07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

mu <strong>ku</strong>rwanya u<strong>ku</strong>tizera n’imyizerere ishingiye <strong>ku</strong> migenzo. . . Nta muntu n’umwe uzashyirwa<br />

<strong>ku</strong> gahato. Umudendezo ni wo pfundo ryo kwizera.” 177<br />

Bidatinze in<strong>ku</strong>ru yakwirakwiye mu mujyi wa Wittenberg ko Luteri yagarutse kandi ko<br />

agomba <strong>ku</strong>bwiriza. Abantu benshi baturutse imihanda yose maze kiriziya yuzura abantu<br />

bara<strong>na</strong>saguka. Yarazamutse ajya <strong>ku</strong>ri aritari arigisha, atanga i<strong>na</strong>ma kandi agira n’ibyo anenga<br />

ariko akabikora<strong>na</strong> ubushishozi n’ubwitonzi bwinshi. Ubwo yavugaga <strong>ku</strong> mikorere ya bamwe<br />

bakoresheje ingamba zirimo urugomo mu gu<strong>ku</strong>raho misa, yaravuze ati: “Misa ni ikintu<br />

kidatunganye; ntabwo Ima<strong>na</strong> iyishyigikiye, igomba <strong>ku</strong>vaho; kandi ndifuza ko <strong>ku</strong> isi yose misa<br />

yasimburwa no gusangira ubutumwa bwiza. Ariko mureke he <strong>ku</strong>gira umuntu uyibuzwa <strong>ku</strong><br />

gahato. Icyo kibazo tugomba <strong>ku</strong>kirekera mu maboko y’Ima<strong>na</strong>. Ijambo ryayo niryo rigomba<br />

<strong>ku</strong>gira icyo rikora ntabwo ari twe. Mwabaza muti <strong>ku</strong>ki byagenda bityo? Kubera ko nta fite<br />

imitima y’abantu mu biganza byanjye, nk’uko umubumbyi aba afite ibumba mu biganza bye.<br />

Dufite uburenganzira bwo <strong>ku</strong>vuga ariko ntidufite uburenganzira bwo <strong>ku</strong>gira icyo dukora.<br />

Mureke twe tubwirize, ibisigaye ni iby’Ima<strong>na</strong>. Ndamutse nkoresheje imbaraga, icyo<br />

<strong>na</strong><strong>ku</strong>nguka ni iki? Nabo<strong>na</strong>: Kunegurizwa izuru, <strong>ku</strong>rangiza umuhango, amabwiriza y’abantu<br />

n’uburyarya . . . Ariko ntihabaho u<strong>ku</strong>ri <strong>ku</strong>vuye <strong>ku</strong> mutima, nta kwizera nta n’uru<strong>ku</strong>ndo. Aho<br />

ibyo bintu uko ari bitatu bibuze, nta kintu <strong>na</strong> kimwe kiba gihari, kandi si<strong>na</strong>shyigikira<br />

umusaruro nk’uwo. Ima<strong>na</strong> ikoresha ijambo ryayo ryonyine ibirenze ibyo njye <strong>na</strong>mwe ndetse<br />

n’isi yose dushobora gukora dushyize hamwe imbaraga zacu. Ima<strong>na</strong> yigarurira umutima kandi<br />

iyo umutima wafashwe, Ima<strong>na</strong> iba yigaruriye byose. . .<br />

“Nzabwiriza, mvuge kandi <strong>na</strong>ndike, ariko sinzigera mpata umuntu <strong>ku</strong>bera ko kwizera ari<br />

igikorwa gikoranwa ubushake. Nimurebe ibyo <strong>na</strong>koze! Narwanyije Papa, indurugensiya<br />

n’abayoboke ba Papa ariko <strong>na</strong>bikoze ntawe mputaje cyangwa ngo nteze imvururu. Icyo<br />

<strong>na</strong>shyize imbere ni Ijambo ry’Ima<strong>na</strong>, <strong>na</strong>rabwirije kandi ndandika nta kindi <strong>na</strong>koze. Ariko mu<br />

gihe <strong>na</strong>ri ndyamye, ijambo <strong>na</strong>ri <strong>na</strong>rabwirije ryasenye ubupapa <strong>ku</strong> buryo yaba igikomangoma<br />

cyangwa umwami w’abami batigeze babukoresha bene ako kageni. Nyamara kandi njye<br />

ntacyo <strong>na</strong>koze, Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> ryonyine ni ryo ryakoze byose. Iyo mba <strong>na</strong>rifuje gukoresha<br />

imbaraga, bishoboka ko Ubudage bwose bwajyaga gutembamo amaraso. Ariko se ingaruka<br />

iba yarabaye iyihe? Hari <strong>ku</strong>baho gusenyuka no <strong>ku</strong>rimbuka by’ubugingo n’umubiri.<br />

Kubw’ibyo <strong>na</strong>racecetse maze ndeka Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> ryonyine rikwirakwiza <strong>ku</strong> isi.” 178<br />

Luteri yamaze icyumweru cyose buri munsi abwiriza imbaga y’abantu bari bafitiye<br />

amatsiko. Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> ryaganje umwuka wo gutwarwa utewe n’ubwaka. Imbaraga<br />

y’ubutumwa bwiza yagaruye mu nzira y’u<strong>ku</strong>ri abantu bari barayobejwe.<br />

Ntabwo Luteri yifuzaga guhura n’abo bantu b’abaka bari barateje akaga gakomeye gatyo<br />

<strong>ku</strong>bw’imikorere yabo. Yari azi neza ko ari abantu bafite imitekerereze idatunganye kandi<br />

batabasha kwitegeka, Abo bantu nubwo bavugaga ko bamurikiwe n’ijuru mu buryo<br />

budasanzwe, ntabwo babashaga kwihanganira uguhinyuzwa uko kwaba koroheje kose<br />

cyangwa se ubacyaha mu kinyabupfura cyangwa ubagira i<strong>na</strong>ma. Kubera kwibo<strong>na</strong> bakiha<br />

134

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!