icyo gihe ari <strong>na</strong> ko<br />

yashikamye nk’urutare akarwanya ubwaka bwashakaga kwifatanya n’Ubugorozi.<br />

Buri muntu wese muri abo barwanyaga ubugorozi yabaga afite inzira ye yihariye<br />

yirengagizagamo Ibyanditswe Byera maze agaha isumbwe ubwenge bwa kimuntu ko ari bwo<br />

136

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!