Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya... Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cya 1 – Iherezo ry'Isi «Uyu munsi nawe, iyo umenya ibyaguhesha amahoro! Ariko noneho bihishwe amaso yawe. Kuko iminsi izaza, ubwo abanzi bawe bazakubakaho uruzitiro. Bazakugota, bazakurinda cyane impande zose, kandi bazagutsembana n’abana bawe batuye muri wowe. Ntibazagusigira ibuye rigeretse ku rindi, kuko utamenye igihe wagenderewe. » Luka 19:42- 44. Ubwo Yesu yari mu mpinga y’Umusozi w’imyelayo yitegereje Yerusalemu. Ibyo amaso ye yabonaga muri uwo mujyi byari ibintu byiza kandi bituje. Hari mu bihe bya Pasika, bityo Abisiraheli bari baraturutse impande zose baje kwizihiza uwo munsi mukuru w’ishyanga ryabo. Hagati y’imirima n’ibiti by’imizabibu, ndetse n’uducuri dutoshye twari tudendejeho amahema y’abo bagenzi, hari udusozi turinganiye, amazu meza arimbishijwe cyane ndetse n’inkuta nini cyane zari zigose uwo murwa mukuru wa Isiraheli. Mu kwishongora kwabo, abatuye i Siyoni basaga n’abavuga bati: “tumeze nk’umwamikazi kandi ntituzagira ikitubabaza”; kubera rero igikundiro bari bafite, bibaraga nk’abari mu bwishingizi bw’ijuru; nk’uko byari bimeze mu bihe bya kera igihe umutwe w’abaririmbyi b’i bwami waririmbaga uti, « Umusozi wa Siyoni uri i kasikazi, uburebure bwawo ni wo byishimo by’isi yose, ni wo rurembo rw’Umwami ukomeye.» Zaburi 48:2. Inyubako nziza cyane zari zigize ingoro y’Imana zagaragaraga zose. Imirasire y’izuba rirenga yamurikaga ku rwererane rw’inkuta z’uwo murwa zari zigizwe n’amabuye y’ubwoko bwa marubule maze ikabengeranira ku rugi n’umunara bya zahabu. Ubwo «bwiza butagira inenge » ni bwo bwari ishema ry’ishyanga ry’Abayuda. Ni nde Mwisiraheli wari kubyitegereza ngo abure gusabwa n’ibyishimo kandi ngo ye kubitangarira! Ariko Yesu we yatekerezaga ku bindi bintu birenze ibyo. « Ageze hafi abona umurwa arawuririra. » Luka 19:41. Igihe abantu bose bari bishimiye ko yinjiye mu murwa afite ubutware, bazunguza amashami y’imikindo, igihe indirimbo zo kuramya zaririmbanwaga umunezero zirangiraga mu misozi maze abantu ibihumbi byinshi bagatangaza ko ari umwami, Umucunguzi w’isi we yashenguwe n’agahinda k’ikubagahu kandi kadasanzwe. Umwana w’Imana, Uwo Abisiraheli basezeranyijwe, nyir’ububasha bwanesheje urupfu kandi bwazuye abapfuye we yarariraga, atarizwa n’agahinda gasanzwe, ahubwo afite intimba ikomeye, itabasha kwihanganirwa. Nubwo yari azi akaga kamutegereje ntabwo yiririraga ubwe. Imbere ye yahabonaga Getsemani, ahantu yari ategereje kubabarizwa bikomeye. Yarebaga kandi irembo ry’intama ryari rimaze imyaka myinshi rinyuzwamo ibitambo, kandi na we akaba ari ryo yari kuzanyuramo igihe yagombaga kumera “nk’umwana w’intama bajyana kubaga.” Yesaya 53:7.. Hafi aho hari Karuvali, ahabambirwaga abantu. Inzira Kristo yari hafi kunyuramo yagombaga kubudikwaho n’umwijima uteye ubwoba mu gihe yari kwitangaho igitambo cy’icyaha. Nyamara ntabwo gutekereza kuri ibyo bintu ari cyo cyamuteye kwijima mu maso 6

