07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

ubutware <strong>ku</strong>ruta abandi, basabaga umuntu wese kwemera ibyo bavuga atagize icyo abaza.<br />

Ariko ubwo basabaga ko bagira<strong>na</strong> <strong>na</strong> Luteri ikiganiro, yemeye <strong>ku</strong>ganira <strong>na</strong>bo maze abasha<br />

<strong>ku</strong>garagaza neza ibyo biyitiriraga <strong>ku</strong> buryo abo biyoberanyaga bahise bava i Wittenberg.<br />

Ya matwara y’ubwaka yabaye ahagaze mu gihe ru<strong>na</strong>ka; ariko hashize imyaka myinshi<br />

yongera kwaduka noneho afite ubuka<strong>na</strong> burushijeho n’ingaruka mbi cyane. Luteri yavuze<br />

iby’abayobozi b’ubwo bwaka ati: “Kuri bo, Ibyanditswe Byera byari urwandiko rupfuye,<br />

ariko bose batangira kwiyamira bati: ‘Umwuka! Umwuka!’ Ariko njye sinzigera n<strong>ku</strong>rikira<br />

aho umwuka wabo ubayobora. Ndasaba Ima<strong>na</strong> ngo mu mbabazi zayo, indinde <strong>ku</strong>ba mu itorero<br />

ritarimo abera. Nifuza kwibanira n’abicisha bugufi, abanyantegenke, abarwayi, bazi kandi<br />

bumva bafite ibyaha ndetse bahora baniha batakira Ima<strong>na</strong> babi<strong>ku</strong>ye <strong>ku</strong> mutima <strong>ku</strong>gira ngo<br />

ibahumurize kandi ibafashe.” 179<br />

Uwitwa Thomas MÜnzer wari umuntu ushishikaye <strong>ku</strong>rusha abandi mu bwaka, yari<br />

umuntu ufite ubushobozi butangaje bwajyaga <strong>ku</strong>ba bwaramushoboje gukora ibyiza iyo buza<br />

gukoreshwa neza, ariko ntiyari yarize amahame y’ibanze y’idini nya<strong>ku</strong>ri. “Nk’uko abandi<br />

baka babigenza, yari yaratwawe n’icyifuzo cyo <strong>ku</strong>vugurura isi, maze yibagirwa ko ubugorozi<br />

(ivugururwa) bukwiriye gutangirira <strong>ku</strong>ri we ubwe.” 180<br />

Yari afite inyota yo <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> umwanya wo hejuru no kwemerwa mu bantu kandi ntiyifuzaga<br />

<strong>ku</strong>ba uwa kabiri <strong>ku</strong> muntu uwo ari we wese ndetse no <strong>ku</strong>ri Luteri. Yavuze ko mu gufata<br />

ubutware bwa Papa bakabusimbuza ubw’Ibyanditswe, abagorozi babaga bari gushinga<br />

ubundi bupapa butandukanye n’ubwo. We ubwe yivugiraga ko yatumwe n’Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong>gira ngo<br />

atangize ubugorozi nya<strong>ku</strong>ri. Thomas MÜnzer yaravuze ati: “Umuntu ufite uyu mwuka afite<br />

ukwizera nya<strong>ku</strong>ri nubwo mu mibereho ye atabo<strong>na</strong> Ibyanditswe Byera <strong>na</strong> rimwe.” 181<br />

Abigisha b’abaka bemeye <strong>ku</strong>yoborwa bishingiye <strong>ku</strong> marangamutima, bagafata ko<br />

igitekerezo cyose kibajemo n’imbaraga ibahata byose ari ijwi ry’Ima<strong>na</strong>; niyo mpamvu<br />

bagendaga bakagera <strong>ku</strong>re birenze urugero. Bamwe bagera ubwo batwika Bibiliya zabo<br />

bavuga ngo: “Inyuguti iricisha, ariko Umwuka utanga ubugingo.” Inyigisho za MÜnzer<br />

zanyuraga irari ry’abantu bashakaga udushya ari <strong>na</strong>ko zashyigikiraga ubwibone bwabo<br />

hakoreshejwe <strong>ku</strong>rutisha ijambo ry’Ima<strong>na</strong> imyumvire n’ibitekerezo by’abantu. Inyigisho ze<br />

zakiriwe n’abantu ibihumbi byinshi. Bidatinze yavuze ko atemera ko mu materaniro yo<br />

gusengera hamwe habamo gahunda, kandi avuga ko <strong>ku</strong>baha ibikomangoma ari u<strong>ku</strong>gerageza<br />

gukorera Ima<strong>na</strong> <strong>na</strong> Beliyali (Satani).<br />

Intekerezo z’abantu zari zaratangiye <strong>ku</strong>rambirwa igitugu cy’ubutegetsi bwa Papa <strong>na</strong> none<br />

zari zirambiwe <strong>ku</strong>ba munsi y’amabwiriza y’ubutegetsi bwa <strong>Leta</strong>. Inyigisho za MÜnzer zo<br />

kwivumbagatanya yavugaga ko zishyigikiwe n’ijuru, zateye abantu <strong>ku</strong>ba ibyigenge maze ziha<br />

intebe urwikekwe n’irari byabo. Ibyo byaje <strong>ku</strong>byara kwigomeka n’imyivumbagatanyo maze<br />

igihugu cy’Ubudage cyuzura imivu y’amaraso.<br />

135

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!