Itorero na Leta ku Rugamba muri icyo gihe abandi bari bafite ibyishimo. Ntabwo gutinya umubabaro wendaga kumugeraho urenze uwo kamere ya muntu yakwihanganira ari byo byari bigose umutima we utikunda. Yarizwaga n’akaga kari gategereje abantu ibihumbi n’ibihumbi bari batuye i Yerusalemu. Akaga kari guterwa n’ubuhumyi no kutihana kw’abo yari yaje guhira no gucungura. Yesu yitegereje amateka y’imyaka irenga igihumbi yerekeye ineza n’uburinzi byihariye Imana yagaragarije ishyanga ryatoranyijwe. Aho hari umusozi Moriya, aho umwana w’isezerano wajyanywe gutambwa ntatere amahane, yari yarabohewe arambikwa ku rutambiro- ibyo bikaba byarashushanyaga igitambo cy’Umwana w’Imana. Aho ni ho isezerano ryo guhabwa imigisha, isezerano ry’agatangaza rya Mesiya ryari ryahamirijwe byimazeyo umubyeyi w’abizera Imana b’indahemuka. Itangiriro 22:9, 16-18. Aho ngaho umuriro w’igitambo cyoswa wazamutse ujya mu ijuru uva ku mbuga ya Orunani wari warakumiriye inkota ya marayika urimbura (1 Ngoma 21), iyo ikaba yari ishusho nyayo igaragaza igitambo Umukiza yatangiye abanyabyaha ndetse n’umurimo akora wo kubahuza n’Imana. Imana yari yarahaye Yerusalemu icyubahiro gisumba icy’isi yose. Uhoraho « Yatoranije Siyoni, yahashakiye kuba Ubuturo bwe ». Zaburi 132:13. Aho hantu abahanuzi bera bari barahavugiye ubutumwa bwabo bw’imbuzi mu myaka myinshi. Aho hantu, abatambyi bari barahazungurije ibyotero by’imibavu babaga bafite kandi umwuka w’umubavu wari warahazamukiye ujya imbere y’Imana uzamukanye n’amasengesho y’abaje kuyiramya. Aho hantu kandi buri munsi hari haragiye hatambirwa amaraso y’intama basogose, ibyo bikaba byarashyushanyaga Umwana w’intama w’Imana wagombaga kuzatambwa. Aho hantu Yehova yari yaraherekaniye kuhaba kwe abyerekaniye mu gicu cy’ikuzo rye cyari gitwikiriye intebe y’ihongerero. Aho niho hari urufatiro rw’urwego rutagaragara ruhuza ijuru n’isi (Itangiriro 28 :12 ; Yohana 1 :51)--rwa rwego rwazamukirwaga n’abamarayika abandi barumanukiraho rwakinguriye abatuye isi inzira ijya ahera cyane. Iyo Abisiraheli nk’ishyanga bakomeza kumvira Imana, Yerusalemu yari kuguma kuba iyatoranyijwe n’Imana. Yeremiya 17:21-25. Ariko amateka y’iryo shyanga ryahawe umugisha yari yararanzwe no gusaya mu buyobe no kwigomeka. Bari bararwanyije ubuntu bw’Imana, barakoresheje nabi imigisha y’umwihariko bari bafite, ndetse barakerenseje amahirwe bahawe. Nubwo Abisiraheli bari baragiye «bashinyagurira intumwa z’Imana bagasuzugura amagambo yayo, bagaseka abahanuzi b’Imana » (2 Ngoma 36:16), Imana yari yarakomeje kubiyereka nk’« Uwiteka, Imana y’ibambe n’imbabazi itinda kurakara, ifite kugira neza kwinshi n’umurava mwinshi” (Kuva 34:6). Nubwo bakomeje kwamagana Imana, Yo yakomeje kubinginga ikoresheje imbabazi zayo. Mu rukundo rwayo ruruta urukundo rwuje impuhwe umubyeyi akunda umwana we, Imana yari yaragiye « ibatumaho intumwa zayo, ikazinduka kare igatuma kuko yababariraga abantu bayo n’ubuturo bwayo.» 2 Ngoma 36:15. 7

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Igice Cya 1 – Iherezo ry'Isi<br />

«Uyu munsi <strong>na</strong>we, iyo umenya ibyaguhesha amahoro! Ariko noneho bihishwe amaso<br />

yawe. Kuko iminsi izaza, ubwo abanzi bawe baza<strong>ku</strong>bakaho uruzitiro. Baza<strong>ku</strong>gota,<br />

baza<strong>ku</strong>rinda cyane impande zose, kandi bazagutsemba<strong>na</strong> n’aba<strong>na</strong> bawe batuye muri wowe.<br />

Ntibazagusigira ibuye rigeretse <strong>ku</strong> rindi, <strong>ku</strong>ko utamenye igihe wagenderewe. » Luka 19:42-<br />

44.<br />

Ubwo Yesu yari mu mpinga y’Umusozi w’imyelayo yitegereje Yerusalemu. Ibyo amaso<br />

ye yabo<strong>na</strong>ga muri uwo mujyi byari ibintu byiza kandi bituje. Hari mu bihe bya Pasika, bityo<br />

Abisiraheli bari baraturutse impande zose baje kwizihiza uwo munsi mu<strong>ku</strong>ru w’ishyanga<br />

ryabo. Hagati y’imirima n’ibiti by’imizabibu, ndetse n’uducuri dutoshye twari tudendejeho<br />

amahema y’abo bagenzi, hari udusozi turinganiye, amazu meza arimbishijwe cyane ndetse<br />

n’in<strong>ku</strong>ta nini cyane zari zigose uwo murwa mu<strong>ku</strong>ru wa Isiraheli. Mu kwishongora kwabo,<br />

abatuye i Siyoni basaga n’abavuga bati: “tumeze nk’umwamikazi kandi ntituzagira<br />

ikitubabaza”; <strong>ku</strong>bera rero igi<strong>ku</strong>ndiro bari bafite, bibaraga nk’abari mu bwishingizi bw’ijuru;<br />

nk’uko byari bimeze mu bihe bya kera igihe umutwe w’abaririmbyi b’i bwami waririmbaga<br />

uti, « Umusozi wa Siyoni uri i kasikazi, uburebure bwawo ni wo byishimo by’isi yose, ni wo<br />

rurembo rw’Umwami ukomeye.» Zaburi 48:2. Inyubako nziza cyane zari zigize ingoro<br />

y’Ima<strong>na</strong> zagaragaraga zose. Imirasire y’izuba rirenga yamurikaga <strong>ku</strong> rwererane rw’in<strong>ku</strong>ta<br />

z’uwo murwa zari zigizwe n’amabuye y’ubwoko bwa marubule maze ikabengeranira <strong>ku</strong> rugi<br />

n’umu<strong>na</strong>ra bya zahabu. Ubwo «bwiza butagira inenge » ni bwo bwari ishema ry’ishyanga<br />

ry’Abayuda. Ni nde Mwisiraheli wari <strong>ku</strong>byitegereza ngo abure gusabwa n’ibyishimo kandi<br />

ngo ye <strong>ku</strong>bitangarira! Ariko Yesu we yatekerezaga <strong>ku</strong> bindi bintu birenze ibyo. « Ageze hafi<br />

abo<strong>na</strong> umurwa arawuririra. » Luka 19:41.<br />

Igihe abantu bose bari bishimiye ko yinjiye mu murwa afite ubutware, bazunguza<br />

amashami y’imikindo, igihe indirimbo zo <strong>ku</strong>ramya zaririmbanwaga umunezero zirangiraga<br />

mu misozi maze abantu ibihumbi byinshi bagatangaza ko ari umwami, Umucunguzi w’isi we<br />

yashenguwe n’agahinda k’i<strong>ku</strong>bagahu kandi kadasanzwe. Umwa<strong>na</strong> w’Ima<strong>na</strong>, Uwo Abisiraheli<br />

basezeranyijwe, nyir’ububasha bwanesheje urupfu kandi bwazuye abapfuye we yarariraga,<br />

atarizwa n’agahinda gasanzwe, ahubwo afite intimba ikomeye, itabasha kwihanganirwa.<br />

Nubwo yari azi akaga kamutegereje ntabwo yiririraga ubwe. Imbere ye yahabo<strong>na</strong>ga<br />

Getsemani, ahantu yari ategereje <strong>ku</strong>babarizwa bikomeye. Yarebaga kandi irembo ry’intama<br />

ryari rimaze imyaka myinshi rinyuzwamo ibitambo, kandi <strong>na</strong> we akaba ari ryo yari<br />

<strong>ku</strong>zanyuramo igihe yagombaga <strong>ku</strong>mera “nk’umwa<strong>na</strong> w’intama bajya<strong>na</strong> <strong>ku</strong>baga.” Yesaya<br />

53:7..<br />

Hafi aho hari Karuvali, ahabambirwaga abantu. Inzira Kristo yari hafi <strong>ku</strong>nyuramo<br />

yagombaga <strong>ku</strong>budikwaho n’umwijima uteye ubwoba mu gihe yari kwitangaho igitambo<br />

cy’icyaha. Nyamara ntabwo gutekereza <strong>ku</strong>ri ibyo bintu ari cyo cyamuteye kwijima mu maso<br />

6

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!